Ubuzima
Mu gihe hizihizwa umunsi mpuzamahanga wahariwe kurwanya icyorezo cya SIDA (HIV/AIDS), buri mwaka ku itariki ya 1 Ukuboza, Ubuyobozi bw’Akarere ka Kirere bufatanyije n’abakora...
Hi, what are you looking for?
Mu gihe hizihizwa umunsi mpuzamahanga wahariwe kurwanya icyorezo cya SIDA (HIV/AIDS), buri mwaka ku itariki ya 1 Ukuboza, Ubuyobozi bw’Akarere ka Kirere bufatanyije n’abakora...
Abarokokeye jenoside mu Murenge wa Tumba, mu Karere ka Huye, ahamenyekanye Dr Munyemana Sosthene wiswe ‘Le boucher de Tumba’, bamaze kumenyeshwa ko uyu mugabo...
Mu gihe ubutaka bugenda busaza umusaruro uva mu bihingwa ukagabanuka, abahinzi basabwa gutekereza ku buryo bwo gufumbira bakoresheje ifumbire ikomoka ku mwanda wo mu...
Mu rukiko rwa rubanda rw’i Paris (Cour d’Assises de Paris) mu Bufaransa, kuri uyu wa kabiri tariki 14 Ugushyingo 2023 haratangira urubanza ruregwamo undi...
N’ubwo yaje kugera mu rukiko, Pierre Basabose w’imyaka 76, nta kindi arashobora gutangarizamo nk’uko abaganga bakurikiranye iby’uburwayi bwe, muri raporo berekanye, basobanuye ko afite...
Mu gihe hakomeje urubanza rwa Séraphin Twahirwa na Pierre Basabose, bakurikiranweho kugira uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994; Bamwe mu barokokeye mu Mirenge...
Mu buhamya bwakusanyijwe na Parike mu mwaka wa 2006 n’uwa 2015, Abatagabuhamya babarijwe i Kigali, bemeje ko Séraphin Twahirwa yari Interahamwe ikomeye yagize uruhare...
Ahabwa umwanya wo kwisobanura ku byo ashinjwa, Séraphin Twahirwa yabwiye Inteko iburanisha n’abari mu Rukiko ko atamenye Interahamwe, bityo ko nta n’intwaro yari atunze...
Ni mu mu rubanza rwatangiye kuburanisha Abanyarwanda Pierre Basabose na Séraphin Twahirwa, muri dosiye imwe yiswe ‘Rwanda 8’; mu Rukiko rwa rubanda rw’I Buruseli...
Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru babarizwa muri Pax Press, Ambasaderi w’U Bubiligi mu Rwanda Bert Versmessen yasobanuye ko abakurikiranweho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu...
Hatangizwa uru rubanza, kuri uyu wa 09 Ukwakira 2023, mu Rukiko rwa rubanda rw’i Buruseli mu Bubiligi, Pierre Basabose uzaburanishwa ku ruhare muri jenoside...
Biteganyijwe ko guhera ku itariki 09 Ukwakira 2023, mu Rukiko rwa rubanda (Cour d’Assises) mu Bubiligi hazatangira urubanza ruregwamo Abanyarwanda Basabose Pierre na Twahirwa...
Mu gihe ikoranabuhanga riyoboye imibereho y’Abanyarwanda, mu rwego rwo kudasigara inyuma mu iterambere rusange isi irimo; urubyiruko rukangurirwa gufata iya mbere mw’iterambere ry’ikoranabuhanga, bafashwamo...
Ku bufatanye bw’Inama y’Igihugu y’Abafite ubumuga n’Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda_BSR, hasohowe Bibiliya yanditse mu nyandiko ya ‘brailles’ mu rwego rwo korohereza abantu bize,...
Mu mwaka utaha wa 2024 ni bwo hateganyijwe amatora ya Perezida wa Repubulika, azabera rimwe n’ay’Abadepite, mu buryo butari busanzwe; ari na ho bamwe...