Afurika
Abanyarwanda baba mu Bihugu bya Maroc, Guinea na Tunisia, bizihije Umunsi w’Intwari, mu muhango wabereye kuri Ambassade y’u Rwanda mu murwa mukuru i Rabat,...
Hi, what are you looking for?
Abanyarwanda baba mu Bihugu bya Maroc, Guinea na Tunisia, bizihije Umunsi w’Intwari, mu muhango wabereye kuri Ambassade y’u Rwanda mu murwa mukuru i Rabat,...
Macky Sall uyobora Senegal, yahembye abagize Ikipe y’Igihugu y’umupira w’amaguru amamiliyoni, ndetse n’ibibanza 2 kuri buri mukinnyi. Ni kuri uyu wa 08 Gashyantare, Perezida...
Dr Vincent Biruta, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, wahagarariye Perezida Kagame, mu Nama isanzwe ya 35 y’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma, bigize Umuryango wa Afurika Yunze...
Umusifuzi mpuzamahanga w’Umunyarwandakazi, Mukansanga Salima Rhadia, yaraye ageze i Kigali, akubutse muri Cameroun, aho yakoze amateka yo kuba umugore wa mbere usifuye umukino w’Igikombe...
Mu nama y’Ihuriro ry’Abagaba b’ingabo zirwanira mu kirere muri Afurika, iri kubera i Kigali kuva ku wa 24-28 Mutarama 2022, Perezida Kagame yasabye Ingabo...
Amakipe y’Ibihugu byitabiriye imikino y’Igikombe cya Afurika, kiri kubera muri Cameroun, yasabwe kuzajya akinisha abakinnyi 11, nyuma y’ ubwandu bwa COVID-19 ikomeje kuyagaragaramo. Ibi...
Mu gihe Igikombe cya Afurika cy’Ibihugu_CAN, giteganyijwe gutangira bitarenze ku itariki ya 9 Mutarama 2022, ibihuha byinshi byavugaga ko iri rushanwa rishobora gusubikwa, cyangwa...
Mu nama ihuza Afurika na Turikiya, ba Perezida bombi, Paul Kagame na Recep Tayyip Erdogan, baganira; Turikiya yemereye Afurika doze miliyoni 15 z’inkingo za...
Abaminisitiri bagera kuri 12 bo muri Sudani bamenyesheje Minisitiri w’Intebe ko bitewe n’amasezerano yagiranye n’Abayoboye Akanama ka Gisirikare bahisemo kwegura. Ku cyumweru gishize, ni...
Leta ya Kenya igiye gushyiraho ibwiriza ry’uko guhera mu kwezi gutaha umuturage utarakingiwe Covid-19 atazajya ahabwa serivisi za Leta. Minisitiri w’Ubuzima Mutahi Kagwe yavuze...
Abasirikare batanu ba Uganda bari mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Ubumwe bw’Africa muri Somalia bahamwe no n’icyaha cyo kwica abasivili barindwi muri Kanama (ukwa munani)....
Umuryango w’Ubukungu w’Ibihugu byo mu Burengerazuba bwa Afurika (ECOWAS), wafatiye ibihano ubutegetsi bw’inzibacyuho bwa Mali, buyobowe na Colonel Assimi Goïta kubera ko bwananiwe gutegura...