Politiki
U Rwanda rwashyizeho itegeko rishya rigenga amatora, risimbura iryari ryaratowe muri 2019, mu rwego rwo kuvugurura no kunoza imikorere y’amatora atandukanye mu gihugu. Iri...
Hi, what are you looking for?
U Rwanda rwashyizeho itegeko rishya rigenga amatora, risimbura iryari ryaratowe muri 2019, mu rwego rwo kuvugurura no kunoza imikorere y’amatora atandukanye mu gihugu. Iri...
Perezida wa Sénégal, Bassirou Diomaye Faye, yashyizeho Ahmadou Al Aminou Mohamed Lô nka Minisitiri w’Intebe mushya, asimbuye Ousmane Sonko wari umaze iminsi akuwe kuri...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko ibiganiro iri kugirana na Iran ku bibazo by’umutekano wo mu burasirazuba bwo hagati bitazigera bivutsa Israël uburenganzira...
Brig. Gen. Ronald Rwivanga wahoze ari Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), yatangiye ku mugaragaro inshingano zo kuyobora Umutwe w’Ingabo za Afurika y’Iburasirazuba zihora ziteguye...
Guverinoma ya Nigeria yatangaje ko abaturage b’u Rwanda bagiye kujya binjira muri icyo gihugu badasabye visa mbere y’urugendo, aho bazajya bemererwa kumarayo iminsi 30...
KIGALI, Gicurasi 14, 2026: Mu nama ya Africa CEO Forum 2026, Perezida Bola Ahmed Tinubu wa Nigeria na Perezida Brice Clotaire Oligui Nguema wa...
Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yavuze ko igikwiye gushyirwa imbere mu gukemura ikibazo cy’umutekano muke mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ari...
Perezida Yoweri Kaguta Museveni yongeye kurahirira kuyobora Uganda muri manda nshya y’imyaka itanu, nyuma yo gutsinda amatora y’Umukuru w’Igihugu yabaye muri Mutarama 2026. Uyu...
Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo mu Rwanda, Christine Nkulikiyinka, yakiriwe na Perezida w’ibirwa wa Comoros, Azali Assoumani, mu ruzinduko rw’akazi rugamije gukomeza guteza imbere...
Abapolisi 160 b’u Rwanda bari mu itsinda RWAFPU1-10 riri mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y’Epfo (UNMISS), bambitswe imidali y’ishimwe kubera...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yagiranye ibiganiro na Perezida wa Botswana, Duma Boko, mu ruzinduko rw’akazi yagiriye muri iki gihugu ku wa...
Urwego rw’Urwego rw’Umuvunyi rwasabye ibigo bya Leta kongera imbaraga mu gukumira no kurwanya ruswa, rubasaba no kurushaho gusobanukirwa imiterere yayo yose kugira ngo bayirinde...
Abayobozi bakuru b’u Rwanda na Botswana bahuriye mu nama ya kabiri y’Urwego ruhuriweho rw’ubufatanye (Joint Permanent Commission on Cooperation – JPCc), iyobowe na Ambasaderi...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, ateganya kugirira uruzinduko rw’akazi muri Botswana nk’uko byemejwe n’ibiro by’Umukuru w’iki gihugu. Amakuru yatangajwe n’ubuyobozi bwa Botswana...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko Afurika idakeneye ibisubizo bikomeye cyangwa bigoye kugira ngo igere ku iterambere rirambye, ahubwo ko hakenewe...