Amakuru
Madamu Jeannette Kagame atangaza ko igihe kigeze ngo ubushakashatsi n’udushya dukorerwa mu rwego rw’ubuzima bihindurwe ibikorwa bifatika bifasha abaturage, cyane cyane mu kugabanya impfu...
Hi, what are you looking for?
Madamu Jeannette Kagame atangaza ko igihe kigeze ngo ubushakashatsi n’udushya dukorerwa mu rwego rw’ubuzima bihindurwe ibikorwa bifatika bifasha abaturage, cyane cyane mu kugabanya impfu...
Ubushakashatsi ku Buzima n’Imibereho y’Abaturage mu Rwanda (RDHS) bwa 2025 bwagaragaje ko icyemezo cyo kwisiramuza ku bagabo gifitanye isano n’impamvu zitandukanye zirimo imyemerere ishingiye...
Minisiteri y’Ubuzima yatangiye gukoresha ikoranabuhanga rya Telemedicine rifashwa n’ubwenge buhangano (AI), rikaba ryitezweho koroshya ubufatanye hagati y’abaganga bo ku bitaro bitandukanye no kugabanya umubare...
Ibihugu bya Afurika byasabwe kongera ishoramari mu rwego rw’ubuzima, by’umwihariko mu gukora imiti n’inkingo imbere mu mugabane, mu rwego rwo kugabanya kwishingikiriza ku nkunga...
Umunyemari akaba n’Umuyobozi w’Inama y’Ubutegetsi ya Gates Foundation, Bill Gates, yashimye intambwe u Rwanda rumaze gutera mu gukoresha ikoranabuhanga mu rwego rw’ubuzima, nyuma yo...
Urubyiruko rwo mu Karere ka Nyagatare rwasabwe kwitandukanya n’inzoga n’ibindi binyobwa by’inkorano, mu rwego rwo kurinda ubuzima no guteza imbere imibereho myiza y’abaturage. Ubu...
Urwego rw’ubuzima mu Rwanda rukomeje gutera imbere mu gukoresha ikoranabuhanga, aho ubu abaganga b’inzobere bashobora gufasha bagenzi babo kuvura cyangwa kubaga abarwayi batari kumwe,...
Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yavuze ko ibihugu bya Afurika bikwiye kwihutisha uburyo bwo gukusanya no gusangizanya amakuru y’ubuzima, ashimangira ko ubwenge buhangano (AI)...
Abadepite bagize Komisiyo y’Imibereho y’Abaturage batangaje ko mu bice bitandukanye by’igihugu hakomeje kugaragara ubwiyongere bw’ubusinzi n’ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge, by’umwihariko mu rubyiruko, basaba ko hafatwa ingamba...
Panorama Minisitiri w’ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana atangaza ko ikibazo cy’inzoga zitizuje ubuziranenge zikomeje guhitana ubuzima bw’abantu ari icyorezo mu bindi, kuko bimaze gufata indi...
Ubushakashatsi ku Buzima n’Imibereho y’Abaturage mu Rwanda (RDHS) bwa 2025 bugaragaza ko u Rwanda rukomeje kwandika amateka meza mu guteza imbere ubuzima bw’umwana, aho...
Jeanne d’Arc Munezero Dr. Habimana Mucyo Yves uyobora Ishami rishinzwe kurwanya igituntu mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC), avuga ko indwara y’igituntu ari indwara...