Ibitaramo
Michael Adebayo Olayinka, umaze kubaka izina mu muziki kw’izina rya Ruger cyangwa Dior, yasesekaye mu Rwanda, aho aje gukora igitaramo azahuriramo n’Abanyarwanda batandukanye mu...
Hi, what are you looking for?
Michael Adebayo Olayinka, umaze kubaka izina mu muziki kw’izina rya Ruger cyangwa Dior, yasesekaye mu Rwanda, aho aje gukora igitaramo azahuriramo n’Abanyarwanda batandukanye mu...
Abakora umuziki mu Rwanda, bari kwibaza uko bazabaho nyuma y’uko ibitaramo bifunzwe. Mw’itangazo ry’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe, ryamenyeshaga amabwiriza mashya yo kwirinda COVID-19, ibirori...
Adekunle Kasoko, Umuririmbyi w’Umunya-Nigeria ari mu Rwanda kuva ku wa 03 Ugushyingo 2021; yasabye itangazamakuru kugira uruhare rukomeye mu gufasha abahanzi Nyarwanda, mu kubamenyekanisha...
Ku itariki ya 01 Ukwakira buri mwaka, u Rwanda rwizihiza Umunsi wo Gukunda Igihugu. Abanyarwanda bazirikana by’umwihariko ubwitange, umurimo unoze, kwihangana, umurava, ishyaka, ubumwe,...
Abashinzwe gutegura igitaramo “Ikirenga mu Bahanzi 2020” cyo gushimira umuhanzi wabaye indashyikirwa mu kwimakaza umuco nyarwanda abinyujije mu ndirimbo, batangaje ko abashaka kugura amatike...
Ku wa 8 Werurwe 2020, ku munsi mpuzamahanga w’abagore, mu Rwanda hateganyijwe igitaramo cyo gushimira abahanzi bamamaza inganzo yuje umuco nyarwanda haba imbere mu...
Igitaramo Ikirenga mu Bahanzi ni igitaramo gishingiye ku guteza imbere umuco biciye ku bahanzi, aho hazashimirwa umuhanzi wamamaje umuco nyarwanda mu Rwanda no mahanga,...
Martin Kelly NZIZA Desire numuhanzi w’umurundi azwi cyane ngo mundirimbo KULA KULIPA , IKIJUMBU, n’izindi nyinshi, arateganya gusesekara muri Kigali mu mpeshyi aje gususurutsa...
Rutayisire Boniface/ Bruxelles Nk’uko byari byaratangajwe, tariki ya 10 Gashyantare 2018 ahitwa i Neder-Over-Hembeek, igitaramo cyateguwe na IBUKA yo mu Bubiligi yitwa “Ibuka, Mémoire...
Icyamamare muri muzika, Umuhanzi Nimbona Jean Pierre, uzwi nka “Kidum Kibido”, azigaragaza mu gitaramo gikomeye azagirira i Kigali ku wa 30 Kamena 2017, muri Serena...
Ku mugoroba wo ku wa gatandatu tariki 10 Kamena nibwo Soul Bang’s ukomoka mu gihugu cya Guinea yari ageze i Kigali muri One Love...
Ku wa Gatandatu tariki ya 22 Ukwakira 2016, i Nyamata muri Palast Hotel guhera ssa kumini n’imwe z’umugoroba hazabera igitaramo cyo kwibuka umuhanzi w’injyana...