
Nyuma y’amezi abiri, Urwego ngenzuramikorere (RURA) rwatandaje ko ibiciro bya Esanse na Mazutu byazamutse. Kuva tariki ya 4 Ugushyingo 2020 kugeza ku wa 7 Mutarama 2021, ibyo biciro bizamutse hagati y’amafaranga 11 na 29.
Esanse yavuye ku mafaranga 976 ijya ku mafaranga 987 ni ukuvuga ko yazamutseho amafaranga y’u Rwanda 11. Mazutu yavuye ku mafaranga 923 ijya ku mafaranga 962 ni ukuvuga ko yazamutseho amafaranga y’u Rwanda 29.
Ibiciro bishya bigomba gutangira kubahirizwa ku wa 7 Mutarama 2021.


Rwanyange Rene Anthere
Leave a Reply