Ubuzima
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwongeye kwibutsa ababyeyi, abarimu n’abandi bafite inshingano zo kurera abana ko ibihano bikabije bishobora kubagiraho ingaruka zikomeye ndetse bikaba binanyuranyije...
Hi, what are you looking for?
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwongeye kwibutsa ababyeyi, abarimu n’abandi bafite inshingano zo kurera abana ko ibihano bikabije bishobora kubagiraho ingaruka zikomeye ndetse bikaba binanyuranyije...
Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko igiye gutangira kugabanya inkunga yahaga Afurika y’Epfo mu bikorwa byo kurwanya no kwita ku barwayi...
Abajyanama b’ubuzima bo mu Karere ka Gasabo batangaje ko bagiye kongera imbaraga mu gutanga ubujyanama n’amakuru yizewe ku buzima bw’imyororokere, nyuma yo guhabwa amahugurwa...
Mu gihe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje guhangana n’icyorezo cya Ebola cyongeye kwaduka, Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Biribwa (WFP) ryagaragaje impungenge ziterwa...
Mu gihe isi ikomeje guhangana n’ikibazo cy’udukoko dutera indwara tutakigira ingaruka ku miti yabugenewe, u Rwanda rwafashe ingamba nshya zigamije kugabanya ubukana bw’iki kibazo...
Hari abantu benshi bavuga ko gukira ibikomere by’urukundo bidaterwa gusa n’igihe mwamaranye, ahubwo ko rimwe na rimwe umuntu mutandukana mutarageza ku nzozi mwari mufite...
Abaturage batatu bo mu Karere ka Rwamagana, barimo abakecuru babiri bafitanye isano ya hafi, bapfuye nyuma yo kunywa inzoga ya kanyanga bavuga ko bari...
Indwara z’umutima n’izindi ndwara zidakira zishobora kwiyongera cyane ku bantu bapfakaye, cyane cyane abagabo, nyuma y’urupfu rw’uwo bashakanye. Ibi ni ibyagarutsweho n’ubushakashatsi butandukanye bugaragaza...
Perezida wa Kenya, William Ruto, yatangaje ko gahunda yo gushyiraho ikigo cyo gushyiramo abantu bagiye kwitabwaho mu gihe cy’icyorezo cya Ebola itagamije guteza impungenge,...
Abashakashatsi bo mu Bwongereza batangaje intambwe nshya mu rugamba rwo kurwanya kanseri, nyuma y’aho Ikigo Greywolf Therapeutics gikora ubushakashatsi ku miti cyashyize ahagaragara ibyavuye...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko imipaka ihuza igihugu na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje gukora nk’ibisanzwe, ariko hashyizweho ingamba zikomeye zo kugenzura abantu...
Umuryango Mpuzamahanga wita ku Buzima (World Health Organization) yatangaje ko icyorezo cya Ebola gikomeje gukwira muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Democratic no muri Uganda...