Football
Mu gihe haburaga amasaha make ngo igikombe cy’Isi kigiye kubera muri Quatar gitangire, Karim Benzema w’ikipe y’igihugu cy’u Bufaransa yiyongereye ku bindi bihangange bitazazakina...
Hi, what are you looking for?
Mu gihe haburaga amasaha make ngo igikombe cy’Isi kigiye kubera muri Quatar gitangire, Karim Benzema w’ikipe y’igihugu cy’u Bufaransa yiyongereye ku bindi bihangange bitazazakina...
Nyuma y’icyamamare muri ruhago, George Weah, wegukanye Ballon d’Or mu 1995, Sadio Mané ni Umunyafurika waje ku mwanya wa kabiri, mu bahataniraga icyo gihembo...
APR FC, ikipe y’ingabo z’igihugu, kuri uyu wa 10 Nzeri 2022, yatsinze US Monastir igitego kimwe ku busa (1-0), mu mukino wa mbere wa...
Mu gihe cy’amezi ane, imirimo yo kuvugura Sitade ya Huye ikajya ku rwego mpuzamahanga, byatwaye amafaranga y’u Rwanda asaga miliyari icumi. Iyi sitade Huye...
Sitade Perezida wa Repubulika yemereye abaturage ubwo yiyamamazaga mu matora yo 2017, biteganyijwe ko izubakwa mu minsi ya vuba kuko inyigo yayo yarangiye. Izubakwa...
Ikipe y’ingimbi z’u Rwanda (U-13) z’abahungu zegukanye ikigombe cy’Isi mu mupira w’amaguru nyuma yo gutsinda iya Brazil kuri Penaliti (7-6) nyuma yo kunganya igiteko...
Nyuma y’umukino APR FC yabaye ikipe ya munani ibonye itike ya ¼ cy’Igikombe cy’Amahoro, itsinze Amagaju ibitego 3-0 kuri Stade ya Kigali, mu mukino...
Kigali/Nairobi – 07 March 2022. The Fédération Rwandaise de Football Association (FERWAFA) and the Football Foundation for Africa (FFA) signed a Memorandum of Understanding...
Ikipe y’igihugu cya Senegal ihetswe Sadio Mané yatsinze ikipe y’igihugu cya Misirii kuri za penaliti 4 – 2 bituma begukana igikombe cya Africa cyabo...
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda Amavubi yatsinzwe na Guinea Conakry ibitego 2-0 mu mukino wa kabiri wa gicuti mpuzamahanga wabere i Kigali kuri stade Amahoro...
Umukino wa kimwe cya kabiri w’irushanwa rya League Cup wari uteganyijwe hagati y’ikipe ya Arsenal na Liverpool wasubitswe kubera ikibazo cy’ubwandu bwa COVID-19 bwibasiye...
Bamwe mu baba hafi ibikorwa bya Siporo cyane cyane umupira w’amaguru, bagaye bikomeye icyemezo cya Minisiteri ya Siporo cyo guhagarika byinshi mu bikorwa bya...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ryahannye abasifuzi 7 barimo 3 mu basifuye imikino ibiri mu yo ikipe ya Rayon sports imaze gukina muri shmpiyona...
Mu ibaruwa yo ku wa 15 Ugushyingo 2021 Sam Karenzi yandikiye Perezida wa Bugesera FC, ikinyamakuru Panorama gifitiye kopi, yanditse asaba kwegura ku mpamvu...
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko Niyonzima Olivier ‘Seif’ yahagaritswe igihe kitazwi mu Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ kubera imyitwarire idahwitse. Niyonzima yagaragaye mu...