Amakuru
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yongeye gukangurira urubyiruko kwita ku rurimi rw’Ikinyarwanda, arusaba kuruvuga no kurwandika mu buryo buboneye, agaragaza ko gusigasira ururimi kavukire...
Hi, what are you looking for?
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yongeye gukangurira urubyiruko kwita ku rurimi rw’Ikinyarwanda, arusaba kuruvuga no kurwandika mu buryo buboneye, agaragaza ko gusigasira ururimi kavukire...
Perezida wa Repubulika akaba na Chairman wa FPR-Inkotanyi, Paul Kagame, yagiranye ibiganiro n’abayobozi b’uyu Muryango, bibanda ku mateka yawo, indangagaciro uwuranga ndetse n’uruhare ukomeje...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda akaba n’Umuyobozi Mukuru wa FPR Inkotanyi, Paul Kagame, yavuze ko ishingiro rya politiki ari ugushakira ibisubizo ibibazo abaturage bafite,...
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yashyizeho Abanyamabanga bahoraho bashya muri Minisiteri ya Siporo (MINISPORTS) no muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MINIYOUTH), nk’uko bikubiye mu...
Abadepite bagize Inteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite bemeje umushinga w’itegeko rigena ingengo y’imari ya Leta y’umwaka wa 2026/2027, uzatangira gushyirwa mu bikorwa muri Nyakanga 2026....
Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, ategerejwe mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Kinshasa, kuri uyu wa Mbere mu ruzinduko rw’akazi...
Perezida w’Ishyaka Ntangarugero muri Demokarasi (PDI), Sheikh Mussa Fazil Harerimana, yavuze ko u Rwanda rwageze ku iterambere rifatika kubera imiyoborere myiza, asaba Abanyarwanda gukomeza...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, na Perezida wa Iran, Masoud Pezeshkian, bashyize umukono ku masezerano y’ibanze agamije guhagarika ubushyamirane bumaze...
U Rwanda na Afurika y’Epfo byongeye kugaragaza ubushake bwo gukomeza kubaka umubano ushingiye ku bwizerane no ku nyungu rusange, nyuma y’ibiganiro byahuje abayobozi bakuru...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko impinduka zikorwa mu buyobozi zishingira ku mikorere n’ubushobozi bwo kuzuza inshingano, agaragaza ko hari igihe...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yavuze ko ibibazo bimaze imyaka myinshi hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bidashobora...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Jean Patrick Nduhungirehe, yavuze ko umubano usanzwe uhuza u Rwanda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ukomeje gukomera,...