Amakuru
Urwego rw’umuvunyi rutangaza ko muri serivisi zimwe za Leta hakivugwamo imikorere mibi ndetse irangwamo ruswa, cyane cyane mu gutanga ibyangombwa by’ubutaka. Ku wa 10...
Hi, what are you looking for?
Urwego rw’umuvunyi rutangaza ko muri serivisi zimwe za Leta hakivugwamo imikorere mibi ndetse irangwamo ruswa, cyane cyane mu gutanga ibyangombwa by’ubutaka. Ku wa 10...
Ubuyobozi Bukuru bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF) bwakoze umuhango wo gusezera ku ba Ofisiye bageze mu kiruhuko cy’izabukuru ndetse n’abarangije amasezerano y’akazi, bubashimira umusanzu bagize...
Mu Mujyi wa Kigali, ikibazo cy’ibiciro by’ingendo za moto gikomeje kuvugisha benshi, aho abagenzi bavuga ko amafaranga basabwa yiyongereye ku buryo budasanzwe, mu gihe...
Ibiciro by’ibicuruzwa na serivisi bikomeje kuzamuka mu Rwanda, aho imibare mishya y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) igaragaza ko muri Kamena 2026, ibiciro mu mijyi byiyongereyeho...
Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yavuze ko Guverinoma y’u Rwanda izi neza ko ikibazo cy’umushahara fatizo gikeneye igisubizo, ariko ashimangira ko icyemezo cyo kuwongera...
Panorama Mu Karere ka Nyaruguru, Umurenge wa Cyahinda, Akagari ka Rutobwe, Umudugudu wa Rubona, haravugwa inkuru y’abaturage 17 bajyanywe kwa muganga nyuma y’uko banyoye...
Abadepite bagize Komisiyo y’Imibereho y’Abaturage batangaje ko mu bice bitandukanye by’igihugu hakomeje kugaragara ubwiyongere bw’ubusinzi n’ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge, by’umwihariko mu rubyiruko, basaba ko hafatwa ingamba...
Panorama Minisitiri w’ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana atangaza ko ikibazo cy’inzoga zitizuje ubuziranenge zikomeje guhitana ubuzima bw’abantu ari icyorezo mu bindi, kuko bimaze gufata indi...
Abatuye mu bice bitandukanye byo mu Murenge wa Nyarugunga n’ahandi muri Kanombe, mu Karere ka Kicukiro, bavuga ko bamaze ibyumweru bisaga bitatu bahanganye n’ikibazo...
Mu gihe ikibazo cy’umutekano gikomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko ridateganya kuva ku...
Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Patrick Karuretwa, yavuze ko igihugu kidateganya gukuraho ingamba z’ubwirinzi cyashyizeho, ahubwo ko zikomeza kuvugururwa bitewe n’imiterere y’ibibazo by’umutekano...
Abanyarwanda baba muri Kenya, abafatanyabikorwa b’u Rwanda n’inshuti zarwo bahuriye ku Cyicaro cya Ambasade y’u Rwanda i Nairobi mu birori byo kwizihiza Isabukuru y’Imyaka...