“Iteka impamvu y’ikintu iruta ikintu ubwacyo”
Iyo umuntu afite intego ntiyita ku mpinduka chalenges ahura nazo, imibabaro, uburetwa… kuko abazi iyo agana n’icyo ashaka kugeraho kuko kwitwa umutsinzi bisaba igiciro kandi […]
Iyo umuntu afite intego ntiyita ku mpinduka chalenges ahura nazo, imibabaro, uburetwa… kuko abazi iyo agana n’icyo ashaka kugeraho kuko kwitwa umutsinzi bisaba igiciro kandi […]
Bamwe mu bayoboke ba ADEPR bavuga ko bahagarariye Abanyamuryango bo mu Itorero rya ADEPR baharanira imiyoborere myiza n’Ijwi ry’Abakirisito bashaka impinduka nziza muri ADEPR, bandikiye […]
Padiri Rugirangoga Ubald wamenyekanye cyane kubera ibikorwa by’isanamitima n’ibindi byiganjemo ibyo gusengera abarwayi bagakira, yitabye Imana mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu. Yari amaze […]
Korali Isezerano ni iy’Itorero rya ADEPR mu karere ka Nyamagabe, Paruwasi ya Sumba. Yatangiye umurimo w’ivugabutumwa binyuze mu ndirimbo mu 1999, ifite abaririmbyi 10, ubu […]
Itangazo ry’Urwego rw’Igihugu rw’imiyoborere (RGB) ryo ku wa 8 Ukwakira 2020, rigaragaza ko hashyizweho ubuyobozi bushya bw’inzibacyuho bugiye kuyobora ADEPR mu gihe cy’amezi 12, uhereye […]
Urwego rw’Igihugu rw’imiyoborere (RGB) rwatangaje ko ruhagaritse inzego nkuru z’ubuyobozi bwa ADEPR, zirimo Inteko Rusange, Inama y’ubuyobozi, Komite Nyobozi (Biro) na Komite Nkemurampaka. RGB kandi […]
Nyuma y’iminsi itageze kuri mirongo itatu (30) Umuvugizi wungirje wa ADEPR, Rev. Karangwa John, agizwe umwere ku byaha yaregwaga byatumye amara muri gereza ya Nyarugenge […]
Abayobozi ba ADEPR kuva ku rwego rw’uturere kugeza ku rwego rw’igihugu bahawe ibiganiro murikarumuri ku miyoborere, imyitwarire iboneye no gukemura amakimbirane, biyemeza ko bagiye kugeza […]
Kuva tariki ya 11 kugeza ku ya 20 Kamena 2019, abantu banyuranye batonyijwe nk’inararibonye mw’Itorero rya ADEPR bagera ku 123 bahuriye, ku minsi inyuranye, mu […]
Umuvugizi wa ADEPR, Pasiteri Karuranga Ephrem, n’itsinda ayoboye ry’abantu bane kuva ku wa mbere tariki 12 kugeza ku wa 23 Kanama 2019 bari mu butuma […]
ADEPR ishami rya Uganda yugarijwe n’uruhuri rw’ibibazo birimo imiyoborere bivugwa ko ishingiye ku bunyangamugayo buke ariko kandi inyandiko zaryo zikaba zinagaragaza ko riyobowe n’Umucuruzi ufite […]
Ubuyobozi bukuru bwa ADEPR burashinjwa na bamwe mu bakirisito kubayoboza igitugu, gucecekesha abashaka kugaragaza akarengane kagirirwa bamwe mu bashumba n’abakirisito, ndetse no kwirukana abo bumva […]
Abagize group ya Fine Gospel baravuga ko urubyiruko ari imbaraga z’igihugu kandi z’Itorero zubaka. Muri iki gitaramo hiteguwemo gutangira abatishoboye ubwisungane mu kwivuza. Abagize itsinda […]
Panorama Amakuru agera ku kinyamakuru Panorama ni uko kuri uyu mugoroba wo ku wa 11 Werurwe 2018, Umushumba wa Diyoseze ya Cyangugu Nyiricyubahiro Musenyeri Jean […]
Korali Christus Vincit iririmba cyane cyane mu cyongereza, igizwe n’abaririmbi bagera kuri magana abiri basengera muri Centre Christus i Remera. Mu rwego rwo kugaragaza ibikorwa […]
Copyright 2016