Abahinzi baragerekwaho igihombo RAB na HORECO bagombye kubazwa
Ni mu gishanga cya Rugende kiri hagati y’umurenge wa Nyakariro muri Rwamagana n’uwa Masaka muri Kicukiro. Ni ubuso bungana na Hegitari 45 zihinzeho ibigori. Urebye […]
Ni mu gishanga cya Rugende kiri hagati y’umurenge wa Nyakariro muri Rwamagana n’uwa Masaka muri Kicukiro. Ni ubuso bungana na Hegitari 45 zihinzeho ibigori. Urebye […]
Abahinzi batubura imbuto bibumbiye muri Koperative COMSS yo mu karere ka Kicukiro, bashinja Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuhinzi n’Ubworozi -RAB, kubambura amafaranga y’u Rwanda asaga miliyoni ijana […]
Imirimo yo kubaka ibikorwaremezo bizifashishwa mu gucukura gazi mu kiyaga cya Kivu irimbanyije kugira ngo itunganywemo amashanyarazi. Mu kwezi kwa Kamena 2021 byitezwe ko hazaboneka […]
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rwamagana n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe amakoperative (RCA), baravugwaho gukingira ikibaba no gutinza gukurikirana abari abayobozi ba Koperative EJO HEZA RUGENDE RICE, bavugwaho imicungire […]
Abahinzi b’umuceri bo mu gishanga cya Rugende barinubira amafaranga bakwa Water User bivugwa ko ari ayo gucunga imikoreshereze y’amazi muri icyo gishanga ariko imirimo yose […]
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI) yatangaje ko yaguze imashini 10 zigiye kujya zifashishwa mu kumisha imyaka y’ibinyampeke, hagamijwe kugabanya igihombo abahinzi baterwaga no kumisha mu buryo […]
Employees in hospitality industry in Rwanda that compiles together hotels, restaurants and bars face various challenges and violence that still hinder the development of the […]
Nyuma y’amezi abiri, Urwego ngenzuramikorere (RURA) rwatandaje ko ibiciro bya Esanse na Mazutu byazamutse. Kuva tariki ya 4 Ugushyingo 2020 kugeza ku wa 7 Mutarama […]
Ubutaka bwo ku nkombe z’ibiyaga n’imigezi ni umutungo rusange wa Leta, ntawemerewe kubukoresha atabihewe uruhushya na minisiteri ifite ibidukikije mu nshingano zayo. Ubutaka buri muri […]
Rome, 7 December 2020 – In the face of a looming food crisis due to the COVID-19 pandemic, Germany has committed funds to the UN’s International Fund […]
Ubwo hashimirwaga abasoreshwa bitwaye neza mu byiciro bitandukanye, Minsitiri w’Intebe Dr Edouard NGIRENTE yagaragaje ko ingengo y’imari ya 2020/21 izibanda cyane ku gushyira mu bikorwa […]
Abaturage bo mu karere ka Nyaruguru bari bafite ibisambu bavuga ko byari byarabarumbiye barishimira ko basigaye bafashwa kubihingamo icyayi ndetse bamwe bakaba baratangiye gukora ku […]
Impuguke mu buhinzi zemeza ko hakenewe kongerwa imbaraga mu gutunganya neza ibishanga byinshi, gahunda yo kuhira imusozi igashyirwamo imbaraga nyinshi ndetse no guteza imbere ubuhinzi […]
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko igihingwa cyitwa Cannabis, kizwi mu Kinyarwanda nk’urumogi, kigiye gutangira kujya gihingwa mu Rwanda, hanyuma cyoherezwe mu mahanga mu nganda zikora imiti. […]
Abatuye ku Kirwa cya Nkombo ari na cyo kigize Umurenge wa Nkombo mu karere ka Rusizi, ku wa 5 Ukwakira 2020 bahawe ubwato bwa mbere […]
Copyright 2016