Ubuzima
Ababyeyi basabwa kutagira impungenge ku rukingo rwa COVID-19 ruzahabwa abana bari hagati y’imyaka 5 na 11, kuko kubakingira ari ukubungabunga ubuzima bwabo. Basabwa kandi...
Hi, what are you looking for?
Ababyeyi basabwa kutagira impungenge ku rukingo rwa COVID-19 ruzahabwa abana bari hagati y’imyaka 5 na 11, kuko kubakingira ari ukubungabunga ubuzima bwabo. Basabwa kandi...
Umuryango wita ku buzima n’iterambere ry’abaturage (Community Socio-Economic Development Initiatives: CSDI), wakanguriye abaturage kwipimisha indwara zitandukanye zirimo Virusi itera SIDA n’igituntu, kugira ngo uwagize...
Imyitozo ngororamubiri ifite uruhare rukomeye cyane mu guhangana n’indwara z’umutima. Ni umuti ikaba n’urukingo. Ibi byatumye Leta y’u Rwanda ishyiraho gahunda ya Siporo rusange...
Inzobere mu by’ubuzima zivuga ko umubyeyi utwite ari umwe mu bagomba kwitabwaho cyane kugira ngo bimurinde indwara y’agahinda gakabikabije, ishobora kumufata mbere cyangwa nyuma...
Abavuzi gakondo basaba ko hajyaho itegeko ryafasha guca akajagari mu buvuzi bwifashisha iyi miti. Ikigo gishinzwe ubugenzuzi bw’imiti n’ibiribwa (FDA), cyo kiraburira abakoresha imiti...
Ubwo Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima, (RBC), cyasozaga icyumweru cyahariwe kurwanya ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge mu Karere ka Huye, bamwe mu bagizwe imbata na byo, bakaba bari...
Kurya avoka uzisimbuje andi mavuta ashyirwa mu biryo, ‘Fromage’, cyangwa ukazisimbuza inyama ziba zabanje guca mu nganda mu bushakashatsi bushya bwakozwe bwagaragaje ko bikugabanyiriza...
Ku isi hose indwara ya kanseri ikomeje gukaza umurindi, dore ko iri no mu zihangayikishije cyane kuko nko muri Leta zunze ubumwe za Amerika...
Abantu bavuga ibitandukanye ku binyobwa byongera ingufu. Bamwe bavuga ko ari byiza ndetse ko bifasha umubiri, abandi babishinja ko byangiza ubuzima. Kugira ngo ubungabunge...
Ingano y’umunyu n’isukari bikenerwa ku munsi mu mubiri w’umuntu, igenda ihinduka bitewe n’ibyo akora cyangwa se bigaterwa n’uko agenda akura. Isukari irusha umunyu mu...
Sinizite (Sinusite) ni indwara yo kubyimbagana no gututumba ibinogo by’izuru (nasal cavities). Iyi ndwara iterwa akenshi na virusi, gusa sizo zonyine kuko na bagiteri...
Umuneke ni rumwe mu mbuto zikundwa n’abatari bake mu Rwanda ndese no hanze, rukaba runaboneka byoroshye mu banyarwanda ugereranyije na zimwe mu mbuto zindi...
Ubushakashatsi bushya bwerekanye ko umwana ukiri mu nda, ashobora kugira ikibazo, iyo umubyeyi yanduye COVID-19 atarakingiwe. Kuko iki cyorezo kibasira nyababyeyi, umwana aba aherereyemo,...
Mu kiganiro n’itangazamakuru, abafatanyabikorwa mu kurwanya ibiyobyabwenge, binyuze mu muryango ‘Purpose Rwanda’, bagaragaje uruhare Abanyarwanda basabwa mu kurwanya ingaruka ziterwa no kubatwa n’ibiyobyabwenge, mu...
Mu myanzuro y’Inama y’Abaminisitiri, yateranye ku wa 26 Mutarama 2022, Prof Claude Mambo Muvunyi yemejwe nk’Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima_RBC. Uyu muyobozi mushya asimbuye...