Igisigo gituwe mwarimu: “Murêzi wange”
Tariki ya 5 Ukwakira, ni umunsi ngarukamwaka wa mwarimu. Uyu munsi ubaye mu bihe bikomeye iyi yose yugarijwe n’Icyorezo cya COVID-19. Amashuri yarahagaze, ariko mwarimu […]
Tariki ya 5 Ukwakira, ni umunsi ngarukamwaka wa mwarimu. Uyu munsi ubaye mu bihe bikomeye iyi yose yugarijwe n’Icyorezo cya COVID-19. Amashuri yarahagaze, ariko mwarimu […]
Mu gice cya kabiri twabagejejeho ibirebana n’ushobora kuba Umugaragu cyangwa Shebuja. Turakomeza rero n’igice cya gatatu. Uko ubuhake bwari buteye Umwanditsi Nizeyimana Innocent, mu gitabo […]
Mu gice cya mbere cy’ubuhake mu Rwanda rwo hambere twabajejeho ibijyanye twabagejejeho n’icyo ubuhake ari cyo ndetse n’uko umuntu yashoboraga kuremera undi cyangwa akamunyaga. Turakomeza […]
Abanditsi benshi, ari Abihayimana ndetse n’abakoloni, banditse ku buhake, kandi aba bose babusobanura ku buryo butandukanye. Bamwe babusonura nk’igikoresho Abatutsi bifashishije kugira ngo bahindure Abahutu […]
Uyu mugani baca ngo: “yakoze iyo bwabage”, cyangwa yakoze aho bwabaga, bawuca iyo babonye umuntu wacogoye ariko asanganywe imbaraga babona ananiwe icyo yahoraga ashobora bakamubwira […]
Umugani baca ngo “Yariye Karungu”, bawuvuga iyo babonye umuntu warakaye yarubiye, nibwo bavuga ngo “ni mumubise dore yariye karungu.” Wakomotse kuri Karungu n’umugore we Nyirakamagaza […]
Mu gihe buri wa gatanu wa mbere w’ukwezi kwa Kanama buri mwaka, abanyarwanda bizihiza umunsi w’umuganura. Abakuze bavuga ko gukomera kuri uyu muhango ari ugusigasira […]
Abakurikirira hafi amateka y’Isi basanga nta muntu ugomba kwemera ko amateka y’igihugu cye asibangana kuko kuyatakaza bigira ingaruka mbi nyinshi ku bariho ubu ndetse no […]
Ku ngoma y’umwami Yuhi wa V Musinga wayoboye u Rwanda ahagana mu 1883 -1944 agace ka Gitwe kari mu Murenge wa Bweramana mu Karere ka […]
Uyu mugani bawucira ku muntu ukunda kugira umururumba aririra utw’abandi, ntanyurwe n’ibye bwite n’iyo byamusagiranye; ni bwo bavugaga bati “Ingwize yishe Ntango”. Wakomotse kuri uwo […]
Mu buzima bw’umuntu bwa buri munsi, akenera inshuti baganira bakajya inama. Akenera kugura ikintu kimuneza, kimukemurira ibibazo, kimuteza imbere ndetse kinamwubaka. Iyo usoma igitabo wumva […]
Hashingiwe ku mabwiriza ya Guverinoma agamije gukumira icyorezo cya Koronavirusi, Komisiyo y’Igihugu yo kurwanya Jenoside (CNLG) ivuga ko habaye impinduka ebyiri mu mabwiriza yo Kwibuka ku […]
Iki gitaramo giteganyijwe kuba ku wa 8 Werurwe 2020, ari na yo tariki yizihizwaho umunsi mpuzamahanga w’abagore. Ku nshuro ya mbere kikaba kigiye kuba mu […]
Abashinzwe gutegura igitaramo “Ikirenga mu Bahanzi 2020” cyo gushimira umuhanzi wabaye indashyikirwa mu kwimakaza umuco nyarwanda abinyujije mu ndirimbo, batangaje ko abashaka kugura amatike y’igitaramo […]
Mu Rwanda hasanzwe hamenyerewe isomero ry’igihugu, ribamo ibitabo bitandukanye kandi mu ndimi zitandukanye bitewe n’urwo buri wese yiyumvamo. Ntibisanzwe ko abantu babona isomero ry’ibitabo byanditse […]
Copyright 2016