Football
Ikipe y’Igihugu “Amavubi” yanganyije na Likuena (Crocodiles) ya Lesotho igitego 1-1 mu mukino w’umunsi wa gatandatu mu gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026, wabereye...
Hi, what are you looking for?
Ikipe y’Igihugu “Amavubi” yanganyije na Likuena (Crocodiles) ya Lesotho igitego 1-1 mu mukino w’umunsi wa gatandatu mu gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026, wabereye...
Panorama Nyuma y’uko hari abaguze amatike yo kureba umukino wahuje ikipe y’Igihugu y’u Rwanda (Amavubi) n’iya Nigeria (Super Eagles) ariko ntibabone uko binjira muri...
Panorama sports Stade Amahoro igiye gutangira gukorasha VAR (Video Assistant Referee). Amakuru agera ku Kinyamakuru Panorama, agaragaza ko kuva mu ntangiriro za Mutarama uyu...
Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 8 Mutarama 2025, ikipe ya Police FC yatandukanye n’Umutoza wayo mukuru Mashami Vincent wari umaze imyaka ibiri n’igice...
B. Nkubiri Robert Manchester United yemeje ko Ruben Amorim w’imyaka 39 ari we wahawe akazi ko kuba umutoza mukuru w’iyi kipe. Uyu mutoza w’umunya-Portugal...
Nyuma yo gusezererwa mu mikino yo guhatanira igikombe cy’irushanwa rihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo muri Afurika (CAF Champions League), APR FC yagarutse i...
Guhera ku mugoroba wo ku wa 22 Kanama 2024, ku mbuga nkoranyambaga cyane cyane urwa X hatambutse ubutumwa bw’Umujyi wa Kigali na FERWAFA buvuga...
Rukundo Eroge Mu mukino wo guhatanira igikombe kiruta ibindi mu Rwanda (FERWAFA Super Cup) wahuje APR FC na Police FC wabaye ku wa 10...
Rukundo Eroge Uwayezu François Régis wari visi Perezida wa APR FC yagizwe Umukuru (CEO: Chief Executive Officer)w’ikiye ya Simba Sports Club yo muri Tanzania....
Tariki ya 11 Kamena 2024 muri Afurika y’epfo ni ho haberaga umukino wa Kane (4) mu itsinda u Rwanda ruririmo ryo guhatanira kuzajya mu...
Umuli Foundation ni umuryango udaharanira inyungu washinzwe ni Jimmy Mulisa, umutoza wungirije w’ikipe Amavubi, nyuma y’uko azi aho siporo yamugejeje. Yashinze Fondasiyo ifasha abana...
Umuyobozi w’Inama y’Ubutegetsi ya Rwanda Premier League akaba Umuyobozi w’Inama y’Ubutegetsi ya Shampiyona y’u Rwanda (Rwanda Premier League Board), Hadji Mudaheranwa Youssuf, yatangaje ko...