Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa amasezerano y’ubufatanye mu bucuruzi yo ku wa 09/01/2018,
Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa 02/05/2019 saa tanu za mugitondo (11h00), azateza cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’ubutaka bubariye kuri UPI: 5/01/09/04/11, buri mu mudugudu wa Nyakiriba, Akagari ka Musha, Umurenge wa Musha, Akarere ka Rwamagana, Intara y’Iburasirazuba; kugira ngo hishyurwe umwenda wa ERI-RWANDA Ltd.
Ushaka ibindi bisobanuro yabaza kuri Telefoni 0788256517.
Bikorewe i Kigali, ku wa 24/04/2019
Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga
Me Anne Murerwa
Sé
