amafoto
Uko ibikorwa byo kwamamaza abakandida depite b’Umuryango FPR Inkotanyi n’indi mitwe ya Politiki bafatanyije byari byifashe ku wa 30 Kanama 2018 mu murenge wa...
Hi, what are you looking for?
Uko ibikorwa byo kwamamaza abakandida depite b’Umuryango FPR Inkotanyi n’indi mitwe ya Politiki bafatanyije byari byifashe ku wa 30 Kanama 2018 mu murenge wa...
Abaturage bo mu karere ka Musanze, cyane cyane abatuye mu murenge wa Muhoza, baravuga imyato FPR Inkotanyi kuba yarabakuye mu buzima bubi ubu bakaba...
Mu matora y’abadepite, abafite ubumuga usanga babyiganira ku mwanya umwe w’ubahagarariye nymara bafite uburengenzira bwo kwiyamamaza mu byiciro byose by’abadepite mu nteko ishinga amategeko....
Abakandida b’Umuryango FPR Inkotanyi n’indi mitwe ya Politiki bifatanyije, barizeza abanyarwanda ubufatanye busesuye mu guteza imbere umuryango hashingiwe ku gukemura amakimbirane mu ngo, ibyo...
Ishyaka riharanira ukwishyira ukizana kwa muntu PL ryemereye abatuye mu karere ka Bugesera ko nibaritora bazakemura ikibazo cy’amazi yabaye ingume hamwe n’iki miturire. Ku...
Ishyaka riharanira ukwishyira ukizana kwa buri muntu, PL, ryijeje abatuye uturere twa Huye na Gisagara ko nibaritorera kubahagararira mu Nteko Ishinga amategeko, rizaharanira ko...
Mu ijoro ryo ku itariki ya 29 Kanama 2018, nibwo Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyagatare yafashe abagabo babiri bari bafite amabaro...
Kugira ngo harangizwe urubanza RC00340/2016/TGI/CMB na RC00204/2016/TGI/GSBO rwaciwe n’urukiko rwisumbuye rwa Gasabo ku wa 09/06/2017. Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa...
Rwanda from 28–30 August 2018 hosts a Pan African Workshop on Access and Benefit Sharing of Genetic Resources (ABS). The workshop brings together participants...
Kuva ku wa 28 kugera ku wa 30 Kanama 2018, u Rwanda rurakira inama Nyafurika iganira ku bijyanye n’uburyo bwo kugera ku mutungo ndangakamere...
Ku wa 26 Kanama 2018, wari umunsi wo kwamamaza abakandida ba FPR Inkotanyi mu karere ka Gatsibo, Umurenge wa Gitoki. Abanyamuryango ba FPR Inkotanyi...
Imyitwarire idahwitse ya bamwe mu bari abasirikare ituma byitirirwa abasezerewe mu gisirikare bose, nyamara kugira imyitwarire myiza ntawe byateye ibihombo. Ibi ni ibyagarutsweho na...
Mu gihe ibikorwa byo kwiyamamaza ku bakandida Depite b’imitwe ya Politiki ndetse n’abigenga bikomeje, Ishyaka riharanira ukwishyira ukizana kwa buri muntu –PL, riravuga ko...
Urubyiruko rwibumbiye mu Ihuriro ry’Abakorerabushake mu gukumira no kurwanya ibyaha ( RYVCP) rwasabwe kurushaho gukora nk’abikorera mu bikorwa bigamije kubungabunga umutekano n’imibereho myiza y’abaturage....
Ishyaka riharanira demokarasi n’imibereho myiza y’abaturage –PSD, ubwo ryekerekanaga abakandida depite baryo mu karere ka Huye, ryijeje abaturage kugira uruhare bakora ubuvugizi mu kuvugurura...