Amakuru
Mu kiganiro cyatambutse kuri Televiziyo y’u Rwanda ku wa mbere, tariki ya 6 Mutarama 2025 Dr. Aimable Mbituyumuremyi uyobora Ishami rishinzwe kurwanya Malaria mu...
Hi, what are you looking for?
Mu kiganiro cyatambutse kuri Televiziyo y’u Rwanda ku wa mbere, tariki ya 6 Mutarama 2025 Dr. Aimable Mbituyumuremyi uyobora Ishami rishinzwe kurwanya Malaria mu...
Ubuyobozi bw’Ibitaro bikuru bya Kaminuza bya Kigali (CHUK) byashyizeho ingamba zo guhangana n’ikwirakwiza ry’indwara y’ibicurane. Izo ngamba zashyizweho zireba abakozi bose b’ibyo bitaro, abarwayi...
Yanditswe na Malliavin Nzamurambaho Mu Rwanda indwara zitandura (NCDs), zizwi kandi ku izina ry’indwara zidakira. Ni indwara zidakwirakwizwa n’abantu hagati yabo. Izi ndwara akenshi...
Dr. Rutayisire François Xavier, Umuganga wimenyereza umwuga mu kubaga indwara zifata ubwonko, uruti rw’umugongo ndetse n’imyakura muri Kaminuza y’u Rwanda by’umwihariko akaba n’umushakashatsi, yegukanye igihembo...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko u Rwanda ruri mu cyerekezo cyo kuba igicumbi cya serivise y’ubuvuzi, bitewe n’uko ruri mu rugendo rwo guteza imbere ubuvuzi,...
Ikigo cya Amerika gishinzwe kurwanya no gukumira ibyorezo (CDC) cyatangaje ko cyiteguye kohereza inzobere mu Rwanda ngo zifatanye n’itsinda ry’u Rwanda mu guhangana na...
Mu Rwanda hatangiye gutangwa urukingo rw’icyorezo cya Mpox, gikomeje guhangayikisha Isi by’umwihariko akarere k’ibiyaga bigari muri Afurika. Ni ibyatangajwe na Minisiteri y’Ubuzima ku wa...
Mu gihe cy’itangira ry’abanyeshuri Minisiteri y’Ubuzima yibukije ibigo by’amashuri ko bikwiye kubahiriza gushyiraho ingamba zigamije gukumira ikwirakwira ry’ubushita bw’inkende muri uyu umwaka mushya w’amashuri....
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) gitangaza ko mu mwaka ushize wa 2023, abantu 67 ari bo bahitanwe na Malaria mu gihugu hose. RBC ivuga ko...
Bamwe mu bazi akamaro k’amashereka ku mwana bagaragaza ko konsa umwana kuva akivuka kugeza ku mezi atandatu (6), bimuha amahirwe yo gutangira ubuzima neza,...
Mu gihe politike y’u Rwanda yahaye agaciro abajyanama b’ubuzima. Bamwe mu bifuza serivise z’ubuzima ntibabikozwaga, ariko muri gahunda y’imyaka irindwi yo kwihutisha iterambere, uruhare...
Minisiteri w’Ubuzima itangaza ko abanyarwanda barenga 32 bamaze guhabwa serivise yo gusimburizwa impyiko mu Rwanda kandi byagenze neza. Iyi gahunda yatangijwe mu 2023 ubwo...