- Kuri uyu wa kane tariki ya 9 Kanama 2018, imbere ya Perezida wa Repubulika Paul Kagame, Minisitiri w’Intebe yatangazaje uko uturere twakurikiranye mu kwesa imihigo y’umwaka w’imari 2017/2018. Akarere ka Rwamagana kongeye kuza ku isonga n’amanota 84,5 mu gihe akarere ka Muhanga kabimburira utundi mu Ntara y’Amajyepfo ari aka 16 ku rutonde, utundi turere 6 tw’iyi Ntara turi mu myanya 10 ya nyuma harimo na Nyanza yaherukiye utundi.
Uko uturere twakurikiranye mu kwesa imihigo y’umwaka 2017-2018
- Rwamagana 84.5
- Gasabo 82.5
- Rulindo 82.5
- Gakenke 80.3
- Kicukiro 77.5
- Gicumbi 76.3
- Kayonza 74.9
- Gatsibo 73.5
- Rubavu 72.8
- Rutsiro 72.4
- Bugesera 72.1
- Ngororero 71.9
- Kirehe 71.5
- Nyagatare 70.9
- Musanze 70.2
- Muhanga 68.4
- Nyamasheke 67.1
- Nyabihu 66.8
- Huye 66
- Nyarugenge 65.1
- Karongi 64.8
- Ngoma 64.7
- Rusizi 64.5
- Nyaruguru 64.1
- Gisagara 63.1
- Kamonyi 59.3
- Burera 57.2
- Nyamagabe 54.1
- Ruhango 53.4
- Nyanza 53

Musabyimana Emmanuel
August 11, 2018 at 05:39
Rutsiro nikomereze aho ubutaha izabe iyambere
Musabyimana Emmanuel
August 11, 2018 at 05:30
Rutsiro yacu irikunda izamuka umwaka utaha tuzaba abambere naho mukeba wacu Karongi we yikubite agashyi
Bizimana francis
August 10, 2018 at 05:41
Ibi birababaje cyane bafite imikorere mibi aho ujya kutugali ho muri karongi ushaka service ukabura uwa gufasha Abo bagenzuzi bazagere no mumaviriro cyangwa bajye bahindura ba comptable nkuko bahindura titulaire bafashe ibigo nderabuzima nkakarima kabo murakoze