Menya bimwe mu byo ujya ukora ku mukunzi wawe utazi icyo bivuga
Mu buzima busanzwe hari byinshi abantu bakora, cyane cyane ibimenyetso, ariko batazi icyo bisobanuye. Ibyo biza kenshi iyo abantu bafitanye ubucuti bukomeye, baba bari kumwe, […]
Mu buzima busanzwe hari byinshi abantu bakora, cyane cyane ibimenyetso, ariko batazi icyo bisobanuye. Ibyo biza kenshi iyo abantu bafitanye ubucuti bukomeye, baba bari kumwe, […]
Musekeweya ni imwe mu makinamico atambuka kuri radiyo zitandukanye hano mu Rwanda kuva mu mwaka wa 2004. Ifite intego yo kwerekana amavu n’amavuko y’ubugizi bwa […]
Kuryama wambaye ubusa, bifitiye umubiri akamaro gatandukanye ndetse byongera imikorere myiza y’ingingo ku buryo butangaje. Kuryama amasaha ahagije bigufasha kwirinda ibibazo biterwa no kutaryama cyangwa […]
Mu Karere ka Karongi, Umurenge wa Rugabano, hari umusozi bahimbye izina rya ‘Saint Valentin’ kubera umusore wahatakarije ubuzima yagiye kugira icyo yimarira (gutera akabariro) n’inkumi […]
Umunsi w’abakundana witiriwe Saint Valentin wizihizwa tariki 14 Gashyantare buri mwaka. Uwo munsi urangwa n’uko abakundana bibuka urukundo rwabo basangira, basohokana cyane cyane bahana impano […]
Ni koko reka batwite ko, bamwe ntibazi n’igisobanuro cyimbitse cyaryo. Guhirimbira si ugukena ku mufuka, cyangwa kugira inzara imbere y’imbavu. Guhirimbira hiyongeraho no kubura indangagaciro-muntu, […]
Nyirubutungane Papa Francis yabwiye La Voz del Pueblo ko yagiranye na Bikira Mariya isezerano ry’uko atazongera kureba Televiziyo. Iryo sezerano ngo barigiranye muri 1990. Kuva […]
Inama y’igihugu y’abafite ubumuga(NCPD) yasohoye urutonde rw’inyito zemewe gukoreshwa ku bafite ubumuga muri mu nzego zitandukanye. Mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryasinyweho na Ndayisaba Emmanuel ukuriye […]
Pariki z’u Rwanda za; Akagera(Iburasirazuba), Ibirunga(Amajyaruguru) na Nyungwe(Iburengerazuba) imibare mishya y’umwaka ushize wa 2014 igaragaza ko ibikorwa by’izi Pariki zose hamwe byasuwe n’abagera ku 67 696. […]
Ikegeranyo cyashyizwe ahagaragara n’Ikigo kiga ku miterere y’urusobe rw’ibinyabuzima ihanitse (the Foundation for Deep Ecology) gifatanyije na Population Media Center cyashyize ahagaragara amafoto yerekana ko ibikorwa […]
Iyi nkuru ni ibyasomwe na Mahirwe Patrick, umukunzi w’Umuseke. Ni umunyeshuri mu mwaka wa gatandatu w’amashuri yisumbuye mu bijyanye n’Ubugenge, Ubutabire n’iby’Ubuzima (PCB) muri Lycée […]
Mu mpera z’Isi yaba iya ruguru cyangwa iy’epfo, habayo amazi menshi yafatanye kubera ubukonje akora ibintu by’ibibuye nkuko tuzi uko amazi iyo yabaye ‘barafu’amera. Kubera […]
Ibitangazamakuru muri Africa y’Iburengerazuba bivga ko Perezida Yayi Boni wa Benin ubu atamerewe neza kuko umugore we Chantal Yayi yahukaniye mu nzu ye iri hafi […]
Ibitangazamakuru muri Africa y’Iburengerazuba bivga ko Perezida Yayi Boni wa Benin ubu atamerewe neza kuko umugore we Chantal Yayi yahukaniye mu nzu ye iri hafi […]
Hari abagore bakunda ubwanwa bwinshi bw’abagabo, bakabukorakora bakabusomagura ba nyirabwo nabwo bagahora babukoramo. Nyamara ubushakashatsi bwagaragaje ko mu bwanwa bwinshi habamo za ‘bacteries’ nk’iziba mu […]
Copyright 2016