Politiki
Guverinoma ya Nigeria yatangaje ko abaturage b’u Rwanda bagiye kujya binjira muri icyo gihugu badasabye visa mbere y’urugendo, aho bazajya bemererwa kumarayo iminsi 30...
Hi, what are you looking for?
Guverinoma ya Nigeria yatangaje ko abaturage b’u Rwanda bagiye kujya binjira muri icyo gihugu badasabye visa mbere y’urugendo, aho bazajya bemererwa kumarayo iminsi 30...
KIGALI, Gicurasi 14, 2026: Mu nama ya Africa CEO Forum 2026, Perezida Bola Ahmed Tinubu wa Nigeria na Perezida Brice Clotaire Oligui Nguema wa...
Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yavuze ko igikwiye gushyirwa imbere mu gukemura ikibazo cy’umutekano muke mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ari...
Perezida Yoweri Kaguta Museveni yongeye kurahirira kuyobora Uganda muri manda nshya y’imyaka itanu, nyuma yo gutsinda amatora y’Umukuru w’Igihugu yabaye muri Mutarama 2026. Uyu...
Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo mu Rwanda, Christine Nkulikiyinka, yakiriwe na Perezida w’ibirwa wa Comoros, Azali Assoumani, mu ruzinduko rw’akazi rugamije gukomeza guteza imbere...
Abapolisi 160 b’u Rwanda bari mu itsinda RWAFPU1-10 riri mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y’Epfo (UNMISS), bambitswe imidali y’ishimwe kubera...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yagiranye ibiganiro na Perezida wa Botswana, Duma Boko, mu ruzinduko rw’akazi yagiriye muri iki gihugu ku wa...
Urwego rw’Urwego rw’Umuvunyi rwasabye ibigo bya Leta kongera imbaraga mu gukumira no kurwanya ruswa, rubasaba no kurushaho gusobanukirwa imiterere yayo yose kugira ngo bayirinde...
Abayobozi bakuru b’u Rwanda na Botswana bahuriye mu nama ya kabiri y’Urwego ruhuriweho rw’ubufatanye (Joint Permanent Commission on Cooperation – JPCc), iyobowe na Ambasaderi...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, ateganya kugirira uruzinduko rw’akazi muri Botswana nk’uko byemejwe n’ibiro by’Umukuru w’iki gihugu. Amakuru yatangajwe n’ubuyobozi bwa Botswana...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko Afurika idakeneye ibisubizo bikomeye cyangwa bigoye kugira ngo igere ku iterambere rirambye, ahubwo ko hakenewe...
Perezida wa Brazil, Luiz Inácio Lula da Silva, yagaragaje kutishimira icyemezo cya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, kijyanye no kubuza...
Abayobozi bakuru mu nzego za Leta baturutse mu Rwanda no muri Uganda bongeye gushimangira ubushake bwo kurushaho guteza imbere ubucuruzi, ishoramari n’ikorwa ry’iyubakwa ry’akarere...
Umunyapolitiki uzwiho kuvuga ntagutinya wo muri Afurika y’Epfo, Julius Malema, yakatiwe igifungo cy’imyaka itanu nyuma yo guhamywa n’urukiko icyaha cyo gutunga imbunda mu buryo...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gushyira ahagaragara ifoto ikozwe hifashishijwe ikoranabuhanga ry’ubwenge...