Ubuzima
Jackson Kwizera Indwara z’umutima ni zimwe mu zitwara ubuzima bw’abantu benshi ku isi. Icyakora, inkuru nziza ni uko nyinshi muri zo zishobora kwirindwa iyo...
Hi, what are you looking for?
Jackson Kwizera Indwara z’umutima ni zimwe mu zitwara ubuzima bw’abantu benshi ku isi. Icyakora, inkuru nziza ni uko nyinshi muri zo zishobora kwirindwa iyo...
Jackson Kwizera Indwara z’umutima zishobora kuba umutwaro ukomeye ku buzima. Abantu benshi batekereza ko izo ndwara ziza zitunguranye nta kimenyetso na kimwe umubiri wabanje...
Umusore wari ukiri muto kuko yari afite imyaka 20 y’amavuko yapfuye azize kunywa adakura ku munwa inzoga ityaye abantu bise ‘icyuma’. Yitwaga Fabrice Ishimwe...
Munezero Jeanne d’Arc Psoriasis ni indwara y’uruhu, ariko iyo itavuwe neza, ishobora guteza izindi ndwara. Ni indwara abantu benshi batazi neza kuko hari abayitiranya...
Raoul Nshungu Inzego z’ubuzima mu Rwandaziravuga zafashe ingamba nshya zo guhashya indwara ya Malariya, harimo no kuba uzajya ayisanganwa abagize umuryano we cyangwa se...
Yanditswe na Malliavin Nzamurambaho Mu Rwanda indwara zitandura (NCDs), zizwi kandi ku izina ry’indwara zidakira. Ni indwara zidakwirakwizwa n’abantu hagati yabo. Izi ndwara akenshi...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko u Rwanda ruri mu cyerekezo cyo kuba igicumbi cya serivise y’ubuvuzi, bitewe n’uko ruri mu rugendo rwo guteza imbere ubuvuzi,...
Ikigo cya Amerika gishinzwe kurwanya no gukumira ibyorezo (CDC) cyatangaje ko cyiteguye kohereza inzobere mu Rwanda ngo zifatanye n’itsinda ry’u Rwanda mu guhangana na...
Mu Rwanda hatangiye gutangwa urukingo rw’icyorezo cya Mpox, gikomeje guhangayikisha Isi by’umwihariko akarere k’ibiyaga bigari muri Afurika. Ni ibyatangajwe na Minisiteri y’Ubuzima ku wa...
Mu gihe cy’itangira ry’abanyeshuri Minisiteri y’Ubuzima yibukije ibigo by’amashuri ko bikwiye kubahiriza gushyiraho ingamba zigamije gukumira ikwirakwira ry’ubushita bw’inkende muri uyu umwaka mushya w’amashuri....
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) gitangaza ko mu mwaka ushize wa 2023, abantu 67 ari bo bahitanwe na Malaria mu gihugu hose. RBC ivuga ko...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyatangaje ko indwara y’Ubushita bw’Inkende izwi nka Monkeypox cyangwa mpox, yamaze kugera mu Rwanda. Iki kigo gisaba abanyarwanda kwirinda...