Amakuru
Panorama Kigali, 14 August 2026 – Rwanda has made progress in budget transparency, public participation and budget oversight, according to the International Budget Partnership’s Open...
Hi, what are you looking for?
Panorama Kigali, 14 August 2026 – Rwanda has made progress in budget transparency, public participation and budget oversight, according to the International Budget Partnership’s Open...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko igenzura ry’ibicuruzwa bigenewe abaturage rizakomeza, isaba abakora, abatunganya n’abacuruza ibiribwa n’ibinyobwa gushyira imbere ubuziranenge no kwirinda ibikorwa bishobora gushyira...
Panorama Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Nsanzimana Sabin, atangaza ko impamvu u Rwanda rwahereye ku guca inzoga zituzuje ubuziranenge mbere y’itabi kandi na ryo ryangiza ubuzima,...
Panorama Bikomotse ku nkuru itabariza Iradukunda Sandrine ufite umwana wavukanye igifu gito n’umuhogo udafunga, hakaboneka abagiraneza bamufasha, ubu yuriye indege yerekeza mu gihugu cy’Ubuhinde...
Ikigo cya Kenya gishinzwe ubuziranenge bw’ibicuruzwa, KEBS, cyatangaje ko inzoga eshanu zo muri Kenya zahagaritswe by’agateganyo ku isoko ry’u Rwanda, ariko zo ubwazo zujuje...
Ubushakashatsi ku buzima n’imibereho y’abaturage mu Rwanda, RDHS 2025, bugaragaza ko 54% by’abagore batashyingiwe bafite hagati y’imyaka 15 na 49 bakoresha uburyo bwo kuboneza...
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Fabrice, yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), aho akurikiranweho icyaha cyo gutanga sheke itazigamiye. Amakuru...
RDB yatangaje ko abana b’ingagi 22 ari bo bateganyijwe guhabwa amazina mu muhango wa Kwita Izina uzabera i Kinigi mu Karere ka Musanze ku...
Ikiguzi cy’ubuzima mu mijyi y’u Rwanda cyakomeje kuzamuka muri Nyakanga 2026, aho ibiciro by’ibicuruzwa na serivisi byiyongereyeho 14.5% ugereranyije n’uko byari bihagaze muri Nyakanga...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko igiye kurushaho gukurikirana ibikorwa bifatwa nk’imyitwarire idahwitse bikorerwa ku mbuga nkoranyambaga, cyane cyane kuri TikTok, ndetse no mu bitaramo...
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rumaze guta muri yombi abantu 80 bakekwaho kugira uruhare mu bikorwa byo gukora no gukwirakwiza ibinyobwa bisembuye bitujuje ubuziranenge,...
Jorge Messi, se wa Lionel Messi akaba n’umuntu wamubaye hafi cyane kuva mu ntangiriro z’urugendo rwe mu mupira w’amaguru, yitabye Imana afite imyaka 68,...