Amakuru
Ubuyobozi bwa Chorale de Kigali bwavuze ko mu gitaramo ngarukamwaka cya Noheli basanzwe bakora, icy’uyu mwaka kikaba gifite umwihariko ku bana, ariko itibagiwe n’abandi...
Hi, what are you looking for?
Ubuyobozi bwa Chorale de Kigali bwavuze ko mu gitaramo ngarukamwaka cya Noheli basanzwe bakora, icy’uyu mwaka kikaba gifite umwihariko ku bana, ariko itibagiwe n’abandi...
Mu gitaramo cyabereye kuri Lemigo Hotel i Kigali cyabaye ku Cyumweru, tariki ya 3 Ugushyingo 2024, Korali Christus Regnat yataramiye abakunzi bayo mu ndirimbo...
Ntibisanzwe ko igitaramo gikomeye kiba ku manywa, ariko igicamunsi n’umugoroba byo ku wa 19 Kanama 2023 muri BK Arena hari igitaramo gikomeye cyahuje abahanzi...
Chorale Ijuru ikorera umurimo w’iyogezabutuma kuri Paruwasi Katederari ya Butare imaze kuba ubukombe mu kuririmba indirimbo zitandukanye yateguriye abakunzi bayo n’abakunzi b’umuziki wa Classic...
Abakeneye kuruhuka mu minsi mikuru ya Noheli n’Ubunani, Muhazi Beach Hotel yabateguriye ibirori bigufasha kuruhuka n’abawe. Zamukira i Nyagasambu ku isoko ujye kuri Muhazi...
Umuhanzi w’Umurundi, Kidumu Kibido asanga ibyo Bruce Melodie yakorewe ari akarengane kuzuye. Polisi y’u Burundi yataye muri yombi Bruce Melodie akigera muri icyo gihugu...
Abashinzwe gutegura igitaramo “Ikirenga mu Bahanzi 2020” cyo gushimira umuhanzi wabaye indashyikirwa mu kwimakaza umuco nyarwanda abinyujije mu ndirimbo, batangaje ko abashaka kugura amatike...
Ku wa 8 Werurwe 2020, ku munsi mpuzamahanga w’abagore, mu Rwanda hateganyijwe igitaramo cyo gushimira abahanzi bamamaza inganzo yuje umuco nyarwanda haba imbere mu...
Igitaramo Ikirenga mu Bahanzi ni igitaramo gishingiye ku guteza imbere umuco biciye ku bahanzi, aho hazashimirwa umuhanzi wamamaje umuco nyarwanda mu Rwanda no mahanga,...
Martin Kelly NZIZA Desire numuhanzi w’umurundi azwi cyane ngo mundirimbo KULA KULIPA , IKIJUMBU, n’izindi nyinshi, arateganya gusesekara muri Kigali mu mpeshyi aje gususurutsa...
Rutayisire Boniface/ Bruxelles Nk’uko byari byaratangajwe, tariki ya 10 Gashyantare 2018 ahitwa i Neder-Over-Hembeek, igitaramo cyateguwe na IBUKA yo mu Bubiligi yitwa “Ibuka, Mémoire...
Icyamamare muri muzika, Umuhanzi Nimbona Jean Pierre, uzwi nka “Kidum Kibido”, azigaragaza mu gitaramo gikomeye azagirira i Kigali ku wa 30 Kamena 2017, muri Serena...