Amakuru
Ikigo cy’igihugu cy’ubuzima –RBC, gitangaza ko kugeza ubu 98% by’abagore batwite bafite Virusi itera SIDA babona imiti bisanzwe, kandi bagakurikiranwa kugira ngo abana bazavuke...
Hi, what are you looking for?
Ikigo cy’igihugu cy’ubuzima –RBC, gitangaza ko kugeza ubu 98% by’abagore batwite bafite Virusi itera SIDA babona imiti bisanzwe, kandi bagakurikiranwa kugira ngo abana bazavuke...
Hari bamwe mu baturage bo mu karere ka Rwamagana bo bagifite imyumvire ko kwisiramuza bituma imibonano mpuzabitsina itagenda ndeza ndetse n’igitsina cy’umugabo kiba gito....
Hari bamwe mu rubyiruko batarazamura imyumvire ku bijyanye no kuba bajya kwipimisha Virusi itera SIDA ku bigo nderabuzima, kuko bagaragaza ko biteye ubwoba abandi...
Ikigo kigihugu gishizwe ubuzima -RBC, cyatagije uburyo bushya bwo gutera umuti wica imibu mu bishanga bakoresheje indege zitagira abapilote (Drones). Icyo gikorwa bakora rimwe...
Ikigo cy’igihugu gishizwe ubuzima -RBC, cyatagije ubukanguramba aho buri rugo rugomba gutunga inzitaramibi iteye umuti, mu rwego rwo kurandura Malaria burundu. Uwamariya Agnes, Umuyobozi...
Mu rwego rwo kurandura indwa ya Maraliya burundu mu Rwanda, Ikigo cy’igihugu cy’ubuzima –RBC, cyatagije ubukangurambanga bwo kwigisha abajyanama b’ubuzima, kuko ari bo bagera...
Mu Karere ka Karongi abajyanama b’ubuzima bavuga ko bitewe n’ubwiyogere bw’indwara ya Malariya, Leta ishishikariza abaturage kubagana kugira ngo bisuzumishe banivuze iyo ndwara itarabazahaza....
By Kayitare Jean B. One Health (OH) is a critical unifying approach that aims to sustainability balance and optimize the health of people, animals...
Abayobozi b’isi bashyigikiye ko hakoreshwa ikoranabuhanga kugira ngo hakemuka ibibazo by’ubuzima muri Afurika. Uyu ni umwe mu mwanzuro wafatiwe mu nama yateguwe n’ikigo cya...
Rukundo Eroge Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubuzima RBC (Rwanda Biomedical Centre) ku bufatanye na AT Scale ku nkunga y’ishami ry’umuryango w’Abibumbye rishinzwe kurengera umwana -UNICEF,...
Stroke ni indwara iterwa n’ingaruka zikomoka ku ndwara zitandura. Muri izo ndwara harimo umuvuduko ukabije w’amaraso, Umubyibuho ukabije ndetse n’indwara y’umutima ni byo biza...
Uwagize ihungabana ndetse n’abafite uburwayi bwo mu mutwe bibagiraho ingaruka zikomeye haba ku iterambere ryabo ndetse n’iry’imiryango yabo. Uwahuye n’ihungabana n’uwagize uburwayi bwo mu...
Mu gihe imibare y’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubuzima, RBC, igaragaza ko ubwandu bushya bwa Virusi itera SIDA bukomeje kwiyongera, kuri ubu mu Ntara y’Iburasirazuba hatangijwe...
Gukuramo inda mu Rwanda ni kimwe mu bintu bigifatwa nk’amahano, bitewe n’imyumvire ya bamwe ishingira ku muco no kuri bamwe mu banyamadini bigisha abayoboke...
Abafite ibisigisi bya COVID-19 barasaba ko bashyirirwaho uburyo bwihariye bwo kubakurukirana kandi bakaba bakoherezwa mu buvuzi. Ibi barabivuga mu gihe Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita...