Politiki
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, na Perezida wa Iran, Masoud Pezeshkian, bashyize umukono ku masezerano y’ibanze agamije guhagarika ubushyamirane bumaze...
Hi, what are you looking for?
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, na Perezida wa Iran, Masoud Pezeshkian, bashyize umukono ku masezerano y’ibanze agamije guhagarika ubushyamirane bumaze...
U Rwanda na Afurika y’Epfo byongeye kugaragaza ubushake bwo gukomeza kubaka umubano ushingiye ku bwizerane no ku nyungu rusange, nyuma y’ibiganiro byahuje abayobozi bakuru...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko impinduka zikorwa mu buyobozi zishingira ku mikorere n’ubushobozi bwo kuzuza inshingano, agaragaza ko hari igihe...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yavuze ko ibibazo bimaze imyaka myinshi hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bidashobora...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Jean Patrick Nduhungirehe, yavuze ko umubano usanzwe uhuza u Rwanda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ukomeje gukomera,...
Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yatangiye uruzinduko rw’iminsi itatu mu Burusiya aho yagiranye ibiganiro na Perezida Vladimir Putin, mu rugendo rufatwa nk’intambwe ikomeye...
Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye (Loni) yatoye ibihugu bitanu bizinjira mu Kanama k’Umutekano ka Loni nk’abanyamuryango badahoraho, mu gihe cya manda y’imyaka ibiri izatangira ku...
Abaturage bo muri Ethiopia bazindukiye mu matora rusange kuri uyu wa Mbere, tariki ya 1 Kamena 2026, mu gikorwa gikomeye kigamije gutora abagize Inteko...
U Rwanda rwashyizeho itegeko rishya rigenga amatora, risimbura iryari ryaratowe muri 2019, mu rwego rwo kuvugurura no kunoza imikorere y’amatora atandukanye mu gihugu. Iri...
Perezida wa Sénégal, Bassirou Diomaye Faye, yashyizeho Ahmadou Al Aminou Mohamed Lô nka Minisitiri w’Intebe mushya, asimbuye Ousmane Sonko wari umaze iminsi akuwe kuri...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko ibiganiro iri kugirana na Iran ku bibazo by’umutekano wo mu burasirazuba bwo hagati bitazigera bivutsa Israël uburenganzira...
Brig. Gen. Ronald Rwivanga wahoze ari Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), yatangiye ku mugaragaro inshingano zo kuyobora Umutwe w’Ingabo za Afurika y’Iburasirazuba zihora ziteguye...