Ubuzima
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko igiye kongera imbaraga mu guhangana n’abantu biyita abavuzi bavuga ko bashobora kuvura indwara zose, ndetse n’abamamaza cyangwa bacuruza imiti bavuga...
Hi, what are you looking for?
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwasabye ibyamamare byigeze kwamamaza inzoga zitujuje ubuziranenge zizwi nk’‘ibyuma’ gufatanya na Leta mu bukangurambaga bwo kuzihashya burundu, nyuma y’uko zigaragaje ingaruka...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko igiye kongera imbaraga mu guhangana n’abantu biyita abavuzi bavuga ko bashobora kuvura indwara zose, ndetse n’abamamaza cyangwa bacuruza imiti bavuga...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Kugenzura Ibiribwa n’Imiti (Rwanda FDA) cyatangaje ko gihagaritse by’agateganyo ikoreshwa ry’inzoga z’inganda zizwi nka Ethanol cyangwa Neutral Spirit mu nganda zose...
Ubushakashatsi ku Buzima n’Imibereho y’Abaturage mu Rwanda (RDHS 2025) bugaragaza ko hafi abaturage bose bazi indwara y’igituntu, ariko hakiri icyuho mu gusobanukirwa neza uko...
Abantu benshi bagenda bahindura uburyo bafata amafunguro, aho bamwe bahisemo kureka kurya nijoro bagamije kugenzura ibiro no kwirinda umubyibuho ukabije. Nubwo hari ababikora bashingiye...
Abadepite bagize Komisiyo y’Imibereho y’Abaturage batangaje ko mu bice bitandukanye by’igihugu hakomeje kugaragara ubwiyongere bw’ubusinzi n’ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge, by’umwihariko mu rubyiruko, basaba ko hafatwa ingamba...
Panorama Minisitiri w’ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana atangaza ko ikibazo cy’inzoga zitizuje ubuziranenge zikomeje guhitana ubuzima bw’abantu ari icyorezo mu bindi, kuko bimaze gufata indi...
Umubare w’abamaze gupfa bazize ubushyuhe bukabije bwibasiye u Bufaransa umaze kurenga 1.000, mu gihe iki gihugu gikomeje guhura n’ubushyuhe budasanzwe buri no kwibasira ibindi...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwongeye kwibutsa ababyeyi, abarimu n’abandi bafite inshingano zo kurera abana ko ibihano bikabije bishobora kubagiraho ingaruka zikomeye ndetse bikaba binanyuranyije...
Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko igiye gutangira kugabanya inkunga yahaga Afurika y’Epfo mu bikorwa byo kurwanya no kwita ku barwayi...
Abajyanama b’ubuzima bo mu Karere ka Gasabo batangaje ko bagiye kongera imbaraga mu gutanga ubujyanama n’amakuru yizewe ku buzima bw’imyororokere, nyuma yo guhabwa amahugurwa...
Mu gihe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje guhangana n’icyorezo cya Ebola cyongeye kwaduka, Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Biribwa (WFP) ryagaragaje impungenge ziterwa...
Mu gihe isi ikomeje guhangana n’ikibazo cy’udukoko dutera indwara tutakigira ingaruka ku miti yabugenewe, u Rwanda rwafashe ingamba nshya zigamije kugabanya ubukana bw’iki kibazo...