Ikoranabuhanga
Ubushakashatsi bwa TransUnion Rwanda bwagaragaje ko ubutekamutwe bukoresheje ikoranabuhanga bukomeje kwiyongera, aho 62% by’Abanyarwanda babajijwe bavuga ko mu mezi atatu ya mbere ya 2026...
Hi, what are you looking for?
Ubushakashatsi bwa TransUnion Rwanda bwagaragaje ko ubutekamutwe bukoresheje ikoranabuhanga bukomeje kwiyongera, aho 62% by’Abanyarwanda babajijwe bavuga ko mu mezi atatu ya mbere ya 2026...
WhatsApp yatangaje uburyo bushya buzafasha abayikoresha kuganira bidasabye kubanza guhana nimero za telefone, binyuze mu gukoresha username (izina ryihariye), mu rwego rwo kurushaho kurinda...
Panorama Ababyeyi barerera muri Ahazaza Independent School, bashima gahunda z’ishuri mu gutanga uburezi bufite ireme, bituma bahatana ku rwego mpuzamahanga kandi bigaragarira mu musaruro...
Ikigo cya IBTC Film and Design School cyatangaje ko cyaguye uburyo gitangamo amasomo binyuze ku ikoranabuhanga, gitangiza urubuga rufasha abantu kwiga imyuga itandukanye irimo...
Urwego rw’Igihugu Rushinzwe Uburezi bw’Ibanze (REB) rwasabye ko hafatwa ibihano ku barimu 38 bakekwaho gukopera mu bizamini by’akazi byateguwe hagamijwe gutoranya abigisha n’abakozi bazahabwa...
Guhera muri Nzeri 2026, abifuza kubona impushya zo gutwara ibinyabiziga bazatangira gukorera ibizamini muri gahunda nshya yashyizweho hagamijwe kunoza imyigishirize no kongera ubuziranenge mu...
The writer is Mr. Mugabe Grace Mulisa, University Lecturer, Environmental Communicator, and Researcher, Great Lakes Region Environmental preservation is no longer an option; it...
Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego z’ibanze mu Karere ka Ruhango, yakanguriye urubyiruko kurushaho gusobanukirwa amateka y’igihugu, igaragaza ko ari imwe mu nzira...
Panorama Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 8 Kamena 2026, iyobowe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, umwe mu myanzuro yafatiwemo ni uwo gushyiraho Ikigo...
Hari abanyeshuri biga ku Rwunge rw’Amashuri rwa Mushirarungu ruherereye mu Murenge wa Rwabicuma, Akarere ka Nyanza, bavuga ko bahura n’ibihano birimo gukubitwa no kwirukanwa...
Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Uburezi bw’Ibanze (REB) rwatangaje ko rukomeje gahunda yo gusimbuza abayobozi b’ibigo by’amashuri batagaragaje ubushobozi buhagije mu micungire n’imiyoborere y’amashuri, aho...
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje ko abanyeshuri barenga 74,000 barangije amasomo yisumbuye batangiye gukora ibizamini ngiro (pratique), mu rwego rwo gupima ubumenyi bafite mu kubishyira...
Urubyiruko rurenga 90 rwaturutse mu bice bitandukanye by’igihugu, harimo abakoresha imbuga nkoranyambaga n’abakora mu miryango iharanira amahoro, rwasoje amahugurwa y’iminsi ine yabereye mu Karere...
Urubyiruko ruturutse muri Diyosezi Gatolika za Kabgayi na Butare rwahawe ibisobanuro birambuye ku buryo bushya bwo gufashwa gukomeza amashuri makuru na kaminuza binyuze muri...
Urubyiruko rwaturutse hirya no hino mu Rwanda rwahuriye mu mahugurwa agamije gukumira imvugo z’urwango no guteza imbere amahoro hifashishijwe ikoranabuhanga, binyuze muri gahunda yiswe...