Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa icyemezo cy’Urukiko mu rubanza RS/RECT/RCOM01952/2017/TC/NYGE rwaciwe n’Urukiko rw’Ubucuruzi rwa Nyarugenge ku wa 07/12/2017 rukosora urubanza RCOM/01952/2017/TC/NYGE, rwaciwe n’Urukiko rw’Ubucuruzi rwa Nyarugenge ku wa 29/06/2017; urubanza IMBADUKO SACCO BUREGA yatsinzemo Habimana Fabien;
Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa kabiri tariki ya 23/07/2019 guhera saa saba n’igice z’amanywa (13h30), azagurisha muri cyamunara umutungo wa Hakizimana Fabien na Nyirambonabucya Rose ku nshuro ya mbere.
Uwo mutungo ugizwe n’ishyamba ribaruye ku kibanza gifite UPI: 4/01/02/01/1953, giherereye mu mudugudu wa Nyamiyaga, Akagari ka Butangampundu, Umurenge wa Burega, Akarere ka Rulindo, Intara y’Amajyaruguru.
Abifuza ibindi bisobanuro babariza kuri telefoni igendanwa 0788297106, bakanareba ku rubuga www.pba-co.org rw’Urugaga rw’Abahesha b’Inkiko b’Umwuga.
Bikorewe i Rulindo, ku wa 16/07/2019
Sé
Me Mufanzara Leonce
Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga
