Ubucuruzi
Uruganda rukomeye ku Isi mu gukora udukingirizo, Karex Bhd, rwatangaje ko rugiye kongera ibiciro by’ibicuruzwa byarwo, bitewe n’izamuka ry’ibiciro ku rwego mpuzamahanga rishingiye ku...
Hi, what are you looking for?
Uruganda rukomeye ku Isi mu gukora udukingirizo, Karex Bhd, rwatangaje ko rugiye kongera ibiciro by’ibicuruzwa byarwo, bitewe n’izamuka ry’ibiciro ku rwego mpuzamahanga rishingiye ku...
Umujyi wa Kigali witegura kwakira inama mpuzamahanga ya Africa CEO Forum 2026, izaba ku itariki ya 14 na 15 Gicurasi, ikazahuza abarenga 2,000 barimo...
Muri Politiki ya Amerika ku byerekeye intambara ifatanyije na Israel mu kurwana na Iran, harimo ingingo y’uko iri kuganira na Iran ariko yo ikabihakana....
Jeanne d’Arc Munezero Guverineri wa Banki Nkuru y’u Rwanda, Soraya Hakuziyaremye, yahumurije abaturage bibazaga ku kibazo cy’intambara ya Iran na Amerika, yavuze ko kugeza...
Jackson Kwizera Mu muhango w’Ihererekanyabubasha mu buyobozi bukuru bw’urugaga rw’abikorera –PSF, ku wa 17 Werurwe 2026, Twagirumukiza François, Umuyobozi mushya, mu bukirwa biri muri...
Jackson Kwizera Abanyarwanda bohereza ibicuruzwa hanze batangaje ibihombo batewe n’intambara ibera m Burasirazuba bwo hagati. Igihombo kinini kigaragara kuri Avoka aho 90% u Rwanda...
Rene Anthere Rwanyange Ubucuruzi hagati y’u Bushinwa na Afurika umwaka ushize bwageze ku mari yo hejuru butigeze bugeraho mbere, gusa buracyohereza muri Afurika hafi...
Rene Anthere The Rwanda Energy Group (REG), in collaboration with the German development agency GIZ, has successfully provided electricity to 2,750 households, primarily led...
Panorama Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda (MINICOM) itangaza ko mu Karere ka Bugesera, mu cyanya cy’inganda, hagiye kubakwa uruganda rutunganya ibikomoka ku mpu z’amatungo. Uru ruganda...
Panorama Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA), gitangaza ko ku wa Gatanu tariki 15 Kanama 2025, cyatanze miliyoni 464 z’amafaranga y’u Rwanda ku baguzi ba nyuma...
Banki Nkuru y’igihugu yashyize hanze itangazo ry’integuza ku bihano bizatangwa n’abatanga serivisi mu Rwanda bakishyuza mu mafaranga y’amahanga (Amadovize) kandi nta burenganzira babifitiye. Ihazabu...
Raoul Nshungu Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi (MINECOFIN) iravuga ko mu ngengo y’Imari ya 2025-2026 hari ibicuruzwa byasonewe umusoro ahandi uragabanywa. Ku wa 12 Kamena 2025,...