Ubworozi
Bamwe mu borozi bo mu Mirenge itandukanye yo mu karere ka Nyagatare, baravuga ko bafite ikibazo cyo kutagira amazi ahagije yo kuhira Inka. Akarere...
Hi, what are you looking for?
Bamwe mu borozi bo mu Mirenge itandukanye yo mu karere ka Nyagatare, baravuga ko bafite ikibazo cyo kutagira amazi ahagije yo kuhira Inka. Akarere...
Bamwe mu borozi bo mu ntara y’Amajyepfo baravuga ko bafite ikibazo cy’ibiryo by’amafi n’umurama wabyo. Ibyo bituma babona umusaruro wayo muke. Hari abafashijwe muri...
Mu rwego rwo gukemura ikibazo cy’inyamaswa zirya inyana, mu nzuri zegereye pariki ya Gishwati-Mukura ku gice gikora mu Karere ka Ngororero; aborozi batangiye gushishikarizwa...
Abahinzi bahombejwe n’ibiza bashumbushijwe asaga Miliyoni 82. Ibiza byangije imyaka yari kuri hegitari 400 hirya no hirya mu gihugu mu gihembwe cy’ihinga A 2022,...
Abaturiye ikiyaga cya Cyohoha giherereye mu karere ka Bugesera bahangayikishijwe n’ibyatsi biri ku Kiyaga cya Cyohoha bibangamira umusaruro w’amafi. Bamwe mu baturiye iki kiyaga,...
Aborozi b’inka bo mu ntara y’Uburasirazuba bavuga ko bakeneye kongererwa ubushobozi n’ubumenyi kugira ngo barusheho kubona umusaruro ufatika uturutse mu byo bakora. Bagaragaza ko...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Gisagara bwihaye umuhigo w’uko, bitarenze imyaka ibiri nta muturage muri aka karere uzaba adafite inka. Imibare itangwa n’aka karere igaragaza ko...
Abatuye mu Murenge wa Nyagisozi, mu Karere ka Nyanza, bishimira uburyo bwo gushinganisha ubuhinzi bwabo n’ubworozi, nk’uko babisobanuriwe. Bakaba barafashe ingamba ntakuka, nyuma yo...
Abaturage bo mu kagali ka Sazange, Umurenge wa Kinazi mu karere ka Huye baterewe ubwatsi ku materasi y’indinganire, bwitezweho kongera ibiryo by’amatungo n’umukamo. Ni...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe Igororamuco( NRS), cyoroje imiryango 7, yo mu kagali ka Kaguriro, Umurenge wa Mushonyi, Akarere ka Rutsiro. Izi nka zikaba zitanga umukamo...
Ikibazo cy’ibura ry’amata, kigiye kumara amezi 2 hirya no hino mu Gihugu; by’umwihariko mu bakorera ubworozi mu Murenge wa Karangazi ho mu Karere ka...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango burasaba abanyamadini n’amatorero kwigisha abaturage kwiteza imbere aho kubizeza kuzajya mu ijuru gusa kandi Isi ikennye. Ubu butumwa bwagarutsweho n’Umuyobozi...