Ikoranabuhanga
The Euros 2020 and Copa America 2020 were some of the sporting events that just ended in different continents of the world. In a...
Hi, what are you looking for?
The Euros 2020 and Copa America 2020 were some of the sporting events that just ended in different continents of the world. In a...
Ababyeyi bafite abana bafite ubumuga bavuga ko bashimira Akarere ka Nyagatare ndetse n’abafatanabikorwa bako bafashijwe abana babo kugira ngo babashe kugerwaho n’uburezi budaheza. Nk’uko...
Imyaka ibiri irashize Rwanda Coding Acedemy, ishuri ryitezweho gusohora abahanga mu bumenyi bw’icyitegererezo mu gukora porogaramu za mudasobwa (Software Engineering) mu Rwanda no mu...
Mu mezi atanu ashize, urubuga rwa YouTube rwasibye amashusho asaga ibihumbi 30, yagaragazaga amakuru atari ukuri ku rukingo rwa Covid-19; Nk’uko umuvugizi w’uru rubuga...
Inyigo ziheruka gukorwa n’Ikigo cy’Igihugu cyo Kubunngabunga Ibidukikije (REMA), zagaragaje ko mu Rwanda habarurwa firigo 97,512. Muri zo 64,505 zirashaje cyane ku buryo zikoresha...
Ubutaka bwo ku nkombe z’ibiyaga n’imigezi ni umutungo rusange wa Leta, ntawemerewe kubukoresha atabihewe uruhushya na minisiteri ifite ibidukikije mu nshingano zayo. Ubutaka buri...
Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente Edouard yagaragaje ko muri gahunda ya Guverinoma y’imyaka 7, NST1 hari byinshi byagezweho mu kuzamura ireme ry’ uburezi haharewe ku...
Abahanga mu by’ibirunga baraburira ko ikiyaga cy’umuriro w’amazuku kiri kuzura ku kigero giteye ubwoba ku kirunga cya Nyiragongo, kiri hafi y’umujyi wa Goma muri...
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Nyamata, mu karere ka Bugesera bishimira guteka bakoresheje gazi kuko kuyikoresha byihutisha kurusha inkwi zisanzwe cyangwa amakara....
“Conservation, tourism, and community development go hand in hand. Each reinforces the other,” President Paul Kagame in the, for the first time, virtual ceremony...
Bamwe mu bayobozi b’ibigo by’amashuri n’abahagarariye site ziri kubakwaho ibyumba by’amashuri mu karere ka Gicumbi, baravuga ko batewe impungenge nibura ry’abafundi, kimwe n’ibikoresho bitazira...
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Kanzenze mu Karere ka Rubavu baravuga ko bamaze imyaka irenga irindwi batarabona ingurane y’imirima yabo bambuwe ikagurirwamo...
Padiri Gakirage Jean Bosco ni Umunyarwanda rukumbi w’Umupadiri wo mu Muryango witwa Gomboni Missionaries. Yasabye ikiruhuko i Roma ngo aze mu Rwanda gutanga umusanzu...
Nyuma y’imyigaragambyo yatangiye mu bihugu bimwe na bimwe ikorwa cyane cyane n’urubyiruko aho bamwe bagira bati «pas de climat pas de future» nta kirere...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe uburezi REB, ku bufatanye n’Ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku bana (UNICEF), muri iki gihe imirimo myinshi yahagaritswe kubera kwirinda icyorezo cya...