Amakuru
Minisiteri y’Uburezi igaragaza ko nubwo hakiri imbogamizi zirimo ibikoresho by’ikoranabuhanga bidahagije mu mashuri, iki kibazo ikizi ariko ko na bike bihari iyo bikoreshejwe neza...
Hi, what are you looking for?
Minisiteri y’Uburezi igaragaza ko nubwo hakiri imbogamizi zirimo ibikoresho by’ikoranabuhanga bidahagije mu mashuri, iki kibazo ikizi ariko ko na bike bihari iyo bikoreshejwe neza...
Bamwe mu bikorera bavuga ko abasoza Kaminuza n’amashuri makuru baba badafite ubumenyi bubemerera guhangana ku isoko ry’umurimo. Denis Karera umwe mu bikorera mu Rwanda...
Ibikoresho birimo ibyo mu biro, intebe, imyenda n’ibikoresho by’isuku bifite agaciro ka Miliyoni zisaga 18 z’amafaranga y’u Rwanda, byatanzwe na SOS, byahawe amwe mu...
Inama y’igihugu y’abafite ubumunga ivuga ko kuva Minisiteri y’uburezi yinjiye muri gahunda y’uburezi budaheza mu myigishirize yo mu Rwanda, hari impinduka nini mu mibereho...
Bamwe mu barimu bamaze iminsi igera kuri ine bahugurwa na UNESCO mu gukoresha ikoranabuhanga, bavuga ko abana b’abakobwa badakwiye gutinya kwiga amasomo ajyanye na...
Ambasaderi wa Israel mu Rwanda, Dr Ron Adam, asaba Abanyeshuri n’abarimu kujya babyaza umusaruro amahirwe baba babonye, bakihatira kugira byinshi bamenya mu ikoranabuhanga, kuko...
Gukora robo, kujyana n’ubwenge bw’ubukorano ndetse no gukora imfashanyigisho mu ikoranabuhanga ni bimwe mu bikangura ubwenge bw’abana mu gushyira imbaraga mu ikoranabuhanga bahanga udushya....
Hari ababuraga amahirwe yo kujya kongera ubumenyi mu gihugu cy’u Bufaransa bitewe no kutabona amakuru ahagije ku burezi bwaho, ariko kuri ubu ababishaka bashyizwe...
Mu bigo by’amashuri abanza hirya no hino mu Mujyi wa Kigali ubwo hatangizwaga umwaka w’amashuriwa 2022 -2023, ku itariki 26 Nzeri 2022, babyeyi benshi...
Kurera abana bafite ubumuga bisaba umuhamagaro, ubwitange ariko kandi bigasaba igihembo kitari gito ku bafite ibigo byita kuri abo bana, bagomba guha abarezi. Aba...
Orpcare Nursery & Primary School ni ishuri rihereye mu ntara y’Iburasirazuba mu karere ka Kayonza, umubyeyi wese yakwifuza kurereramo umwana we agakura afite ubumenyi,...
Ababyeyi bo mu karere ka Nyaruguru mu murenge wa mu Munini mu kagari ka Giheta barishimira amashuri yubatswe muri aka gace batuyemo ubu abana...
Akarere ka Rwamagana kasubije mu ishuri abana 263 bitewe n’ibigo by’amashuri bishya begerejwe. Aba bana bari barataye ishuri bitewe n’urugendo rurerure bakoraga bajya kwiga,...
Buri mwaka ku itariki ya 05 Ukwakira, u Rwanda rwifatanya n’Isi yose kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga wa Mwarimu. Minisiteri y’Uburezi, yizihije uyu munsi kuri uyu...
Tariki ya 5 Ukwakira buri mwaka, u Rwanda rwifatanya n’Isi yose kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga wa Mwarimu. Mu kwizihiza uyu munsi bamwe mu barimu bigisha...