Akarere
Bamwe mu bahanzi bo mu Rwanda, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo no mu Burundi babifashijwemo n’Umuryango mpuzamahanga uharanira amahoro, La Benevolencia bakoze indirimbo...
Hi, what are you looking for?
Bamwe mu bahanzi bo mu Rwanda, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo no mu Burundi babifashijwemo n’Umuryango mpuzamahanga uharanira amahoro, La Benevolencia bakoze indirimbo...
Nyuma y’ubusabe bw’abunganira Bucyibaruta mu rubanza ruri kubera I Paris mu Bufaransa, kuva ku itariki ya 09 Gicurasi 2022, bifuzaga ko ataburana bavuga ko...
Mu rubanza ruburanishirizwamo Bucyibaruta Laurent, ukurikiranweho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ku Gikongoro aho yari Perefe; umwanzuro w’Urukiko (Cours d’Assises de Paris)...
Kuri uyu wa 09 Gicurasi 2022, mu Rukiko rwa Rubanda (Cours d’Assises) I Paris mu Bufaransa, hatangijwe urubanza ruzaburanisha Bucyibaruta Laurent, ukurikiranweho uruhare muri...
Iburanishwa rya Bucyibaruta Laurent, wahoze ayobora Perefegitura ya Gikongoro, ryakiriwe neza n’abatari bacye mu baharokokeye. Urubanza rw’uyu mugabo ukurikiranweho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi,...
Abanyarwanda n’inshuti zabo bari mu cyumweru cyo Kwibuka ku nshuro ya 28, Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho guhera ku itariki 7 kuzageza ku...
Kuri uyu wa 01 Mata 2022, Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yakiriye muri Village Urugwiro, Rémy Rioux, uyobora Ikigo cy’u Bufaransa gishinzwe iterambere mpuzamahanga_AFD,...
Ikigo cy’u Bufaransa gishinzwe iterambere mpuzamahanga, AFD, gitangaza ko mu myaka 2 iri imbere, iki Gihugu kizagenera u Rwanda miliyoni 200 z’ama-Euro, akazaza yiyongera...
Abibumbiye muri Koperative ‘COTTRARU’ y’abafite ubumuga, bakorera mu Karere ka Rubavu, bashimira ubuyobozi bwa Leta bwabashije kwihuriza hamwe, ubu bakaba bakora bakiteza imbere, mu...
Amazi y’urugomero rwa Nyabarongo akomeje kugabanuka bitewe n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro burimo gukorwa mu buryo butanoze. Muri rusange ikibazo gihari, kijyanye n’uko ahabikwa ayo mazi...
Bapfakurera Robert yongeye gutorerwa kuyobora Urugaga rw’abikorera mu Rwanda, PSF muri manda y’imyaka 3. Ni amatora yabaye kuri uyu wa gatatu i Kigali. Kuri...
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène, yasabye urubyiruko rwitabiriye Urugerero rw’Intore z’Inkomezabigwi, icyiciro cya 9, kwima amatwi abakwirakwiza ibinyoma ku mbuga...
Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, itangaza ko u Rwanda rumaze kubona inyungu nyinshi mu muryango wa ‘Commonwealth’ rumazemo imyaka ikabakaba 14. Ibi byagarutsweho mu gihe u Rwanda...
Leta y’u Rwanda yongeye gushimirwa, ku buryo yitwaye mu guhangana na COVID-19, aho abafatanyabikorwa bayo biyemeje gukomeza kuyishyigikira, mu rugamba rwo kwigobotora ingaruka zayo,...
Ahazwi nka ‘Car free zone’ mu Mujyi wa Kigali, mu gice kiswe ‘Imbuga City walk’ hari kubera imurikabikorwa ry’inkuru zishushanyije (Bandes dessinées) mu ndimi z’amahanga,...