Entertainment
Panorama Showbiz Itsinda ry’abaririmbyi b’indirimbo zihimbaza Imana ryamenyekanye nka Vestine na Dorcas ryamaze gutangaza ko –ku bwumvikane ryatandukanye na MIE y’umunyamakuru Irene Murindahabi -nk’ikigo...
Hi, what are you looking for?
Panorama Showbiz Itsinda ry’abaririmbyi b’indirimbo zihimbaza Imana ryamenyekanye nka Vestine na Dorcas ryamaze gutangaza ko –ku bwumvikane ryatandukanye na MIE y’umunyamakuru Irene Murindahabi -nk’ikigo...
Urwego Rushinzwe Iterambere mu Rwanda (RDB) rwatangaje amabwiriza yihariye azagenga ibikorwa by’ubucuruzi n’ubukerarugendo muri iyi mikino y’Igikombe cy’Isi. Aya mabwiriza agamije korohereza abanyarwanda...
Abakunzi ba sinema bafite amahitamo menshi muri iyi weekend, aho filime zitandukanye ziri mu zikomeje kuvugwa kubera inkuru zazo zitandukanye, kuva ku zishingiye ku...
Mu mpera z’iki cyumweru, abakunzi b’imyidagaduro bazaba bafite amahitamo menshi y’ibikorwa byo kwidagadura, haba mu Rwanda ndetse no hanze yarwo, mu gihe abahanzi batandukanye...
Abakunzi b’umukino w’iteramakofe bari bateraniye muri Kigali Universe babonye ijoro ryuzuyemo ishyaka n’imirwano ikomeye, ubwo habaga imikino ya Universe Boxing Championship (UBC) yahuje amakipe...
Umunyamerika IShowSpeed wamamaye cyane ku mbuga nkoranyambaga, cyane cyane kuri YouTube na Twitch, yongeye kuvugisha benshi nyuma yo guca amarenga agaragaza ko ashobora kongera...
Umuhanzi Senderi Hit International yatangaje ko agiye gutangira urugendo rw’ibitaramo bizazenguruka uturere 10 tw’u Rwanda, mu rwego rwo kwizihiza imyaka 32 ishize igihugu kibohowe....
Umunyamakuru Ndahiro Valens Papy, usanzwe uzwi mu mwuga w’itangazamakuru, yashyize hanze indirimbo nshya yise “Abanzi”, igaruka ku mbogamizi n’igitutu bamwe mu bafite impano bahura...
Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yatangaje ko irushanwa rya Basketball Africa League (BAL) rikomeje gutera imbere ku buryo bugaragara, haba mu rwego...
Sosiyete INGO S.A itegura amarushanwa ya Miss Burundi yatangaje ko Mugisha Monica Celeste atagifite ikamba rya Miss Popularity 2025, nyuma y’icyemezo cyo kurimwambura kubera...
Abahanzi bakomeye ku mugabane wa Afurika barimo Rema, Tyla na Burna Boy bagiye gutaramira abakunzi b’umupira w’amaguru bazitabira igikombe cy’Isi cya 2026. Ibi byateguwe...
Kwizera Jackson Nyuma y’imyaka igera kuri 15, Michael Jackson atabarutse, isi y’imyidagaduro yiteguye kwakira filime y’amateka yiswe “Michael,” igiye kugaragaza ubuzima bwe bwose, guhera...