Amakuru
Hizihizwa Umunsi wahariwe abasora, uba buri mwaka ku itariki 19 Ugushyingo, abasesengura ibirebana n’ubukungu bashimye u Rwanda nk’Igihugu gikomeje kwihaza mu bukungu. Basanga kuba...
Hi, what are you looking for?
Hizihizwa Umunsi wahariwe abasora, uba buri mwaka ku itariki 19 Ugushyingo, abasesengura ibirebana n’ubukungu bashimye u Rwanda nk’Igihugu gikomeje kwihaza mu bukungu. Basanga kuba...
Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hakomeje kuvugwa inkuru y’uburyo umuryango mugari, ndetse n’inshuti z’uwahoze ari Perezida, Joseph Kabila, bagiye bohererezwa amafaranga abarirwa muri...
Bamwe mu batuye Umudugudu wa Isangano, mu Kagari ka Karubungo, mu Murenge wa Gitoki, Akarere ka Gatsibo; bavuga ko bahaye Mudugudu amafaranga yo kubishyurira ubwisungane...
Umuryango urwanya ruswa n’akarengane, Transparency International ishami ry’u Rwanda,TI-R, ugaragaza ko raporo wakoze, yerekana ko ibibazo bigaragara mu bakora imirimo iciriritse, harimo kudahemberwa ku...
Amakuru atangazwa na Banki y’Isi, yagaragaje ibihugu 10 bya mbere mu bucuruzi mu mwaka wa 2021. U Rwanda rwaje ku mwanya wa kabiri nyuma...
Mu karere ka Bugesere hatangijwe ibikorwa byo kuhira hifashishijwe amazi y’ibiyaga, imigezi n’ibishanga, nka kimwe mu bisubizo by’imvura nke yaguye muri iki gihembwe cy’ihinga...
Abanyarwanda batuye mu Mujyi wa Liège mu Bubiligi n’inshuti zabo, bongeye guhurira mu busabane, bakira na Ambasaderi w’u Rwanda muri iki Gihugu, Dieudonné Sebashongore...
Mu gihe bamwe mu batuye mu mujyi wa Kigali n’abawugendamo bavuga ko bahangayikishijwe n’abajura biba ibikoresho birimo insinga z’amashanyarazi, ibyapa byo ku mihanda n’ibindi,...
Abaturage bo mu Karere ka Huye, Umurenge wa Tumba mu Kagari ka Cyarwa, Umudugudu wa Mukoni, Isibo y’Urunana, basaba Leta ko yabubakira ivomo rusange,...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kurengera Ibidukikije_REMA gifatanyije n’Umujyi wa Kigali, bateguye igikorwa cy’Umuganda rusange, wo gutoragura imyanda muri buri Mudugudu. Ukazaba ari Umuganda wa mbere...
Ikigo cy’Ubwiteganyirize mu Rwanda_RSSB, cyahawe igihembo kubera inyubako yiswe ‘Nyarutarama Plaza’ cyujuje mu Karere ka Gasabo. Ni inyubako yubatswe hubahirizwa kurengera ibidukikije, nk’uko bigaragarizwa...
Inteko Nshinga Amategeko, Umutwe w’Abadepite, yemeje umushinga w’itegeko rishyiraho umusoro ku musaruro. Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi, Richard Tusabe yavuze ko byagaragaye...
Umujyi wa Kigali ufatanyije na Sosiyete y’Abasuwisi, SKAT Consulting ltd, ugiye kubakira imiryango 83 ituriye Ruhurura ya Mpazi inyubako nshya, eshatu zigezweho. Imiryango igiye...
Inteko Ishinga Amategeko, Umutwe w’Abadepite yafashe umwanzuro wo gusaba Minisitiri w’Intebe gukora ibishoboka byose kugira ngo ibibazo by’imicungire mibi y’imari n’umutungo muri WASAC, bikemuke....
Abaturage bo mu karere ka Huye, Umurenge wa Ngoma batuye mu mudugudu wa Karubanda n’abahagenda, barishimira umuhanda wa kaburimbo Karubanda- Gahenerezo. Bavuga ko bawitezeho...