Amakuru
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko igiye kurushaho gukurikirana ibikorwa bifatwa nk’imyitwarire idahwitse bikorerwa ku mbuga nkoranyambaga, cyane cyane kuri TikTok, ndetse no mu bitaramo...
Hi, what are you looking for?
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko igiye kurushaho gukurikirana ibikorwa bifatwa nk’imyitwarire idahwitse bikorerwa ku mbuga nkoranyambaga, cyane cyane kuri TikTok, ndetse no mu bitaramo...
Urubyiruko rushishikariza kugerageza amahirwe, rugasaba ko rwakwinjira mu marushanwa ya Africa Business Heroes kuko bizabafasha kugira byinshi bakemura mu buzima bwabo. Ibi byatangarijwe mu nama...
Jean Marie Vianney Habiyaremye was awarded 500,000 Frw (approximately $500) at YouthConnekt in 2017, boosting his capital to nearly 10 times, and sent him...
Kwigishwa no gusigasira indangagaciro zo kwimakaza amahoro, urukundo n’iterambere byatumye bamwe mu rubyiruko biyumvamo kuremwa bushya, banagirirwa icyizere muri rubanda. Ubwo hizihizwaga imyaka 15...
Ibibazo bibangamiye urubyiruko birimo ibiyobyabwenge, inda ziterwa abangavu no guta amashuri ni bimwe mu byagarutsweho cyane mu marushanwa y’ubuhanzi n’ubugeni yateguwe n’Akarere ka Nyamagabe...
Mu kiganiro n’itangazamakuru, abafatanyabikorwa mu kurwanya ibiyobyabwenge, binyuze mu muryango ‘Purpose Rwanda’, bagaragaje uruhare Abanyarwanda basabwa mu kurwanya ingaruka ziterwa no kubatwa n’ibiyobyabwenge, mu...
Mu gihe usanga hari abantu benshi batinya kwipimisha ubwandu bw’agakoko gatera SIDA cyane cyane ku rubyiruko, abanyeshuri biga mu mashuri yisumbuye ya APAER, Doctrina...