Amakuru
Abashinzwe gutegura igitaramo “Ikirenga mu Bahanzi 2020” cyo gushimira umuhanzi wabaye indashyikirwa mu kwimakaza umuco nyarwanda abinyujije mu ndirimbo, batangaje ko abashaka kugura amatike...
Hi, what are you looking for?
Abashinzwe gutegura igitaramo “Ikirenga mu Bahanzi 2020” cyo gushimira umuhanzi wabaye indashyikirwa mu kwimakaza umuco nyarwanda abinyujije mu ndirimbo, batangaje ko abashaka kugura amatike...
Mu Rwanda hasanzwe hamenyerewe isomero ry’igihugu, ribamo ibitabo bitandukanye kandi mu ndimi zitandukanye bitewe n’urwo buri wese yiyumvamo. Ntibisanzwe ko abantu babona isomero ry’ibitabo...
Ku wa 8 Werurwe 2020, ku munsi mpuzamahanga w’abagore, mu Rwanda hateganyijwe igitaramo cyo gushimira abahanzi bamamaza inganzo yuje umuco nyarwanda haba imbere mu...
Abahagarariye urubyiruko rwo mu itorero rya ADEPR baturutse muri Komite z’urubyiruko mu turere, indembo n’Umujyi wa Kigali, ku wa 17 Ukuboza 2019 basuye Ingoro...
Kuba igitabo cyariswe “Goriyati araguye” bifitanye isano no kwerekana ko n’ubwo ibiyobyabwenge ari ikibazo gikomeye ariko gishobora gutsindwa nk’uko igihangange kivugwa muri Bibiliya cyahangamuwe...
Ndagira nsanze naseruka, Njye Nyir’uruhanga rw’umuhago, Nyirimpesha y’Intambwe idasobanya N’umuriri w’intore intoranywa Ntangiye mpunga mu bisigo. Ndumva Inganzo inkirigita Mbwire mwese munyumva Mwe...
Nyuma y’inkuru yasohotse mu Mvaho Nshya no muri Panorama, Profesa Malonga yibaza ndetse agaragaza ko mu Rwanda ibyo gukora ibirori by’ubukwe inshuro nyinshi harimo...
Hashize umwaka ikigo cy’amashuri y’imyuga cya ESECOM (Ecole secondaire communautaire de Rucano) giherereye mu murenge wa Hindiro mu karere ka Ngororero, cyatangije igicumbi cy’umuco...
Pour faire face au commerce informel et ambulant dans le secteur administratif de Kinyinya, District de Gasabo, Ville de Kigali, la population locale a...
«Ihuriro ni i Huro!» Uyu mugani umenyerewe cyane mu mateka y’u Rwanda ariko kandi si amarenga aka gace karahari. Huro ni akagari ko mu...
Uyu mugani bawuca iyo babonye umuntu wangiriye gukora icyo abandi bazashobora; ni bwo bagira, bati “si we kamara, nimumwihorere abandi bazarukemura!” Wakomotse ku mugaragu...
Bakunzi bacu, mu gice cya mbere cy’imihango, imigenzo n’imiziririzo mu Rwanda rwo hambere, twabagejejeho ibirebana n’umuntu n’undi muntu muri rusange. Muri iki gice cya...
Twifashishije igitabo “Imihango, imigenzo n’Imiziririzo” cya Musenyeri Aloys Bigirumwami, cyanditswe mu 1974, Imihango, Imigenzo n’imiziririzo by’Abantu ni umuco karande ukaba n’imvugo-ngiro yarangaga abanyarwanda mu mibereho...
Uyu mugani baca ngo “yazindutse iyamarumba”, bawuca iyo babonye umuntu yaciye ijoro mo kabiri azinduwe n’ikimubangamiye; ni bwo bavuga ngo “naka yazindutse iyamarumba”. Wakomotse...
Kubona ibitabo bivuga ku mateka y’u Rwanda kandi byandtse mu kinyarwanda, ntibyoroheye abarezi cyane cyane abo mu mashuri abanza n’ayisumbuye. Ntibyoroheye kandi abashaka kuvoma...