Ubuzima
Abantu bavuga ibitandukanye ku binyobwa byongera ingufu. Bamwe bavuga ko ari byiza ndetse ko bifasha umubiri, abandi babishinja ko byangiza ubuzima. Kugira ngo ubungabunge...
Hi, what are you looking for?
Abantu bavuga ibitandukanye ku binyobwa byongera ingufu. Bamwe bavuga ko ari byiza ndetse ko bifasha umubiri, abandi babishinja ko byangiza ubuzima. Kugira ngo ubungabunge...
Ingano y’umunyu n’isukari bikenerwa ku munsi mu mubiri w’umuntu, igenda ihinduka bitewe n’ibyo akora cyangwa se bigaterwa n’uko agenda akura. Isukari irusha umunyu mu...
Sinizite (Sinusite) ni indwara yo kubyimbagana no gututumba ibinogo by’izuru (nasal cavities). Iyi ndwara iterwa akenshi na virusi, gusa sizo zonyine kuko na bagiteri...
Umuneke ni rumwe mu mbuto zikundwa n’abatari bake mu Rwanda ndese no hanze, rukaba runaboneka byoroshye mu banyarwanda ugereranyije na zimwe mu mbuto zindi...
Fièvre Jaune ni indwara ikomeye ikiboneka mu Bihugu bya Afurika no muri Amerika y’Amajyepfo, aho abasaga 200,000 bayandura buri mwaka. Iterwa na virusi yitwa amaril,...
Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko bitakiri ngombwa ko abantu bagiye guhurira ahantu hamwe bapimwa umuriro. Ni icyemezo gifashwe nyuma y’uko n’izindi ngamba zo kwirinda COVID-19...
Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko umwana ukiri mu nda, ashobora kugira ikibazo, iyo umubyeyi yanduye COVID-19 atarakingiwe. Kuko iki cyorezo kibasira nyababyeyi, umwana aba aherereyemo,...
Inteko Ishinga Amategeko y’Igihugu cya Uganda, iri kwiga umushinga uzatuma abaturage bose bakingirwa COVID-19, utabikoze agahabwa ibihano, birimo igifungo gishobora kugera ku mezi 6....
Kubura ibitotsi bishobora kugira ingaruka zikomeye ku mubiri, no ku mitekerereze. Iyo umaze ijoro udasinziriye bikwiye, umunsi ukurikiyeho wirirwa unaniwe, ufite umujagararo mu mutwe....
Abatuye mu murenge wa Mwulire mu karere ka Rwamagana, bishimiye kubona Ikigonderabuzima. Abaturage bavuga ko icyo Kigonderabuzima kigiye kubaruhura ingendo bakoraga bajya gushaka serivise...
Abashakashatsi bo muri Afurika y’Epfo bakoze urukingo rwa COVID-19, ruteye kimwe n’urwa Moderna, bavuga ko rwitezweho gufasha kuzamura umubare w’ababona inkingo muri Afurika; Ikigaragara...
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Rutsiro, mu Murenge wa Kivumu, batangaza ko bikingije COVID-19, nk’uburyo bwizewe bwo kwirinda kandi bakaba bakomeje kubikangurira...