Afurika
Mu nama ya Africa CEO Forum 2026 iri kubera i Kigali, Umuyobozi w’Urwego rw’Igihugu Rushinzwe Iterambere (Rwanda Development Board), Jean Guy Afrika, yavuze ko...
Hi, what are you looking for?
Mu nama ya Africa CEO Forum 2026 iri kubera i Kigali, Umuyobozi w’Urwego rw’Igihugu Rushinzwe Iterambere (Rwanda Development Board), Jean Guy Afrika, yavuze ko...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko igihe kigeze kugira ngo Afurika ireke gukomeza gutegereza ibisubizo biturutse hanze, ahubwo igatangira kubyaza umusaruro...
Panorama Ubushinwa bwafashe icyemezo cyo gufungura inzira nshya zo mu nyanja zihuza ibyambu byabwo na Afurika, hagamijwe kugabanya igihe n’ikiguzi cyo kugeza ibicuruzwa ku...
Kwizera Jackson Polisi ya furika y’Epfo yatangaje ko yafashe umuntu washakishwaga cyane wahunze ubutabera, Kemi Seba, umunyapolitiki wavukiye mu Bufaransa ufite inkomoko muri Benin,...
René Anthere Rwanyange Le Ministre de l’Europe et des Affaires étrangères, M. Jean-Noël Barrot, et le Président de la Commission de l’Union africaine, M....
Ku wa Mbere tariki ya 13 Mata 2026, Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Leon XIV, yageze mu murwa mukuru wa Alger,...
Muri Guinée-Conakry, abaturage bakomeje kugaragaza impungenge ku kibazo kibijyanye n’imari, aho bavuga ko kubona amafaranga babikuza bikomeje kugorana mu gihe kuyabitsa byo bikorwa nta...
Ghana iri gushaka inkunga mpuzamahanga mu Muryango w’Abibumbye kugira ngo hashyigikirwe umushinga w’icyemezo ugamije kwemera ko ubucakara bwambukiranyaga inyanja ya Atlantika ari kimwe mu...
Umukozi ukorera Minisiteri y’Umutekano w’Imbere mu Gihugu muri Afurika y’Epfo, Boitumelo Shounyane, ari gukorwaho iperereza ku byaha akekwaho byo gutanga Visa mu buryo bunyuranyije...
Umuyobozi wungirije ushinzwe ibijyanye n’ububanyi n’amahanga muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ibya Afurika, Sarah Troutman, hamwe n’abayobozi b’iyo...
Perezida wa Madagascar, Michael Randrianirina, yafashe icyemezo cyo gusesa Guverinoma yose y’icyo gihugu, harimo no kwirukana Minisitiri w’Intebe wari uriho. Ibi bikaba byatangajwe n’umuvugizi...
Impunzi zaturutse mu Burundi ziba mu nkambi zo muri Tanzania ziravuga ko zirashyirwaho igitutu gikomeye kugira ngo zisubire iwabo, nyuma y’uko inzego z’umutekano zitangiye...