Ubuzima
Bamwe mu banyamuryango b’amakoperative ‘Girubuzima Nyange’ na ‘Abaharanira amahoro’ ahuriramo abafite virusi itera SIDA bo mu Mirenge 2 y’Akarere ka Musanze, bahamya ko kwihuriza...
Hi, what are you looking for?
Bamwe mu banyamuryango b’amakoperative ‘Girubuzima Nyange’ na ‘Abaharanira amahoro’ ahuriramo abafite virusi itera SIDA bo mu Mirenge 2 y’Akarere ka Musanze, bahamya ko kwihuriza...
Nyuma yo kumenyeshwa uko urubanza rwa Basabose Pierre na Twahirwa Séraphin rwaciwe, abarokokeye jenoside yakorewe Abatutsi 1994 mu Murenge wa Gikondo na Gatenga, batangaje...
Mu gihe urubanza rwa Dr Munyemana Sosthène ruri kugana ku musozo, mu rukiko rwa rubanda rw’i Paris (Cour d’Assises) mu Bufaransa, Ubushinjacyaha bwasabye ko...
Mu rukiko rwa rubanda rw’i Buruseli (Cour d’Assises) mu Bubiligi, Basabose Pierre na Twahirwa Séraphin bakurikiranweho kugira uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994,...
Ku nshuro ya kabiri, abakozi 2000 bo mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu Rwanda, bahawe impamyabushobozi zihamya ibyo bigiye mu kazi. Ni muri gahunda ya...
Muri uru rubanza rukomeje mu rukiko rwa rubanda rw’i Paris (Cour d’Assises) mu Bufaransa, Alain Gauthier wavuze nk’uri ku ruhande rw’abaregera indishyi, mu buhamya...
Mu gihe hizihizwa umunsi mpuzamahanga wahariwe kurwanya icyorezo cya SIDA (HIV/AIDS), buri mwaka ku itariki ya 1 Ukuboza, Ubuyobozi bw’Akarere ka Kirere bufatanyije n’abakora...
Mu rubanza rwa Dr. Munyemana Sosthène, ukurikiranweho kugira uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, mu yahoze ari Perefegitura ya Butare (Segiteri ya Tumba),...
Abarokokeye jenoside mu Murenge wa Tumba, mu Karere ka Huye, ahamenyekanye Dr Munyemana Sosthene wiswe ‘Le boucher de Tumba’, bamaze kumenyeshwa ko uyu mugabo...
Abatangabuhamya batandukanye bakomeje kumvwa mu rukiko rwa rubanda (Cour d’Assises de Paris) mu Bufaransa, aho kuri uyu wa 24 Ugushyingo 2023, umugabo wumviswe hifashijwe...
Mu gihe ubutaka bugenda busaza umusaruro uva mu bihingwa ukagabanuka, abahinzi basabwa gutekereza ku buryo bwo gufumbira bakoresheje ifumbire ikomoka ku mwanda wo mu...
Mu rukiko rwa rubanda rw’i Paris (Cour d’Assises de Paris) mu Bufaransa, kuri uyu wa kabiri tariki 14 Ugushyingo 2023 haratangira urubanza ruregwamo undi...
N’ubwo yaje kugera mu rukiko, Pierre Basabose w’imyaka 76, nta kindi arashobora gutangarizamo nk’uko abaganga bakurikiranye iby’uburwayi bwe, muri raporo berekanye, basobanuye ko afite...
Mu gihe hakomeje urubanza rwa Séraphin Twahirwa na Pierre Basabose, bakurikiranweho kugira uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994; Bamwe mu barokokeye mu Mirenge...
Mu buhamya bwakusanyijwe na Parike mu mwaka wa 2006 n’uwa 2015, Abatagabuhamya babarijwe i Kigali, bemeje ko Séraphin Twahirwa yari Interahamwe ikomeye yagize uruhare...