Ibitaramo
Umuhanzi w’icyamamare Kidum Kibido Kibuganizo nyuma yo gukora ibitaramo bitandukanye i Burayi na Amerika tutibagiwe n’icyo yakoreye i Kigali mu kwezi kwa Kanama 2024, ...
Hi, what are you looking for?
Umuhanzi w’icyamamare Kidum Kibido Kibuganizo nyuma yo gukora ibitaramo bitandukanye i Burayi na Amerika tutibagiwe n’icyo yakoreye i Kigali mu kwezi kwa Kanama 2024, ...
Ubuyobozi bwa Chorale de Kigali bwavuze ko mu gitaramo ngarukamwaka cya Noheli basanzwe bakora, icy’uyu mwaka kikaba gifite umwihariko ku bana, ariko itibagiwe n’abandi...
Mu gitaramo cyabereye kuri Lemigo Hotel i Kigali cyabaye ku Cyumweru, tariki ya 3 Ugushyingo 2024, Korali Christus Regnat yataramiye abakunzi bayo mu ndirimbo...
Umucyecuru w’imyaka 80 y’amavuko witwa Choi Soon-hwa, akomeje kuvugisha benshi myuma yo kwandika amateka ku Isi yo kuba umuntu wa mbere ukuze wiyemeje guhatanira...
Umuhanzi w’umunyabigwi mu muziki by’umwihariko mu njyana gakondo, Intore Massamba, avuga ko mbere yo kwinjira mu njyana nyarwanda benshi bamumenyemo yabanje mu njyana z’amahanga...
Panorama Ubuyobozi bwa YIRUNGA Ltd ku bufatanye n’urubyiruko rw’abakorerabushake bo mu karere ka Rubavu bagiranye ikiganiro n’itangazamakuru kigamije gusobanura imiterere n’aho imyiteguro igeze y’iserukiramuco...
Umuraperikazi Uzamberumwana Pacifique uzwi nka Oda Paccy yabajijwe igihe azabyara umwana ukurikiza Mbabazi Linca yabyaranye na Producer Mbabazi Isaac uzwi nka Lick Lick gusa...
Umuraperikazi Abayizera Marie Grace uzwi ku izina ry’ubuhanzi nka Young Grace yatangaje ko agiye gushyira hanze album ye ya gatatu amaze igihe atunganya. Ni...
Ku wa Gatatu tariki ya 08 Ugushyingo 2023, Startimes Rwanda yatangije ku mugaragaro shene ya televiziyo ya Ganza TV izajya yerekana amafilime yo mu...
Ntibisanzwe ko igitaramo gikomeye kiba ku manywa, ariko igicamunsi n’umugoroba byo ku wa 19 Kanama 2023 muri BK Arena hari igitaramo gikomeye cyahuje abahanzi...
Chorale Ijuru ikorera umurimo w’iyogezabutuma kuri Paruwasi Katederari ya Butare imaze kuba ubukombe mu kuririmba indirimbo zitandukanye yateguriye abakunzi bayo n’abakunzi b’umuziki wa Classic...
Umuhanzi w’icyamamare ukomoka mu Burundi, Jean Pierre Nimbona umenyerewe ku mazina y’ubuhanzi Kidum Kibido, nyuma y’imyaka irindwi adataramirayo, agiye kuzenguruka mu bihugu by’u Burayi...