Akarere
Panorama Ababyeyi barerera muri Ahazaza Independent School, bashima gahunda z’ishuri mu gutanga uburezi bufite ireme, bituma bahatana ku rwego mpuzamahanga kandi bigaragarira mu musaruro...
Hi, what are you looking for?
Panorama Ababyeyi barerera muri Ahazaza Independent School, bashima gahunda z’ishuri mu gutanga uburezi bufite ireme, bituma bahatana ku rwego mpuzamahanga kandi bigaragarira mu musaruro...
Nubwo amategeko y’u Rwanda abuza umuntu kwikuramo inda, hari ibihe byihariye ateganya ko umuganga wemerewe kubikora mu buryo bwubahirije amategeko. Ingingo ya 123 y’Itegeko...
Ibihugu bihuriye mu Ihuriro Nyafurika ry’Inzego z’Ibihugu zishinzwe Gukumira Iyicarubozo (ANPMN) byafashe umwanzuro wo kongera kwifashisha ikoranabuhanga mu kugenzura ahantu hafungirwa abantu no kunoza...
Jeanne d’Arc Munezero Amateka asobanura Jenoside yakorewe Abatutsi babonye kandi baniyumviye ku rwibutso rwa Jenoside rwa Musha ruherereye mu karere ka Rwamagana, yabakoze ku...
Perezida Paul Kagame yavuze ko amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 atagomba gufatwa nk’ibyabaye ku bw’impanuka, ahubwo ko yaturutse kuri politiki mbi n’ubuyobozi...
Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda rutazemera na rimwe ko amateka yarwo asobanurwa cyangwa akagorekwa hashingiwe ku nyungu z’abantu bamwe, ahubwo ko ukuri...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuhinzi n’Ubworozi (RAB) cyatangaje ingamba zihutirwa zo gukumira ikwirakwira ry’indwara y’ubuganga bwo mu Kibaya cya Rift (RVF), nyuma y’uko ibizamini bya...
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere ry’Ubwikorezi (RTDA) bwisobanuye imbere ya Komisiyo y’Abadepite ishinzwe gukurikirana Ikoreshwa ry’Umutungo wa Leta (PAC) ku mafaranga arenga miliyoni 392...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere ry’Ubwikorezi (RTDA) cyatangaje ko kiri mu myiteguro ya nyuma yo kubona rwiyemezamirimo uzubaka umuhanda Kigali-Muhanga, umwe mu mihanda ifatiye runini...
Panorama Komisiyo Ishinzwe Gukurikirana Imikoreshereze y’Imari n’Umutungo bya Leta (PAC) igiye gutangira igikorwa cyo kubariza mu ruhame, kuva ku wa 25 Kamena kugeza ku wa...
Panorama The Public Accounts Committee (PAC) of the Chamber of Deputies will hold public hearings from 25 June to 10 July 2026, during which...
Abadepite bagize Inteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite bemeje umushinga w’itegeko rigena ingengo y’imari ya Leta y’umwaka wa 2026/2027, uzatangira gushyirwa mu bikorwa muri Nyakanga 2026....
Ibihugu bigize Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) birimo kuganira ku mushinga mushya ushobora gutuma hashyirwaho ibigo byo hanze y’umugabane w’u Burayi byakwakirirwamo abimukira bananiwe...
Munezero Jeanne d’Arc Mu gihe Abanyarwanda bakomeje igihe cy’iminsi 100 yo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, abaturage n’abayobozi bo...
Perezida w’Ishyaka Ntangarugero muri Demokarasi (PDI), Sheikh Mussa Fazil Harerimana, yavuze ko u Rwanda rwageze ku iterambere rifatika kubera imiyoborere myiza, asaba Abanyarwanda gukomeza...