Rwanda
Madamu wa Perezida wa Repubulika, Jeannette Kagame, yavuze ko kubaka igihugu gitera imbere bisaba gutangirira ku ntambwe nto ariko zihamye, asaba urubyiruko kubyaza umusaruro...
Hi, what are you looking for?
Madamu wa Perezida wa Repubulika, Jeannette Kagame, yavuze ko kubaka igihugu gitera imbere bisaba gutangirira ku ntambwe nto ariko zihamye, asaba urubyiruko kubyaza umusaruro...
Madamu Jeannette Kagame atangaza ko igihe kigeze ngo ubushakashatsi n’udushya dukorerwa mu rwego rw’ubuzima bihindurwe ibikorwa bifatika bifasha abaturage, cyane cyane mu kugabanya impfu...
Kaminuza y’u Rwanda (UR) yegukanye igihembo cya miliyoni eshatu z’Amadolari ya Amerika (asaga miliyari enye z’Amafaranga y’u Rwanda), nyuma yo gushyirwa mu mashuri makuru...
By Panorama UTAB University has announced that it will begin offering master’s degree programmes, marking a major milestone in the institution’s academic expansion and...
Paul Dijoud, wahoze ayobora Ishami rishinzwe Afurika na Madagascar muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Bufaransa hagati ya Werurwe 1991 na Kanama 1992, ni umwe...
Guverinoma y’u Rwanda ivuga ko ikomeje gutera intambwe ishimishije mu rugendo rwo kugera ku Ntego z’Iterambere Rirambye (SDGs), nubwo igaragaza ko hakiri icyuho cy’amikoro...
Raporo nshya y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) igaragaza ko urwego rw’ubushomeri mu Rwanda rutigeze ruhinduka hagati ya Gicurasi 2025 na Gicurasi 2026, kuko rwakomeje kuba...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko igihugu kiri hafi gutangira gutanga Uruhushya Mpuzamahanga rwo Gutwara Ibinyabiziga (International Driving Permit – IDP), gahunda izafasha Abanyarwanda gutwara...
Umujyi wa Kigali wongeye kwandika amateka nyuma yo kwinjira muri BestCities Global Alliance, ihuriro mpuzamahanga rihuza imijyi izwiho kwakira neza inama n’ibikorwa bikomeye by’ubucuruzi...
Urwego rw’umuvunyi rutangaza ko muri serivisi zimwe za Leta hakivugwamo imikorere mibi ndetse irangwamo ruswa, cyane cyane mu gutanga ibyangombwa by’ubutaka. Ku wa 10...
Ubuyobozi Bukuru bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF) bwakoze umuhango wo gusezera ku ba Ofisiye bageze mu kiruhuko cy’izabukuru ndetse n’abarangije amasezerano y’akazi, bubashimira umusanzu bagize...
Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yavuze ko Guverinoma y’u Rwanda izi neza ko ikibazo cy’umushahara fatizo gikeneye igisubizo, ariko ashimangira ko icyemezo cyo kuwongera...