Ubukungu
Mu ntara y’Iburasirazuba habarizwa inka zirenga ibihumbi 500, hakaboneka umukamo wa litiro ibihumbi 250 gusa ku munsi. Uyu mukamo ugabanyuka mu gihe cy’izuba ukagere...
Hi, what are you looking for?
Mu ntara y’Iburasirazuba habarizwa inka zirenga ibihumbi 500, hakaboneka umukamo wa litiro ibihumbi 250 gusa ku munsi. Uyu mukamo ugabanyuka mu gihe cy’izuba ukagere...
By Jeanne d’Arc Munezero Philbert Ndibwimana a smallholder farmer from Kabarondo Sector, Kayonza district in the Eastern province has seen his harvest double since joining to KIIWP project....
Abaturage bo mu Karere ka Kayonza mu Murenge wa Kabarondo, Akagari ka Kinzovu, Umudugudu wa Nyabisengoa bavuga ko kuri ubu basigaye bihaza mu biribwa...
Abaturage bo mu karere ka Kayonza mu murenge wa Murundi, Akagari ka Buhabwa, ahahoze ari mu cyanya cya Parikiy’Akagera bishimira ko umushinga wa KIIWP...
By Jeanne d’Arc Munezero Residents of Kayonza District in Murundi sector, Buhabwa cell, located in the former area of Akagera Park, are proud that...
Politiki ya Leta y’u Rwanda ikomeza gushimangira mu gucuruza serivise ziganjemo iz’ubukerarugendo, ishusho ngari yo kwakira abashyitsi ishingiye ku iterambere ry’imikorere y’amahoteli agezweho kandi...
Ikigo gishinzwe amazi, isuku n’isukura (WASAC) cyasabwe kwihutisha ibikorwa byo kwagura imiyoboro y’amazi mu bice biyakeneye, kuko angana na 45% by’atunganywa yose na yo...
Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda yasabye abacuruzi kubahiriza ibiciro byashyizweho ku biribwa bimwe na bimwe nk’umuceri, ibirayi n’ifu y’ibigori izwi nka kawunga, kuko mu minsi iri...
Farmers in Kayonza District say that there are things that should be taken care of so that the profession they do is beneficial to...
Uko isi irushaho kuba umudugudu ni nako ibyaha by’iterabwoba ndetse no guhererekanya amafaranga hagamijwe gukora ibyaha bigenda bifata intera, hakiyongeraho n’ibizwi nk’iyezandonke. Abakora akazi...
Leta y’u Rwanda ivuga ko igiye guhahira ingano n’ibigori mu gihugu cya Serbia, mu rwego rwo kuziba icyuho cyatewe n’intambara iri hagati y’u Burusiya...
Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda, MINICOM, yatangaje ko mu rwego rwo guhangana n’izamuka ry’ibiciro by’ibiribwa ku isoko, ikuyeho umusoro nyongeragaciro kuri Kawunga (ifu y’ibigori) n’umuceri. Ivuga ko hashingiwe kuri...