Urubyiruko
Kwigishwa no gusigasira indangagaciro zo kwimakaza amahoro, urukundo n’iterambere byatumye bamwe mu rubyiruko biyumvamo kuremwa bushya, banagirirwa icyizere muri rubanda. Ubwo hizihizwaga imyaka 15...
Hi, what are you looking for?
Kwigishwa no gusigasira indangagaciro zo kwimakaza amahoro, urukundo n’iterambere byatumye bamwe mu rubyiruko biyumvamo kuremwa bushya, banagirirwa icyizere muri rubanda. Ubwo hizihizwaga imyaka 15...
Mu butumwa yatangiye mu Nteko rusange y’Urugaga rw’Urubyiruko rushamikiye kuri FPR-Inkotanyi, kuri iki Cyumweru tariki 27 Ugushyingo 2022, Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu,...
Bamwe mu babyeyi ntibarumva impamvu yo kwemerera abana b’abakobwa bari hagati y’imyaka 15 na 19, kuboneza urubyaro. Bagaragaza ko byaba binyuranyije n’umuco Nyarwanda, kandi...
Bamwe mu rubyiruko rwo mu Karere ka Huye, mu Murenge wa Ngoma bashishikariza bagenzi babo kwitabira ibiganiro, na gahunda zose ziteganyijwe mu gihe cy’iminsi...
Bamwe mu rubyiruko bo mu karere ka Gisagara mu murenge wa Kibirizi bavuga ko hari ibikorwa bajyaga bakora bibangamiye ibidukikije ariko nyuma y’inyigisho bahawe...
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène, yasabye urubyiruko rwitabiriye Urugerero rw’Intore z’Inkomezabigwi, icyiciro cya 9, kwima amatwi abakwirakwiza ibinyoma ku mbuga...
Urubyiruko rwiga muri Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye rukomoka mu karere ka Muhanga rwahwituye urubyiruko rwabonye amahirwe rugahabwa akazi ariko ntibizigamire . Ni...
Urubyiruko 346 rwo mu karere ka Gisagara rurishimira ko imirimo bahawe yo gutunganya imihanda yatumye bava mu bushomeri biteza imbere. Ibi uru rubyiruko rwabitangaje...
Ku bufatanye n’abayobozi mu nzego zitandukanye, Akarere ka Huye gashishikariza abangavu kudahishira no kutagirira ubwoba uwo ariwe wese, mu baba barabateye inda. Baba ababayaye...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko, Bamporiki Edouard, yasabye abakiri bato kwigira ku mateka yaranze Intwari z’u Rwanda, na bo bagaharanira kugera ku bikorwa...
Guhagarikwa mu kazi kwa bamwe mu babyeyi, ni kimwe mubyagize ingaruka zikomeye ku bana. Mu bushakashatsi bwagaragajwe n’Ihuriro ry’Imiryango ya Sosiyete Sivile Iharanira Uburenganzira...
Kuri uyu wa kabiri mu Mujyi wa Kigali, hatangiye igikorwa cyo gukingira abangavu n’ingimbi biga mu mashuri abanza n’ayisumbuye. Ni Gahunda ije nyuma y’uko...