Amakuru
Akarere ka Rwamagana kasubije mu ishuri abana 263 bitewe n’ibigo by’amashuri bishya begerejwe. Aba bana bari barataye ishuri bitewe n’urugendo rurerure bakoraga bajya kwiga,...
Hi, what are you looking for?
Akarere ka Rwamagana kasubije mu ishuri abana 263 bitewe n’ibigo by’amashuri bishya begerejwe. Aba bana bari barataye ishuri bitewe n’urugendo rurerure bakoraga bajya kwiga,...
Nyuma y’aho abana bigaga mu Kigo cy’ishuri ribanza rya Espoir de l’Avenir, giherereye mu Karere ka Bugesera, batsinze neza, ku manota yo mu kiciro...
Gabon yohereje mu Rwanda abanyeshuri 31, gukomereza amashuri yabo ya kaminuza, mu Rwanda. Ni ubwa mbere iki gihugu gitanze buruse ku banyeshuri bacyo kujya...
Ni icyemezo cyafashwe na Minisiteri y’Uburezi, hongerwa amasaha atanu ku ngengabihe ya buri cyumweru, mu mashuri abanza n’ayisumbuye. Icyemezo cyafashwe hagamijwe kuziba icyuho cyatewe...
Buri mwaka ku itariki ya 05 Ukwakira, u Rwanda rwifatanya n’Isi yose kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga wa Mwarimu. Minisiteri y’Uburezi, yizihije uyu munsi kuri uyu...
Tariki ya 5 Ukwakira buri mwaka, u Rwanda rwifatanya n’Isi yose kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga wa Mwarimu. Mu kwizihiza uyu munsi bamwe mu barimu bigisha...
Ku munsi mpuzamahanga wa Mwarimu, Ubuyobozi bw’Akarere ka Gakenke bwakanguriye abarimu kugira umuhate mu gukomeza kubaka uburezi buhamye. Umunsi mpuzamahanga wa Mwarimu wizihizwa buri...
Tumukunde Françoise wabaye uwa mbere ku rwego rw’Igihugu, mu bizamini bisoza icyiciro rusange yavuze ko mu byamufashije kwegukana uyu mwanya harimo uruhare rw’ababyeyi ndetse...
Ubwo hatangazwaga amanota y’abanyeshuri bakoze ibizami bisoza ikiciro cy’amashuri abanza ndetse n’ikiciro rusange, abanyeshuri 60,642 bo mu byiciro byombi batatsinze basabwe gusubiramo amasomo kugira...
Kuri uyu wa Mbere tariki 04 Ukwakira 2021, Minisiteri y’Uburezi yatangaje ku mugaragaro amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza ndetse n’ibisoza ikiciro rusange...
Ababyeyi bafite abana bafite ubumuga bavuga ko bashimira Akarere ka Nyagatare ndetse n’abafatanabikorwa bako bafashijwe abana babo kugira ngo babashe kugerwaho n’uburezi budaheza. Nk’uko...
Minisitiri w’u Bwongereza ushinzwe Umuryango w’Ibihugu bivuga Icyongereza, Commonwealth, Tariq Ahmad uri mu ruzinduko mu Rwanda, kuri uyu wa Gatanu yasuye Kaminuza Yigenga, African...
Bimwe mu bigo by’amashuri bigaragaza ko bifite ikibazo cy’abarimu bake, bikaba bituma n’abahari bakora amasaha y’ikirenga. Ikibazo gitera ingaruka atari ku barimu gusa, ahubwo...
Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente Edouard yagaragaje ko muri gahunda ya Guverinoma y’imyaka 7, NST1 hari byinshi byagezweho mu kuzamura ireme ry’ uburezi haharewe ku...
Bamwe mu bayobozi b’ibigo by’amashuri n’abahagarariye site ziri kubakwaho ibyumba by’amashuri mu karere ka Gicumbi, baravuga ko batewe impungenge nibura ry’abafundi, kimwe n’ibikoresho bitazira...