Mu rwego rwo kurangiza urubanza RP0766/13/TGI/NGOMA, rwaciwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Ngoma ku wa 30/04/2014;
Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko ku wa Gatanu tariki ya 9/08/2019, azagurisha muri cyamunara umutungo wa Sibomana Jean marie Vianney na Uwamariya Françoise, ukurikira: UPI: 5/06/12/03/871. Cyamunara izaba saa yine n’igice za mugitondo (10h30). Uyu mutungo uherereye mu kagari ka Musya, Umurenge wa Rurenge, Akarere ka Ngoma, Intara y’Iburasirazuba.
Uwifuza ibindi bisobanuro yahamagara kuri telefoni igendanwa 0788307398/0738307398
Bikorewe i Kigali, ku wa 29/07/2019
Me Ndayobotse Silas
Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga
Sé












































































































































































