Amakuru
muri uyu mwaka w’amashuri 2023-2024, u Rwanda rwashoye miliyari zisaga 90 z’amafaranga y’u Rwanda muri gahunda yo kugaburira abana ku ishuri. Umunyamabanga wa Leta...
Hi, what are you looking for?
muri uyu mwaka w’amashuri 2023-2024, u Rwanda rwashoye miliyari zisaga 90 z’amafaranga y’u Rwanda muri gahunda yo kugaburira abana ku ishuri. Umunyamabanga wa Leta...
Umuyobozi w’Urwego rw’Uburezi bw’Ibanze -REB, Dr. Nelson Mbarushimana, atangaza ko gahunda zashyizweho na leta mu kwita ku mibereho y’abarimu, zituma benshi mu bari baravuye...
Rukundo Eroge Kaminuza yigenga y’Ubukerarugendo, Ikoranabuhanga n’Ubucuruzi (UTB) igiye gufasha urubyiruko 100 rwo mu karere ka Ruhango no mu tundi turere two mu ntara...
Iri shuri ry’indashyikirwa riherereye mu karere ka Ngoma mu mujyi wa Kibungo ku muhanda Kigali – Rusumo hafi ya Stade y’Akarere ka Ngoma. ryafunguye...
Kaminuza yigenga y’Abaporotesitanti, PIASS (Protestant Institute of Arts and Social Sciences), iherereye mu karere ka Huye, ku wa 8 Kanama 2023, yizihije isabukuru y’inyabutatu...
Ku wa mbere, tariki ya 12 Kamena 2023, mu Ishuri rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) habereye inama nyunguranabitekerezo mu kunoza gahunda zijyanye no gufungura...
Minisiteri y’Uburezi igaragaza ko nubwo hakiri imbogamizi zirimo ibikoresho by’ikoranabuhanga bidahagije mu mashuri, iki kibazo ikizi ariko ko na bike bihari iyo bikoreshejwe neza...
Bamwe mu bikorera bavuga ko abasoza Kaminuza n’amashuri makuru baba badafite ubumenyi bubemerera guhangana ku isoko ry’umurimo. Denis Karera umwe mu bikorera mu Rwanda...
Ibikoresho birimo ibyo mu biro, intebe, imyenda n’ibikoresho by’isuku bifite agaciro ka Miliyoni zisaga 18 z’amafaranga y’u Rwanda, byatanzwe na SOS, byahawe amwe mu...
Inama y’igihugu y’abafite ubumunga ivuga ko kuva Minisiteri y’uburezi yinjiye muri gahunda y’uburezi budaheza mu myigishirize yo mu Rwanda, hari impinduka nini mu mibereho...
Bamwe mu barimu bamaze iminsi igera kuri ine bahugurwa na UNESCO mu gukoresha ikoranabuhanga, bavuga ko abana b’abakobwa badakwiye gutinya kwiga amasomo ajyanye na...
Ambasaderi wa Israel mu Rwanda, Dr Ron Adam, asaba Abanyeshuri n’abarimu kujya babyaza umusaruro amahirwe baba babonye, bakihatira kugira byinshi bamenya mu ikoranabuhanga, kuko...
Gukora robo, kujyana n’ubwenge bw’ubukorano ndetse no gukora imfashanyigisho mu ikoranabuhanga ni bimwe mu bikangura ubwenge bw’abana mu gushyira imbaraga mu ikoranabuhanga bahanga udushya....
Hari ababuraga amahirwe yo kujya kongera ubumenyi mu gihugu cy’u Bufaransa bitewe no kutabona amakuru ahagije ku burezi bwaho, ariko kuri ubu ababishaka bashyizwe...