Uburinganire buracyakerenswa n’umuco mu Rwanda
Nyuma y’inkuru yasohotse mu Mvaho Nshya no muri Panorama, Profesa Malonga yibaza ndetse agaragaza ko mu Rwanda ibyo gukora ibirori by’ubukwe inshuro nyinshi harimo gusaba […]
Nyuma y’inkuru yasohotse mu Mvaho Nshya no muri Panorama, Profesa Malonga yibaza ndetse agaragaza ko mu Rwanda ibyo gukora ibirori by’ubukwe inshuro nyinshi harimo gusaba […]
Hashize umwaka ikigo cy’amashuri y’imyuga cya ESECOM (Ecole secondaire communautaire de Rucano) giherereye mu murenge wa Hindiro mu karere ka Ngororero, cyatangije igicumbi cy’umuco kirimo […]
«Ihuriro ni i Huro!» Uyu mugani umenyerewe cyane mu mateka y’u Rwanda ariko kandi si amarenga aka gace karahari. Huro ni akagari ko mu murenge […]
Uyu mugani bawuca iyo babonye umuntu wangiriye gukora icyo abandi bazashobora; ni bwo bagira, bati “si we kamara, nimumwihorere abandi bazarukemura!” Wakomotse ku mugaragu wa […]
Bakunzi bacu, mu gice cya mbere cy’imihango, imigenzo n’imiziririzo mu Rwanda rwo hambere, twabagejejeho ibirebana n’umuntu n’undi muntu muri rusange. Muri iki gice cya kabiri […]
Twifashishije igitabo “Imihango, imigenzo n’Imiziririzo” cya Musenyeri Aloys Bigirumwami, cyanditswe mu 1974, Imihango, Imigenzo n’imiziririzo by’Abantu ni umuco karande ukaba n’imvugo-ngiro yarangaga abanyarwanda mu mibereho yabo […]
Uyu mugani baca ngo “yazindutse iyamarumba”, bawuca iyo babonye umuntu yaciye ijoro mo kabiri azinduwe n’ikimubangamiye; ni bwo bavuga ngo “naka yazindutse iyamarumba”. Wakomotse kuri […]
Kubungabunga umuco n’ibimenyetso ndangamateka y’u Rwanda bizagerwaho abo bireba bose babigizemo uruhare, kandi hakaba ubufatanye bw’inzego zose no guhuza amaboko kw’imiryango itegamiye kuri Leta ifite […]
Umuryango w’Abanyarwanda batuye muri Ethiopia, bahuriye mu birori byo kwizihiza umunsi w’Umuganura, ku mugoroba wo ku wa gatandatu tariki 2 Nzeri 2017. Uwo muhango wabereye […]
“Tugomba kubakira ku muco wacu kugira ngo tugere ku iterambere rirambye. Umunsi w’umuganira ni umwanya wo kwishimira ibyagezweho bijyanye n’aho ibihe bigeze.” Ibi byagarutsweho ku […]
Ikinyarwanda ni ururimi rukoreshwa n’abanyarwanda benshi mu byiciro bya serivisi zidatukanye haba mu buyobozi, mu mashuri, mu bugeni, mu bucuruzi no mu nganda kandi ni […]
Copyright 2016