Amakuru
Inteko rusange ya Sena y’u Rwanda yo ku wa 10 Gashyantare 2020, yasuzumye raporo ya Komisiyo y’Imibereho y’abaturage n’Uburenganzira bwa Muntu, ku isuzuma rya ...
Hi, what are you looking for?
Inteko rusange ya Sena y’u Rwanda yo ku wa 10 Gashyantare 2020, yasuzumye raporo ya Komisiyo y’Imibereho y’abaturage n’Uburenganzira bwa Muntu, ku isuzuma rya ...
U Rwanda rumaze kohereza impapuro mpuzamahanga mu bihugu umunani zita muri yombi abantu bakurikiranweho kunyereza amafaranga y’u Rwanda asaga miliyari imwe bakayahisha kuri konti...
Umuturage wo mu murenge wa Nyagisozi, Akarere ka Nyanza, yafashwe ashaka guha ruswa umwe mu bakozi b’inzego z’umutekano, igera ku mafaranga y’u Rwanda ibihumbi...
Nyiramutuzo Lea, utuye mu karere ka Kicukiro, Umurenge wa Kigarama, Akagari ka Nyarurama, Umudugudu wa Kamabuye, ufite indangamuntu No 1199670055187069, aramenyesha ko yifuza guhindura...
Ku wa Gatanu tariki ya 07 Gashyantare 2020 mu cyumba cy’inama cya Centre Pastoral Notre Dame de Fatima giherereye mu murenge wa Muhoza, mu...
Ni mu muhango wo gutangiza ku mugaragaro gahunda y’ubukangurambaga bugamije gushishikariza abana kugira umuco wo gusoma, aho ababyeyi n’abarezi bahuriye mu cyumba cy’inama cy’Akarere ka Gasabo ku wa 05...
Ku wa 8 Werurwe 2020, ku munsi mpuzamahanga w’abagore, mu Rwanda hateganyijwe igitaramo cyo gushimira abahanzi bamamaza inganzo yuje umuco nyarwanda haba imbere mu...
Polisi y’u Rwanda yongeye kubakangurira abaturage b’akarere ka Kirehe kwirinda kunywa, gukora no gucuruza inzoga zitujuje ubuziranenge zikomeje kugaragara. Bagaragarijwe ko, usibye kuba zabagiraho...
Abahagarariye urubyiruko rw’abakorerabushake mu karere ka Nyagatare baravuga ko mu 2019 hari ibikorwa bagiye bafashamo abaturage bijyanye no guteza imbere imibereho myiza yabo harimo ...
Igitaramo Ikirenga mu Bahanzi ni igitaramo gishingiye ku guteza imbere umuco biciye ku bahanzi, aho hazashimirwa umuhanzi wamamaje umuco nyarwanda mu Rwanda no mahanga,...
Minisiteri y’ubuzima ibinyujije mu kigo cy’igihugu Gishinzwe Ubuzima (RBC), ku bufatanye na Minisiteri y’Ingabo n’abafatantabikorwa, ku wa 4 Gashyantare 2020 mu kuzirikana umunsi wahariwe...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera bwishimira ko kuba serivisi z’ubuzima zaregerejwe abaturage, bacitse ku muco wo kubarira mu rugo bagana ibigo nderabuzima. Ubu ababyeyi babyarira...
Daniel Toroitich Arap Moi wabaye Perezida wa Kenya igihe k’imyaka 24 yatabarutse afite imyaka 95. Perezida wa Kenya Uhuru Kenyatta ni we watangaje ko...
Abaturage bakomeje gushima ubutwari bw’umugabo wagaragaye mu mashusho arohora umwana wari ugiye gutwarwa n’amazi y’imvura muri ruhurura ya Nyabugogo mu mpera z’icyumweru gishize. Nk’uko...
Umukecuru witwa Nyiranzabihimana Marceline ufite imyaka 56 utuye mu karere ka Rutsiro yafatanwe udupfunyika 488 tw’urumogi. Uru rumogi yagendaga akuraho rukeya akaruha umwana w’imyaka 15 akajya...