Amakuru
Abajyanama b’ubuzima bo mu Karere ka Gasabo batangaje ko bagiye kongera imbaraga mu gutanga ubujyanama n’amakuru yizewe ku buzima bw’imyororokere, nyuma yo guhabwa amahugurwa...
Hi, what are you looking for?
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwasabye ibyamamare byigeze kwamamaza inzoga zitujuje ubuziranenge zizwi nk’‘ibyuma’ gufatanya na Leta mu bukangurambaga bwo kuzihashya burundu, nyuma y’uko zigaragaje ingaruka...
Abajyanama b’ubuzima bo mu Karere ka Gasabo batangaje ko bagiye kongera imbaraga mu gutanga ubujyanama n’amakuru yizewe ku buzima bw’imyororokere, nyuma yo guhabwa amahugurwa...
Mu gihe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje guhangana n’icyorezo cya Ebola cyongeye kwaduka, Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Biribwa (WFP) ryagaragaje impungenge ziterwa...
Perezida wa Sena, Dr François Xavier Kalinda, yatangaje ko hakenewe imbaraga zidasanzwe mu kwita ku bana bafite ikibazo cya Otizime (Autisme), cyane cyane mu...
Mu gihe isi ikomeje guhangana n’ikibazo cy’udukoko dutera indwara tutakigira ingaruka ku miti yabugenewe, u Rwanda rwafashe ingamba nshya zigamije kugabanya ubukana bw’iki kibazo...
Hari abantu benshi bavuga ko gukira ibikomere by’urukundo bidaterwa gusa n’igihe mwamaranye, ahubwo ko rimwe na rimwe umuntu mutandukana mutarageza ku nzozi mwari mufite...
Abaturage batatu bo mu Karere ka Rwamagana, barimo abakecuru babiri bafitanye isano ya hafi, bapfuye nyuma yo kunywa inzoga ya kanyanga bavuga ko bari...
Indwara z’umutima n’izindi ndwara zidakira zishobora kwiyongera cyane ku bantu bapfakaye, cyane cyane abagabo, nyuma y’urupfu rw’uwo bashakanye. Ibi ni ibyagarutsweho n’ubushakashatsi butandukanye bugaragaza...
Perezida wa Kenya, William Ruto, yatangaje ko gahunda yo gushyiraho ikigo cyo gushyiramo abantu bagiye kwitabwaho mu gihe cy’icyorezo cya Ebola itagamije guteza impungenge,...
Abashakashatsi bo mu Bwongereza batangaje intambwe nshya mu rugamba rwo kurwanya kanseri, nyuma y’aho Ikigo Greywolf Therapeutics gikora ubushakashatsi ku miti cyashyize ahagaragara ibyavuye...
Abakobwa biga mu mashuri atandukanye bagaragaje ibyishimo nyuma yo guhabwa Cotex zimeswa zishobora kongera gukoreshwa mu gihe cy’imyaka ibiri, bavuga ko zigiye kubafasha mu...
Umusore w’imyaka 28 witwa Tuyishimire Leandre wari utuye mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Kinyinya, mu Kagari ka Kagugu ahazwi nka Batsinda, yapfuye mu...
Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Abiy Ahmed, yakiriye itsinda ry’abaganga 128 baturutse mu Rwanda bari muri gahunda y’amahugurwa agamije kubongerera ubumenyi mu buvuzi bw’inzobere, mu...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko imipaka ihuza igihugu na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje gukora nk’ibisanzwe, ariko hashyizweho ingamba zikomeye zo kugenzura abantu...
Umuryango Mpuzamahanga wita ku Buzima (World Health Organization) yatangaje ko icyorezo cya Ebola gikomeje gukwira muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Democratic no muri Uganda...
Abajyanama b’ubuzima ni bamwe mu bakora byinshi kugira ngo bafashe abantu bingeri zose kugira ubuzima bwiza binyuze mu kubagira inama ndetse no kubavura indwara...