Amakuru
Jeanne d’Arc Munezero Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’umuryango, Uwimana Consolée, asaba abana kugira ubuzima bufite intego no kwirinda kwirinda icyahagarika inzozi zabo, kuko bifitemo ubushobozi...
Hi, what are you looking for?
Jeanne d’Arc Munezero Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’umuryango, Uwimana Consolée, asaba abana kugira ubuzima bufite intego no kwirinda kwirinda icyahagarika inzozi zabo, kuko bifitemo ubushobozi...
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Jean Damascène Bizimana, yasabye Abanyarwanda gukomeza kubungabunga indangagaciro z’umuco Nyarwanda zigaragazwa n’Umuganura, zirimo gukunda igihugu, gukorana umurava, ubupfura,...
Mu gihe Abanyarwanda bitegura kwizihiza Umunsi w’Umuganura ku wa 7 Kanama 2026, Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE) irasaba abaturage gukomeza kwimakaza indangagaciro zubaka...
Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF), Uwimana Consolée, yavuze ko abana bakwiye gukurana icyizere, bakiyubakira ejo hazaza binyuze mu kwiga bashyizeho umwete no kwiha intego...
Mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2026/2027, Leta y’u Rwanda yateganyije miliyari 2.7 Frw zo gufasha abantu bafite ubumuga bafite amikoro make, aho amafaranga azagera...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibiribwa n’Imiti (Rwanda FDA) cyatangaje ko cyahagaritse by’agateganyo kwinjiza, gukwirakwiza no gucuruza ubwoko 52 bw’ibinyobwa bisembuye, mu rwego rwo kurinda ubuzima...
Ubuyobozi bw’Intara y’Iburasirazuba bwatangaje ko abantu 108 bari mu nzego z’ibanze bamaze gufatirwa ibyemezo bitandukanye nyuma yo kugaragara ko bafite uruhare mu bikorwa bifitanye...
Uruganda Super Sharp Multi-Business LTD rukorera mu Karere ka Muhanga rwahagaritswe gukora nyuma y’igenzura ryakozwe n’inzego zitandukanye, zasanze hari inzoga zivugwa ko zitujuje ubuziranenge....
Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo (MIFOTRA) yatangaje ko ku wa Gatanu, tariki ya 7 Kanama 2026, hazaba umunsi w’ikiruhuko ku bakozi bose bo mu...
Mu Karere ka Muhanga havutse kutumvikana hagati y’ubuyobozi bw’Akarere n’uwashinze ishuri ryigenga rya St RITAH nyuma y’uko inyubako zaryo zisenywe, buri ruhande rugatanga impamvu...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Kugenzura Ibiribwa n’Imi (Rwanda FDA) cyatangaje ko hafashwe icyemezo cyo gufunga izindi nganda zikora ibinyobwa bisembuye no gutesha agaciro impushya zabyo...
Abanyarwanda bitegura kwizihiza Umunsi Mukuru w’Umuganura ku wa Gatanu, tariki ya 7 Kanama 2026, aho ibikorwa by’uyu mwaka bizahurira ku butumwa bwo gukomeza kubaka...
Iperereza ry’ibanze ryakozwe ku mpanuka ikomeye ya bisi yabereye mu majyaruguru ya Algeria, yahitanye abantu 28, ryagaragaje ko umushoferi wari uyitwaye yari yakoresheje ibiyobyabwenge...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko hari abantu boherezwa na MONUSCO bavuga ko ari abahoze ari abarwanyi ba FDLR, nyamara igenzura rikorerwa ku Kigo cya...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko ibikorwa byo gukura ku isoko ibinyobwa bisindisha bitujuje ubuziranenge bikomeje, mu rwego rwo gukumira ingaruka bishobora guteza ku buzima...