Football
Ingengabihe y’umwaka w’imikino wa 2026/27 muri BK Premier League yashyizwe ahagaragara, aho umukino uzahuza APR FC na Rayon Sports uteganyijwe ku munsi wa cyenda...
Hi, what are you looking for?
Ingengabihe y’umwaka w’imikino wa 2026/27 muri BK Premier League yashyizwe ahagaragara, aho umukino uzahuza APR FC na Rayon Sports uteganyijwe ku munsi wa cyenda...
Umuyobozi w’Akarere ka Ngoma, Niyonagira Nathalie, yasabye ababyeyi gutangira hakiri kare gutegura ibikoresho by’abana, mu rwego rwo kubafasha gutangira umwaka w’amashuri wa 2026-2027 biteguye...
Abantu 59 ni bo bamaze gutanga kandidatire zo guhatanira umwanya umwe w’umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda wasizwe na Depite Icyitegetse weguye kuri...
Umuyobozi ushinzwe Ubumwe n’Ubudaheranwa muri Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Kayumba Uwera Marie Alice, yasabye urubyiruko kwifashisha ubumenyi n’ubuhanga rwakuye mu mashuri, rukabuhuza n’indangagaciro...
Abanyarwanda barenga ibihumbi 40 bitabiriye igiterane ngarukamwaka cya Rwanda Shima Imana 2026, cyabereye kuri Stade Amahoro i Remera mu Mujyi wa Kigali, aho abayoboke...
Arsenal yatangiye neza umwaka w’imikino wa 2026/27, yegukana Community Shield nyuma yo gutsinda Manchester City ibitego 3-0 mu mukino wabereye kuri Principality Stadium i...
Minisitiri w’Uburezi, Joseph Nsengimana, yatangaje ko imyitwarire ibangamira umutekano n’imyigire mu mashuri igiye guhangwa bikomeye, by’umwihariko ikoreshwa n’ikwirakwizwa ry’inzoga n’ibiyobyabwenge, ndetse n’urugomo. Minisitiri Nsengimana...
Uwimana Clarisse, umunyamakuru kandi ufite ubunararibonye mu mupira w’amaguru, yagizwe Visi Perezida wa AS Kigali, asimbura Kankindi Anne-Lise Lida wari kuri uwo mwanya mbere...
Abahanga mu buzima barasobanura ko inzoga atari ikintu cy’ibanze umubiri w’umuntu ukenera kugira ngo ukore neza, ahubwo ko ari ikinyabutabire gishobora kuwugiraho ingaruka...
Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA) cyatangaje ko amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza (PLE) n’icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye (O-Level), by’umwaka w’amashuri...
Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Abdallah, yagaragaje ibintu bine asanga ari ingenzi ku rubyiruko rwifuza gutera imbere no kugira uruhare mu iterambere ry’igihugu....
Transparency International Rwanda (TI-Rwanda) ivuga ko u Rwanda rumaze gutera intambwe mu gukorera mu mucyo mu micungire y’ingengo y’imari ya Leta, ariko hakiri icyuho...
U Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) byemeranyije ku ngamba nshya zigamije gukomeza gukurikirana no kugenzura ishyirwa mu bikorwa ry’Amasezerano ya Washington...
Inzego za Leta, abikorera, imiryango itari iya Leta ndetse n’abaturage zirasabwa kurushaho gukorera hamwe mu kurinda abana imirimo ivunanye no kubafasha gusubira mu mashuri,...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko igenzura ry’ibicuruzwa bigenewe abaturage rizakomeza, isaba abakora, abatunganya n’abacuruza ibiribwa n’ibinyobwa gushyira imbere ubuziranenge no kwirinda ibikorwa bishobora gushyira...