Kugira ngo harangizwe urubanza RP 0063-16-TGI-MHG, Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa Gatanu tariki ya 01/11/2019, saa cyanda z’igicamunsi (15h00), azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa wa Nyiransengimana Catherine na Usabimana Daniel, ugizwe n’inzu iri mu kibanza kibaruye kuri UPI: 2/08/11/03/2256.
Uwo mutungo uherereye mu kagari ka Gishyeshye, Umurenge wa Rukoma, Akarere ka Kamonyi, Intara y’Amajyepfo; kugira ngo avuyemo yishyurwe Akarere ka Kamonyi katsinze mu rubanza rwavuzwe haruguru. Cyamunara izabera aho umutungo uherereye.
Uwifuza ibindi bisobanuro yahamagara kuri 0788461028.
Bikorewe i Kigali, ku wa 21/10/2019
Me Ingabire Uwayo Lambert
Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga
Se
