Politiki
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yashyizeho Abanyamabanga bahoraho bashya muri Minisiteri ya Siporo (MINISPORTS) no muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MINIYOUTH), nk’uko bikubiye mu...
Hi, what are you looking for?
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yashyizeho Abanyamabanga bahoraho bashya muri Minisiteri ya Siporo (MINISPORTS) no muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MINIYOUTH), nk’uko bikubiye mu...
Abadepite bagize Inteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite bemeje umushinga w’itegeko rigena ingengo y’imari ya Leta y’umwaka wa 2026/2027, uzatangira gushyirwa mu bikorwa muri Nyakanga 2026....
Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, ategerejwe mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Kinshasa, kuri uyu wa Mbere mu ruzinduko rw’akazi...
Perezida w’Ishyaka Ntangarugero muri Demokarasi (PDI), Sheikh Mussa Fazil Harerimana, yavuze ko u Rwanda rwageze ku iterambere rifatika kubera imiyoborere myiza, asaba Abanyarwanda gukomeza...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, na Perezida wa Iran, Masoud Pezeshkian, bashyize umukono ku masezerano y’ibanze agamije guhagarika ubushyamirane bumaze...
U Rwanda na Afurika y’Epfo byongeye kugaragaza ubushake bwo gukomeza kubaka umubano ushingiye ku bwizerane no ku nyungu rusange, nyuma y’ibiganiro byahuje abayobozi bakuru...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko impinduka zikorwa mu buyobozi zishingira ku mikorere n’ubushobozi bwo kuzuza inshingano, agaragaza ko hari igihe...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yavuze ko ibibazo bimaze imyaka myinshi hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bidashobora...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Jean Patrick Nduhungirehe, yavuze ko umubano usanzwe uhuza u Rwanda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ukomeje gukomera,...
Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yatangiye uruzinduko rw’iminsi itatu mu Burusiya aho yagiranye ibiganiro na Perezida Vladimir Putin, mu rugendo rufatwa nk’intambwe ikomeye...
Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye (Loni) yatoye ibihugu bitanu bizinjira mu Kanama k’Umutekano ka Loni nk’abanyamuryango badahoraho, mu gihe cya manda y’imyaka ibiri izatangira ku...
Abaturage bo muri Ethiopia bazindukiye mu matora rusange kuri uyu wa Mbere, tariki ya 1 Kamena 2026, mu gikorwa gikomeye kigamije gutora abagize Inteko...