Amakuru
Mu gihe hari bamwe mu rubyiruko bishora mu gukoresha ibiyobyabwenge bagira ngo biyibagize ibibazo bafite, Minisiteri y’Ubuzima ibinyujije mu Kigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) iragira...
Hi, what are you looking for?
Mu gihe hari bamwe mu rubyiruko bishora mu gukoresha ibiyobyabwenge bagira ngo biyibagize ibibazo bafite, Minisiteri y’Ubuzima ibinyujije mu Kigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) iragira...
Perezida Kagame yageze muri Guinée Conakry, aho yatangiye uruzinduko rw’akazi rugamije gushimangira no kwagura umubano mwiza n’ubucuti busanzwe hagati y’ibihugu byombi. Ibiganiro bagirana bishobora...
Perezida Paul Kagame na mugenzi we wa Senegal Bassirou Diomaye Faye, bagiranye ibiganiro byihariye byibanze ku butwererane buhuriweho, kwagura umubano usanzweho ndetse n’ubufatanye mu...
Ikigo cy’igihugu cy’ubuzima –RBC, gitangaza ko kugeza ubu 98% by’abagore batwite bafite Virusi itera SIDA babona imiti bisanzwe, kandi bagakurikiranwa kugira ngo abana bazavuke...
Hari bamwe mu baturage bo mu karere ka Rwamagana bo bagifite imyumvire ko kwisiramuza bituma imibonano mpuzabitsina itagenda ndeza ndetse n’igitsina cy’umugabo kiba gito....
Hari bamwe mu rubyiruko batarazamura imyumvire ku bijyanye no kuba bajya kwipimisha Virusi itera SIDA ku bigo nderabuzima, kuko bagaragaza ko biteye ubwoba abandi...
Urwego rw’Igihugu rushinzwe ubugenzuzi bw’ubuziranenge, ihiganwa mu bucuruzi no kurengera umuguzi, RICA ruraburira abaguzi n’abacuruza ibikoresho byakoreshejwe batazi inkomoko yabyo yizewe. Ni nyuma y’igenzura...
Perezida Paul Kagame agaragaza ko nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi, u Rwanda rutategereje ko ruhabwa uburyo bwo kwiyubaka, ahubwo ko rwishyiriyeho uko uburyo bwo...
Akarere ka Bugesera mu Ntara y’Iburasirazuba hatangirijwe ubukangurambaga mu cyumweru cyahariwe serivisi z’ubutaka (Land week), mu rwego rwo gukemura ibibazo byinshi bishingiye ku butaka...
Umuryango w’Ubufatanye bw’Ibihugu biri mu nzira y’Iterambere ku Isi (OSC) usanga iterambere nyaryo ridashoboka mu gihe ubumenyi gakondo budahabwa agaciro muri ibi bihugu. Ibi...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, ku wa 1 Gicurasi 2024, yihanganishije mugenzi we wa Kenya, William Samoei Ruto, n’Abanyakenya bose kubera imyuzure...
Umunyafurika uturutse mu Bwongereza yahisemo koherezwa mu Rwanda, nyuma y’uko ibyangombwa bimwemerera kuba muri icyo gihugu birangiye. Guverinoma y’u Rwanda ivuga ko iki ari...
The rising cost of living and stagnant wages are major issues in Rwanda. The Rwanda Workers’ Trade Union Confederation (CESTRAR) is urging the government...