Abantu
Mr. Edward Kabare is the Headmaster of Nyagatare Secondary School for 22 years. First of all, for a student to easily nail his/her exams...
Hi, what are you looking for?
Mr. Edward Kabare is the Headmaster of Nyagatare Secondary School for 22 years. First of all, for a student to easily nail his/her exams...
Inkotanyi n’abanyarwanda cyane cyane abakuze bari hejuru y’imyaka 35 bazi uko u Rwanda rwari rumeze mu 1995. Ubwo uwa 35 yari afite imyaka 10...
Cyusa Flora ni umubyeyi w’umwana umwe. Jenoside yakorewe Abatutsi yasanze ari uruhinja, mu muryango wabo arokoka wenyine. Ubu arubatse. Avuga ko kwigirira icyizere no...
Padiri Rugirangoga Ubald wamenyekanye cyane kubera ibikorwa by’isanamitima n’ibindi byiganjemo ibyo gusengera abarwayi bagakira, yitabye Imana mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu. Yari...
Ku isi hose, iterambere ry’Imiyoborere myiza, ubukungu, ubutabera ndetse n’imibereho myiza by’abaturage bishingira ku bumenyi bw’abaturage bakomora mu gusoma ibitabo. Gahunda ya Leta y’u...
Afurika ni umwe mu migabane igize Isi. Afurika ni umugabane mwiza, ukize kuri byose. Uyu mugabane wa Afurika ufite Abahanga benshi bashoboye kwandika ibitabo....
Mu kiganiro kirambuye yagiranye n’umunyamakuru wa Panorama.rw, Prof Malonga Pacifique yavuze birambuye ku buzima bwe. Aravuga byinshi yanyuzemo kuva atangiye amashuri ye abanza, ari...
Mu gihe u Rwanda ku itariki ya 4 Gicurasi 2020 rutangaje kudohora “Guma mu rugo” rukarekura bimwe mu bikorwa bikitabirwa hanze, Malonga yanyarukiye mu...
Mu bihe bikomeye, mu kaga nk’aka isi irimo n’u Rwanda rukaba ruhanganye n’icyo cyorezo cyitwa Co, corona, Vi aribyo virus, D aribyo disease ” COVID...
Imvugo ya Akana Alice yatambutse mu butumwa bwakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga, ni ubutumwa bwiza ku bakuze bazi cyangwa babaye mu by’amoko mu Rwanda. Kandi...
If Coronavirus can move a giant like Manu Dibango, give interviews to wives of Canadian, Spain PMs, Ministers, take the Deputy President of the...
Irajya: Abanyarwanda Impamvu: Kwimenyekanisha Mbandikiye mwese ngirango mbibwire neza, dore ko umunyarwanda yagize ati “uwanga amazimwe abandwa habona.” Banyarwanda, nitwa COVID-19 Coronavirus, ntabwo ndi...