Mu rwego rwo kurangiza urubanza No RCOMA 0294/14/HCC rwaciwe n’Urukiko Rukuru rw’Ubucuruzi rwa Nyarugenge ku wa 24/07/2014 n’urubanza No RCOM 1286/13/TC/NYGE rwaciwe n’Urukiko rw’Ubucuruzi rwa Nyarugenge;
Umuhesha w’Umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko ku wa kabiri tariki ya 19/07/2019, hazagurishwa muri cyamunara umutungo wa Rwagasana Thomas na Mukakimenyi Marie Rosine ufite UPI: 1/03/08/04/1417; uherereye mu kagari ka Gitaraga, Umurenge wa Masaka, Akarere ka Kicukiro, Umujyi wa Kigali ahagenewe inganda. Icyamunara kizaba saa tatu za mugitondo (9h00).
Uwifuza ibindi bisobanuro yahamagara kuri telefoni igendanwa 0788307398/0788482817.
Bikorewe i Kigali, ku wa 15/07/2019
Sé
Me Ndayobotse Silas
Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga
