Abagore
Francine Munyaneza, Entrepreneuse et fondatrice de Munyax Eco Ltd, une société d’énergie solaire et un projet de durabilité environnementale, fait partie des prétendants gagnants...
Hi, what are you looking for?
Francine Munyaneza, Entrepreneuse et fondatrice de Munyax Eco Ltd, une société d’énergie solaire et un projet de durabilité environnementale, fait partie des prétendants gagnants...
Umunyarwandakazi Francine Munyaneza, umucuruzi n’umushabitsi, washinze akaba n’umuyobozi mukuru wa Munyax Eco Ltd, sosiyete ikora ingufu zituruka ku mirasire y’izuba ukaba n’umushinga wubaka ubusugire bw’ibidukikije,...
Bamwe mu bagore babashije kwihangira imirimo mu bucuruzi n’inganda, bakomeje kwishimira iterambere bamaze ku geraho rikomeye kandi bakishimira n’agaciro Leta y’u Rwanda iha umugore,...
Bapfakurera Robert yongeye gutorerwa kuyobora Urugaga rw’abikorera mu Rwanda, PSF muri manda y’imyaka 3. Ni amatora yabaye kuri uyu wa gatatu i Kigali. Kuri...
Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyatangaje ko ibiciro ku isoko mu mijyi byiyongereyeho 5.8% muri Gashyantare 2022, mu gihe muri Mutarama izamuka ryari...
Umuhanzi Auncle Austin, umunyamakuru akaba yaramaze no kuba rwiyemezamirimo mu itangazamakuru, yatangaje igihe radiyo aherutse kugura, igomba gutangiriraho ibiganiro byazo. Austin Tosh Luwano wamenyekanye...
Komisiyo y’Iterambere ry’Ubukungu n’imari muri Sena ivuga ko hakenewe imbaraga mu kubungabunga agaciro k’ifaranga no guhangana n’izamuka ry’ibiciro ku isoko. Byagarutsweho ubwo iyi komisiyo...
Abafite n’abakora imirimo y’amahoteli, mu Karere ka Rubavu, bavuga ko COVID-19 yabagizeho ingaruka zikomeye, harimo n’izo kubura abakiriya; ariko inabasigira isomo ryo kuzigama, kugira...
Bamwe mu bakozi “Agents” batanga serivizi za MTN ku bakiriya bayo bazikeneye, cyane cyane ku bakorera mu mitaka iba iri hirya no hino ku...
Abagore babarizwa muri ‘Koperative Icyerekezo cy’ubukire’ bakora ubucuruzi bwambukiranya umupaka, barasaba Ibigo by’imari kubafasha kubona inguzanyo, bakabasha kuzahura ubukungu bwabo. Ibi babitangaza, mu gihe...
Abagore bakora ubucuruzi bw’imbuto n’imboga, mu karere ka Rubavu bambukiranya n’imipaka, bagaragaje ibibazo bahura na byo mu Gihugu cya Congo; bavuga ko byyatewe na...
Bamwe mu bagore bakorera ubucuruzi mu Karere ka Rubavu, bavuga ko hamwe no gutinyuka bagakora, imiryango yabo yagiye ihindura imibereho n’ubwo bakomwe mu nkokora...