Politiki
Itangazo ryasohowe n’Ubunyamabanga bw’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Icyongereza_Commonwealth, rivuga ko Perezida w’u Rwanda Paul Kagame na Patricia Scotland, Umunyamabanga Mukuru wa Commonwealth, kuri uyu wa...
Hi, what are you looking for?
Itangazo ryasohowe n’Ubunyamabanga bw’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Icyongereza_Commonwealth, rivuga ko Perezida w’u Rwanda Paul Kagame na Patricia Scotland, Umunyamabanga Mukuru wa Commonwealth, kuri uyu wa...
Ku mupaka wa Kagitumba, uhuza Uganda n’u Rwanda ku ruhande rw’Akarere ka Nyagatare, ku wa kane tariki ya 27 Mutarama 2022 hagejejwe Abanyarwanda 58...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Dr. Biruta Vincent, yashimye ubufatanye bukomeje kuranga u Rwanda n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi_EU, by’umwihariko mu bijyanye no guhangana na...
Amakuru ava muri Uganda, aravuga ko umuyobozi ushinzwe ubutasi mu gisirikari cy’iki Gihugu, Maj Gen Abel Kandiho, yamaze kuvanwa kuri uyu mwanya agahindurirwa imirimo....
Itsinda riyobowe na Gen Rudzani Maphwanya, basuye icyicaro cy’ingabo z’u Rwanda, giherereye mu mujyi wa Mocimboa da Praia, aho zagiye gufatanya n’iza Mozambique guhashya...
Kuri uyu wa 19 Mutarama 2022, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr. Vincent Biruta, yahagarariye Perezida Paul Kagame, mu nama ya 20 y’Abakuru b’Ibihugu na za...
Perezida Paul Kagame yakiriye Ambasaderi Adonia Ayebare, Kuri uyu wa Mbere nibwo, amushyikiriza ubutumwa bwa Perezida Yoweri Kaguta Museveni, wa Uganda. Ni ubutumwa bwakiriwe...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta, yasuye Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga no kugarura amahoro muri Centre Afrique; aho...
Kuri uyu wa 11 Mutarama 2022, Ambasaderi Nduhungirehe Olivier, yashyikirije Perezida Egils Levits inyandiko zimwemerera guhagararira u Rwanda mu Gihugu cya Latvia, giherereye ku...
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yageneye ubutumwa bwihariye Ingabo z’Igihugu n’abandi bagize inzego z’umutekano, muri ibi bihe by’iminsi mikuru isoza umwaka. Muri ubu butumwa, Perezida...
Kuri uyu wa Kane, Guverinoma y’u Rwanda yasinyanye amasezerano na Banki ya Aziya y’ishoramari mu bikorwaremezo_Asian Infrastructure Investment Bank, inguzanyo ya miliyoni 100 z’amadolari;...
Perezida w’u Rwanda nuw’u Bufaransa bagiranye ibiganiro, byagarutse ku mubano w’Ibihugu byombi, n’indi ngingo ikomeye bahuriyeho na Perezida wa Senegal; yo gutegura Inama izahuza...
Inama y’igihugu y’umushyicyirano yari iteganyijwe kuba, muri uku kwezi k’Ukuboza, yasubitswe mu rwego rwo gukomeza guhangana na COVID-19. Ni ku mpamvu z‘uko icyi cyorezo...
Mu nama ihuza Afurika na Turikiya, ba Perezida bombi, Paul Kagame na Recep Tayyip Erdogan, baganira; Turikiya yemereye Afurika doze miliyoni 15 z’inkingo za...
Mu rukiko rwa rubanda (Cour d’Assises), ruherereye mu mugi wa Paris mu Bufaransa, ubushinjacyaha bwasabiye Muhayimana Claude, igifungo cy’imyaka 15. Ni nyuma y’iminsi 18, urubanza...