Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa icyemezo cy’urukiko mu rubanza No RP00490&00698/2016/TGI/NYGE rwaciwe n’Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge ku wa 16/02/2017, n’urubanza RPA00285&00298&00326&00338&00339 rwaciwe n’Urukiko rukuru ku wa 07/12/2017,
Umuhesha w’Inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa 05/11/2018, guhera saa yine z’amanywa (10h00) azagurisha muri cyamunara umutungo wa Bagirabagabo Jean Paul na Hakuzimana Grace, ugizwe n’inzu yo guturamo ibaruye ku kibanza gifite No UPI: 1/03/04/02/11 giherereye mu mudugudu wa Rugunga, Akagari ka Muyange, Umurenge wa Kagarama, Akarere ka Kicukiro, Umujyi wa Kigali.
Abifuza ibindi bisobanuro babariza kuri telefoni igendanwa 0788297106, bakanareba ku rubuga www.pba-co.org rw’Urugaga rw’abahesha b’inkikob’umwuga.
Bikorewe i Kigali ku wa 25/10/2018
Sé
Me Mufanzara Leonce
Umuhesha w’inkiko w’Umwuga
