Connect with us

Hi, what are you looking for?

Football

Perezida Kagame yarebye imbonankubone umukino wa Paris St. Germain na Aston Villa

Perezida Paul Kagame yarebye imbonankubone umukino wa UEFA Super Cup wahuje Paris Saint Germain na Aston Villa

Panorama Sports

Perezida Paul Kagame yakurikiye imbonankubone umukino wa UEFA Super Cup 2026, wahuje amakipe yombi yamamaza Visit Rwanda, Paris Saint Germain yo mu Bufaransa na Aston Villa yo mu Bwongereza. Ikipe ya PSG ni yo yegukanye intsinzi ku bitego 2-1.

Uyu mukino wabereye muri Autriche mu mujyi wa Salzburg, aho Visit Rwanda yongeye kuvugwa kuko aya makipe yombi afite ikintu ahuriyeho. PSG imaze igihe yamamaza u Rwanda, na ho Aston Villa muri uyu mwaka w’imikino yasimbuye Arsenal mu kwamamaza Visit Rwanda, kandi ishyirwa ahabona cyane.

Perezida  Kagame yabonanye kandi n’abayobozi batandakanye barimo Perezida w’Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Africa CAF, Dr. Patrice Motsepe na we witabiriye uwo mukino.

Amazamu yafunguwe na Khvicha Kvaratskhelia, ku ruhande rwa PSG hari ku munota wa 20 w’umukino, Brian Madjo wa Aston Villa yishyuye igice cya mbere kigiye kurangira. Désiré Doué ku munota wa 61 yatsinze igitego cyahesheje PSG kwisubiza iki gikombe n’ubundi isanzwe ifite kuko yagitwaye umwaka ushize.

Si ukureba ibi birori bya UEFA Super Cup 2026 gusa, Perezida Paul Kagame yabonaye n’abandi bayobozi benshi bitabiriye uyu mukino.

Perezida Paul Kagame aganira na Dr. Patrice Motsepe, Perezida wa CAF

 

Click to comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Izindi wakunda

Football

Panorama Sports Rwanda could host the final tournament of the CAF Women’s Champions League 2026 after the Confederation of African Football (CAF) reportedly approached...

Football

Panorama Sports Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku Mugabane wa Afurika, CAF, yasabye u Rwanda kuzakira imikino ya nyuma ya CAF Women’s Champions League 2026. Ubusanzwe...

Ahandi

Panorama Agahenge mu mirwano ihi hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika zifatanyije na Israel bihanganye na Iran ntigatera kabiri batongeye gusekurana. Amakuru agaragaza...

Ibikorwaremezo

U Rwanda rwagaragaje ko rufite ubuso buri kuri hegitari 610,595 bukeneye uburyo bwo kuhirwa, mu rwego rwo kongera umusaruro w’ubuhinzi, guhangana n’imihindagurikire y’ikirere no...

Advertisement

Address:

KG 17 Av 37
Remera-ARJ/RMC House
Amahoro National Stadium
Registration Number: RMC/C/14/015
Accreditation: RURA/ICT/LIC/210181745

e-mail: editor.panorama.rw@gmail.com; panoramarw@gmail.com

Tel: 0788300359 -0733003020

Twitter: @PanoramaNewspa1; @reneanthere
Facebook: Panorama Newspaper

Services:

Panorama Newspaper, Animation, Conducting Community debates, Organizing Talk shows, Consultancy in Media, Photography, Newsletters, Magazines, Videos, Documentaries, Translation, Editing, Book publishing, Motion picture, video and television programme production activities, Motion picture, video and television programme postproduction activities
Motion picture, video and television programme distribution activities, Motion picture projection activities, Other information service activities n.e.c.
Other publishing activities, Publishing of newspapers, journals and periodicals
Radio broadcasting, Television programming and broadcasting activities