Ubuzima
Ubushakashatsi n’ibyegeranyo ku bwandu bushya bwa Virus itera SIDA, bigaragaza ko urubyiruko by’umwihariko abakobwa aribo bugarijwe n’ubu bwandu. Ibipimo by’ubwandu bushya bigaragaza ko abakobwa bari...
Hi, what are you looking for?
Ubushakashatsi n’ibyegeranyo ku bwandu bushya bwa Virus itera SIDA, bigaragaza ko urubyiruko by’umwihariko abakobwa aribo bugarijwe n’ubu bwandu. Ibipimo by’ubwandu bushya bigaragaza ko abakobwa bari...
Abanyamakuru bakora inkuru z’ubuzima by’umwihariko kuri virusi itera SIDA bibumbiye muri ABASIRWA (Ishyirahamwe ry’abanyamakuru barwanya SIDA) bemeza ko itangazamakuru rikozwe kinyamwuga rishobora kugira uruhare...
Uwera Florance ni umuturage wo mu karere ka Huye, Umurenge wa Karama, Akagari ka Gahoro, mu mudugudu wa Muvumba. Umwana we yagize uburwayi bwo...
Ubushakashatsi bwakorewe mu turere 7 ku buzima bw’imyorokere bugaragaza ko mu rubyiruko 718 rwabajijwe, 11% nibo bakoze imibonano mpuzabitsina. Muri bo 45% ntibakoresheje agakingirizo mu...
Urubyiruko rwo mu Murenge wa Rusororo, mu Karere ka Gasabo, harimo n’abafite ubumuga barashishikarizwa kugana ibigo bitanga inama ku buzima bw’imyororoke kandi bagakoresha ikoranabuhanga...
Abahanga mu bijyanye n’ubuzima bw’abana n’ababyeyi bagira inama ababyeyi kurushaho kwitabira gahunda zijyanye no kwisuzumisha mu gihe batwite ndetse no kubyarira kwa muganga, kuko...
Minisiteri y’ubuzima irasaba ababyeyi kujya bitabira kwipimisha no kwisuzumisha mu gihe batwite kandi bakazirkana kubyarira kwa muganga, kuko kuko ari bimwe mu bifasha kugabanya...
Minisiteri y’ubuzima ivuga ko uruhare rw’abagabo rukenewe mu rwego rwo kugabanya imfu z’ababyeyi bapfa babyara. Nk’uko bishimangirwa n’abitabiriye itangizwa ry’icyumweru cyahariwe ubuzima bw’umubyeyi n’umwana,...
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 8 Ugushyingo 2022, mu cyumba cy’inama n’amahugurwa mu kigo cy’urubyiruko cya Rwamagana habereye igikorwa cy’ubukangurambaga ku buzima bwo...
Ubushakashatsi bwakozwe n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima ku Isi (OMS/WHO) mu Rwanda, bugaragaza ko hakiri ibihugu bimwe byo mu majyepfo ya Afurika byongeye kugaragaramo...
Mu rwego rwo gushaka umuti w’ibibazo by’ubuzima bwo mu mutwe hifashishijwe inyandiko n’itangazamakuru, abahagarariye guverinoma, imiryango mpuzamahanga, sosiyete sivile ndetse n’abanyamakuru bagiranye ibiganiro birambuye...
Inyigo isaba kwitegereza (observation participative) yakozwe n’Urugaga rw’abikorera -PSF, yagaragaje ko mu barobyi bo mu karere ka Karongi harimo ibisa nk’ibishuko byakurura ubusambanyi hagati y’abarobyi n’abakiriya b’umusaruro wabo baba biganjemo...
Abanduye virusi itera SIDA mu karere ka Karongi bavuga ko byabatwaye imyaka myinshi cyane kugira ngo bahindure imyumvire, kuko benshi muri bo bavugaga ko...
Vingt et un cas d’Ebola ont été signalés en Ouganda, a annoncé ce lundi le ministère de la santé publique. Vendredi dernier, les autorités...
Urubyiruko rwasabwe kwita ku buzima bwabwo nk’ibuye ry’agaciro rya Zahabu, rwirinda kwirara, ahubwo rwitabira ibikorwa byo kwirinda Virusi itera SIDA, bakoresheje uburyo butandukanye harimo...