Amakuru
Abaturage bo mu murenge wa Musange mu karere ka Nyamagabe, bishimira ko kuzigamira Mituweli byatumye bose batanga ubwisungane mu kwivuza bw’umwaka wa 2022/2023 bakaba...
Hi, what are you looking for?
Abaturage bo mu murenge wa Musange mu karere ka Nyamagabe, bishimira ko kuzigamira Mituweli byatumye bose batanga ubwisungane mu kwivuza bw’umwaka wa 2022/2023 bakaba...
Muri Guverinoma y’u Rwanda hinjiyemo Minisiteri itari isanzwe ikaba ishinzwe ishoramari rya Leta. Iyi minisiteri ije ikuriye ibigo bishya byagaragaye mu myanzuro y’Inama y’Abaminisitiri...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe amashyamba gisaba buri muturarwanda kwirinda ibikorwa byateza inkongi z’umuriro zibasira amashyamba mu gihe cy’impeshyi. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’icyo kigo kigaragaza...
Kurera abana bafite ubumuga bisaba umuhamagaro, ubwitange ariko kandi bigasaba igihembo kitari gito ku bafite ibigo byita kuri abo bana, bagomba guha abarezi. Aba...
Bamwe mu bifuza gukorera impushya zo gutwara ibinyabiziga barasaba ko uburyo bwo kubona code zo gukora ibizamini bwanozwa kuko akenshi iyo babigerageje byanga, bigatuma...
Sitade Perezida wa Repubulika yemereye abaturage ubwo yiyamamazaga mu matora yo 2017, biteganyijwe ko izubakwa mu minsi ya vuba kuko inyigo yayo yarangiye. Izubakwa...
Abanyeshuri bo muri Kaminuza y’ubukerarugendo, ikoranabuhanga n’amahoteri (UTB) bavuga ko bafite inshingano yo gukunda igihugu no gukomeza guhesha ishema ababohoye u Rwanda, kandi ko...
Umujyanama wa Perezida wa Repubulika mu by’umutekano, Gen James Kabarebe asaba urubyiruko kurangwa n’indangagaciro zo gukunda igihugu, kwihangana no kwitanga kandi bifite intego yo...
Mu muco wa buri gihugu habaho ibikorwa n’imigenzo bituma abatuye icyo gihugu baba abo aribo, bagasarura, gahunika ndetse bakanirinda umwanzi. Mu muco nyarwanda habagaho...
Inzobere mu by’ubuzima zivuga ko umubyeyi utwite ari umwe mu bagomba kwitabwaho cyane kugira ngo bimurinde indwara y’agahinda gakabikabije, ishobora kumufata mbere cyangwa nyuma...