Urubyiruko
Madamu Jeannette Kagame yasabye urubyiruko rw’u Rwanda gukoresha amahirwe ruhabwa mu buyobozi no mu zindi nzego mu gutegura ejo hazaza h’igihugu, rugaragaza ko kuba...
Hi, what are you looking for?
Madamu Jeannette Kagame yasabye urubyiruko rw’u Rwanda gukoresha amahirwe ruhabwa mu buyobozi no mu zindi nzego mu gutegura ejo hazaza h’igihugu, rugaragaza ko kuba...
Raporo y’Urwego rw’Ubucamanza igaragaza ko ibyaha bibangamiye umuryango nyarwanda bikomeje kuba ikibazo gikomeye, nyuma y’uko imanza zabyo zakiriwe mu nkiko ziyongereye mu mwaka w’ubucamanza...
Jules César Kalisa, umwe mu bayobozi bagize uruhare mu iterambere ry’umupira w’amaguru w’u Rwanda, yapfuye azize uburwayi, nk’uko amakuru yatangajwe n’abamuba hafi abivuga. Kalisa...
Abanyeshuri bagaragaje ubuhanga mu gusoma no kwandika basabwe gukomeza guteza imbere impano zabo no kuzihinduramo ibikorwa bifatika, aho gutsinda amarushanwa bifatwa nk’intangiriro y’urugendo aho...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rumaze guta muri yombi abantu 81 bakekwaho kugira uruhare mu bikorwa byo gufasha abanyeshuri gukopera mu bizamini bisoza...
Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yavuze ko umuhango ngarukamwaka wo Kwita Izina abana b’ingagi, utagomba gufatwa nk’umunsi wo kwishimira gusa abana b’ingagi baba bavutse,...
Urwego rw’Ubucamanza mu Rwanda rwatangaje ko imanza zakemuwe binyuze mu butabera nsanasano ziyongereye ku kigero cya 32.4% mu mwaka w’ubucamanza wa 2025/2026, mu rwego...
Ibibazo by’ubuzima bwo mu mutwe, cyane cyane agahinda gakabije, bikomeje kugaragara nk’ikibazo gikomeye mu rubyiruko, aho bamwe mu babifite bashobora kwitabaza inzoga cyangwa ibiyobyabwenge...
Imirimo yo kwagura umuhanda uhuza Prince House, Cyamitsingi na Masaka yatangiye, aho hateganyijwe ibikorwa bigamije kongera ubushobozi bw’uyu muhanda no kugabanya umubyigano w’ibinyabiziga ukunze...
U Rwanda rwakomeje kwagura isoko ry’ikawa yarwo ku rwego mpuzamahanga, rugaragaza umusaruro warwo mu imurikagurisha mpuzamahanga ry’ikawa, Café Show China 2026, ryabereye mu Bushinwa....
Ikigo Gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), ku bufatanye na Minisiteri y’Uburezi, cyatangaje gahunda izafasha abanyeshuri biga bacumbikirwa gusubira ku mashuri yabo. Izi ngendo ziteganyijwe...
Mu gihe abayobozi, abashoramari, abashakashatsi n’urubyiruko barenga 5.000 bateraniye i Kigali mu nama ya 20 ya Africa Food Systems Forum, ikibazo gikomeye Afurika ikwiye...
Abafite imitungo itandukanye mu Rwanda, guhera ku nzu zo guturamo, ubutaka, inyubako z’ubucuruzi, amahoteri n’ibinyabiziga, bagiye kujya bishyura ibiciro bishya mu gihe basabye serivisi...
Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko abanyeshuri bakoze ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye, S6, batazategereza igihe kirekire kugira ngo bamenye uko batsinze, kuko amanota yabo...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko ibikorwa byo gukumira no kurandura ibinyobwa bitujuje ubuziranenge, bizwi nk’ibyuma, biri mu byagize uruhare mu kugabanya ibyaha n’imyitwarire ibangamira...