Ubuzima
Mu rwego rwo guhangana n’ingaruka ziterwa n’inzoga zitujuje ubuziranenge, ubuyobozi bw’Akarere ka Gasabo buvuga ko ibikorwa byo gufunga utubari twakoraga mu buryo bunyuranyije n’amategeko...
Hi, what are you looking for?
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwasabye ibyamamare byigeze kwamamaza inzoga zitujuje ubuziranenge zizwi nk’‘ibyuma’ gufatanya na Leta mu bukangurambaga bwo kuzihashya burundu, nyuma y’uko zigaragaje ingaruka...
Mu rwego rwo guhangana n’ingaruka ziterwa n’inzoga zitujuje ubuziranenge, ubuyobozi bw’Akarere ka Gasabo buvuga ko ibikorwa byo gufunga utubari twakoraga mu buryo bunyuranyije n’amategeko...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwongeye kwibutsa abacuruzi n’abaturage ko inzoga zitujuje ubuziranenge zategetswe gukurwa ku isoko zidakwiriye guhishwa cyangwa kwimurirwa ahandi hagamijwe kuburizamo icyo...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko igiye kongera imbaraga mu guhangana n’abantu biyita abavuzi bavuga ko bashobora kuvura indwara zose, ndetse n’abamamaza cyangwa bacuruza imiti bavuga...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Kugenzura Ibiribwa n’Imiti (Rwanda FDA) cyatangaje ko gihagaritse by’agateganyo ikoreshwa ry’inzoga z’inganda zizwi nka Ethanol cyangwa Neutral Spirit mu nganda zose...
Ubushakashatsi ku Buzima n’Imibereho y’Abaturage mu Rwanda (RDHS 2025) bugaragaza ko hafi abaturage bose bazi indwara y’igituntu, ariko hakiri icyuho mu gusobanukirwa neza uko...
Abantu benshi bagenda bahindura uburyo bafata amafunguro, aho bamwe bahisemo kureka kurya nijoro bagamije kugenzura ibiro no kwirinda umubyibuho ukabije. Nubwo hari ababikora bashingiye...
Serivisi zo kwita ku barwayi ba Ebola mu Ntara ya Ituri, mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), zahungabanye nyuma y’aho abaganga...
Panorama Abakora mu nzego z’ubuzima, abashakashatsi n’abanyeshuri muri za kaminuza ndetse n’izindi nzego zifite aho zihuriye n’ubuzima, basabwa kongera imbaraga mu guhanga ibisubizo bishya...
Madamu Jeannette Kagame atangaza ko igihe kigeze ngo ubushakashatsi n’udushya dukorerwa mu rwego rw’ubuzima bihindurwe ibikorwa bifatika bifasha abaturage, cyane cyane mu kugabanya impfu...
Ubushakashatsi ku Buzima n’Imibereho y’Abaturage mu Rwanda (RDHS) bwa 2025 bwagaragaje ko icyemezo cyo kwisiramuza ku bagabo gifitanye isano n’impamvu zitandukanye zirimo imyemerere ishingiye...
Minisiteri y’Ubuzima yatangiye gukoresha ikoranabuhanga rya Telemedicine rifashwa n’ubwenge buhangano (AI), rikaba ryitezweho koroshya ubufatanye hagati y’abaganga bo ku bitaro bitandukanye no kugabanya umubare...
Ibihugu bya Afurika byasabwe kongera ishoramari mu rwego rw’ubuzima, by’umwihariko mu gukora imiti n’inkingo imbere mu mugabane, mu rwego rwo kugabanya kwishingikiriza ku nkunga...