Amakuru
Nubwo amategeko y’u Rwanda abuza umuntu kwikuramo inda, hari ibihe byihariye ateganya ko umuganga wemerewe kubikora mu buryo bwubahirije amategeko. Ingingo ya 123 y’Itegeko...
Hi, what are you looking for?
Nubwo amategeko y’u Rwanda abuza umuntu kwikuramo inda, hari ibihe byihariye ateganya ko umuganga wemerewe kubikora mu buryo bwubahirije amategeko. Ingingo ya 123 y’Itegeko...
Umubare w’abamaze gupfa bazize ubushyuhe bukabije bwibasiye u Bufaransa umaze kurenga 1.000, mu gihe iki gihugu gikomeje guhura n’ubushyuhe budasanzwe buri no kwibasira ibindi...
Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yavuze ko ikibazo cy’inda ziterwa abangavu gikomeje kuba kimwe mu bibazo bikomeye byugarije ubuzima n’iterambere ry’urubyiruko, agaragaza ko buri...
Ubushakashatsi butandukanye ku buzima n’ibitotsi bugaragaza ko uburyo umuntu aryamamo bushobora kugira uruhare runini ku ireme ry’ibitotsi agira buri joro. Mu byo abahanga bagarukaho...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwongeye kwibutsa ababyeyi, abarimu n’abandi bafite inshingano zo kurera abana ko ibihano bikabije bishobora kubagiraho ingaruka zikomeye ndetse bikaba binanyuranyije...
Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko igiye gutangira kugabanya inkunga yahaga Afurika y’Epfo mu bikorwa byo kurwanya no kwita ku barwayi...
Abajyanama b’ubuzima bo mu Karere ka Gasabo batangaje ko bagiye kongera imbaraga mu gutanga ubujyanama n’amakuru yizewe ku buzima bw’imyororokere, nyuma yo guhabwa amahugurwa...
Mu gihe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje guhangana n’icyorezo cya Ebola cyongeye kwaduka, Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Biribwa (WFP) ryagaragaje impungenge ziterwa...
Perezida wa Sena, Dr François Xavier Kalinda, yatangaje ko hakenewe imbaraga zidasanzwe mu kwita ku bana bafite ikibazo cya Otizime (Autisme), cyane cyane mu...
Mu gihe isi ikomeje guhangana n’ikibazo cy’udukoko dutera indwara tutakigira ingaruka ku miti yabugenewe, u Rwanda rwafashe ingamba nshya zigamije kugabanya ubukana bw’iki kibazo...
Hari abantu benshi bavuga ko gukira ibikomere by’urukundo bidaterwa gusa n’igihe mwamaranye, ahubwo ko rimwe na rimwe umuntu mutandukana mutarageza ku nzozi mwari mufite...
Abaturage batatu bo mu Karere ka Rwamagana, barimo abakecuru babiri bafitanye isano ya hafi, bapfuye nyuma yo kunywa inzoga ya kanyanga bavuga ko bari...