Mu rwego rwo kurangiza urubanza RCA 00237/08/TB/KCY rwaciwe n’Urukiko rw’Ibanze rwa Kacyiru ku wa 26/06/2009 n’urubanza RCA 0167/09/TGI/GSBO rwaciwe n’Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo, ku wa 22/04/2010;
Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko ku wa Gatanu tariki ya 31/05/2019 hazagurishwa muri cyamunara imitungo ya Ngarukiye Abdu na Uwimana Fatuma ikurikira:
UPI: 5/04/11/02/3625 cyamunara izaba saa tanu z’amanywa (11h00) na UPI: 5/04/11/02/361, cyamunara izaba saa tanu n’igice z’amanywa (11h30), iyi mitungo yombi iherereye mu kagari Nkamba, mu murenge wa Ruramira, Akarere ka Kayonza, Intara y’Iburasirazuba.
Hazagurishwa kandi uwo munsi saa saba z’amanywa (13h00), umutungo ufite UPI: 5/04/09/04/781, uherereye mu kagari ka Shyogo, Umurenge wa Nyamirama, Akarere ka Kayonza, Intara y’Iburasirazuba.
Uwifuza ibindi bisobanuro yahamagara kuri telefoni igendanwa 0788307398/0788482817.
Bikorewe i Kigali, ku wa 17/05/2019
Sé
Me Ndayobotse Silas
Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga
