Umuco
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco Bamporiki Edouard yasabye ababyeyi n’abarezi gukomera ku rurimi gakondo, ururimi kavukire. Yabigarutseho ubwo hizihizwaga umunsi wahariwe ururimi...
Hi, what are you looking for?
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco Bamporiki Edouard yasabye ababyeyi n’abarezi gukomera ku rurimi gakondo, ururimi kavukire. Yabigarutseho ubwo hizihizwaga umunsi wahariwe ururimi...
Inteko y’Umuco yasabye abanyamakuru gutanga umusanzu, mu guteza imbere Ururimi rw’Ikinyarwanda, birinda gukoresha zimwe mu mvugo zirugoreka. Ni mu kiganiro Uwiringiyimana Jean Claude, umuyobozi...
Abanditsi b’ibitabo mu Rwanda barasaba ababyeyi ko bajya bategura amarushanwa yo gusoma mu miryango cyangwa iwabo mu rugo hagati y’abana nk’uburyo bwo kwimakaza umuco...
Ubu ni ubutumwa Nyakubahwa Perezida Paul Kagame yageneye urubyiruko, kuri uyu Munsi w’Intwari wizihijwe habaho igikorwa cyo kunamira ababaye Intwari z’u Rwanda. Mu muhango...
Bamwe mu rubyiruko rwo mu Karere ka Huye, mu Murenge wa Ngoma, kuri uyu wa 31 Mutarama 2022 batangaje ko mu byo bakora byose,...
Umuryango w’abanyarwanda baba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu mujyi wa San Antonio muri Leta ya Texas, bagiye guhurira mu busabane buzabahuza, bakarushaho...
Bwa mbere mu Rwanda hatangiye gukorwa amarushanwa yo gusoma no kwandika hifashishijwe ibitabo byanditse mu Kinyarwanda ariko byemejwe n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe Uburezi -REB. Nubwo...
Perezida Paul Kagame yahawe igihembo cy’indashyikirwa kubera uruhare rwe mu guteza imbere ibikorwa by’Abanditsi bo ku Mugabane wa Afurika. Iki gihembo yagishyikirijwe n’Abanditsi bo...
Ku itariki ya 01 Ukwakira buri mwaka, u Rwanda rwizihiza Umunsi wo Gukunda Igihugu. Abanyarwanda bazirikana by’umwihariko ubwitange, umurimo unoze, kwihangana, umurava, ishyaka, ubumwe,...
Chorale Ijuru imaze imyaka 33 mu murimo w’iyogezabutumwa, ikaba inakomeje guharanira iterambere mu butumwa bwiza. Ni ‘Chorale’ ikorera uyu murimo muri Paruwasi Cathedrale ya...
Hari benshi batekereza ko mbere y’uko haduka umuhango wo kubandwa cyangwa iyogezabutumwa bw’amadini, nta kindi Abanyarwanda bakoraga nk’ikimenyetso cyo gusabana na yo nk’umubyeyo n’abana...
Mu ndirimbo Yubahiriza Igihugu cyacu dukunda cyane, igihugu cyuje ibyiza byinshi harimo imisozi, ubutaka, ibirunga, amashyamba meza n’ibindi. Iyi ndirimbo hari aho igira iti...