Rwanda
Paul Dijoud, wahoze ayobora Ishami rishinzwe Afurika na Madagascar muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Bufaransa hagati ya Werurwe 1991 na Kanama 1992, ni umwe...
Hi, what are you looking for?
Paul Dijoud, wahoze ayobora Ishami rishinzwe Afurika na Madagascar muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Bufaransa hagati ya Werurwe 1991 na Kanama 1992, ni umwe...
Guverinoma y’u Rwanda ivuga ko ikomeje gutera intambwe ishimishije mu rugendo rwo kugera ku Ntego z’Iterambere Rirambye (SDGs), nubwo igaragaza ko hakiri icyuho cy’amikoro...
Raporo nshya y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) igaragaza ko urwego rw’ubushomeri mu Rwanda rutigeze ruhinduka hagati ya Gicurasi 2025 na Gicurasi 2026, kuko rwakomeje kuba...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko igihugu kiri hafi gutangira gutanga Uruhushya Mpuzamahanga rwo Gutwara Ibinyabiziga (International Driving Permit – IDP), gahunda izafasha Abanyarwanda gutwara...
Umujyi wa Kigali wongeye kwandika amateka nyuma yo kwinjira muri BestCities Global Alliance, ihuriro mpuzamahanga rihuza imijyi izwiho kwakira neza inama n’ibikorwa bikomeye by’ubucuruzi...
Hashize umwaka u Rwanda rutangije Ikigo cy’Igihugu gishinzwe gukusanya no gusesengura amakuru y’ubuzima hifashishijwe ubwenge buhangano (NHIC), aho cyatangiye gutanga umusaruro ugaragara mu kunoza...
Urwego rw’umuvunyi rutangaza ko muri serivisi zimwe za Leta hakivugwamo imikorere mibi ndetse irangwamo ruswa, cyane cyane mu gutanga ibyangombwa by’ubutaka. Ku wa 10...
Ubuyobozi Bukuru bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF) bwakoze umuhango wo gusezera ku ba Ofisiye bageze mu kiruhuko cy’izabukuru ndetse n’abarangije amasezerano y’akazi, bubashimira umusanzu bagize...
Mu Mujyi wa Kigali, ikibazo cy’ibiciro by’ingendo za moto gikomeje kuvugisha benshi, aho abagenzi bavuga ko amafaranga basabwa yiyongereye ku buryo budasanzwe, mu gihe...
Ibiciro by’ibicuruzwa na serivisi bikomeje kuzamuka mu Rwanda, aho imibare mishya y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) igaragaza ko muri Kamena 2026, ibiciro mu mijyi byiyongereyeho...
Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yavuze ko Guverinoma y’u Rwanda izi neza ko ikibazo cy’umushahara fatizo gikeneye igisubizo, ariko ashimangira ko icyemezo cyo kuwongera...
Panorama Mu Karere ka Nyaruguru, Umurenge wa Cyahinda, Akagari ka Rutobwe, Umudugudu wa Rubona, haravugwa inkuru y’abaturage 17 bajyanywe kwa muganga nyuma y’uko banyoye...
Abadepite bagize Komisiyo y’Imibereho y’Abaturage batangaje ko mu bice bitandukanye by’igihugu hakomeje kugaragara ubwiyongere bw’ubusinzi n’ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge, by’umwihariko mu rubyiruko, basaba ko hafatwa ingamba...
Panorama Minisitiri w’ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana atangaza ko ikibazo cy’inzoga zitizuje ubuziranenge zikomeje guhitana ubuzima bw’abantu ari icyorezo mu bindi, kuko bimaze gufata indi...
Abatuye mu bice bitandukanye byo mu Murenge wa Nyarugunga n’ahandi muri Kanombe, mu Karere ka Kicukiro, bavuga ko bamaze ibyumweru bisaga bitatu bahanganye n’ikibazo...