Abagore
Ubushakashatsi ku buzima n’imibereho y’abaturage mu Rwanda, RDHS 2025, bugaragaza ko 54% by’abagore batashyingiwe bafite hagati y’imyaka 15 na 49 bakoresha uburyo bwo kuboneza...
Hi, what are you looking for?
Ubushakashatsi ku buzima n’imibereho y’abaturage mu Rwanda, RDHS 2025, bugaragaza ko 54% by’abagore batashyingiwe bafite hagati y’imyaka 15 na 49 bakoresha uburyo bwo kuboneza...
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Fabrice, yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), aho akurikiranweho icyaha cyo gutanga sheke itazigamiye. Amakuru...
Ikiguzi cy’ubuzima mu mijyi y’u Rwanda cyakomeje kuzamuka muri Nyakanga 2026, aho ibiciro by’ibicuruzwa na serivisi byiyongereyeho 14.5% ugereranyije n’uko byari bihagaze muri Nyakanga...
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Jean Damascène Bizimana, yasabye Abanyarwanda gukomeza kubungabunga indangagaciro z’umuco Nyarwanda zigaragazwa n’Umuganura, zirimo gukunda igihugu, gukorana umurava, ubupfura,...
Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF), Uwimana Consolée, yavuze ko abana bakwiye gukurana icyizere, bakiyubakira ejo hazaza binyuze mu kwiga bashyizeho umwete no kwiha intego...
Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo (MIFOTRA) yatangaje ko ku wa Gatanu, tariki ya 7 Kanama 2026, hazaba umunsi w’ikiruhuko ku bakozi bose bo mu...
Mu Karere ka Muhanga havutse kutumvikana hagati y’ubuyobozi bw’Akarere n’uwashinze ishuri ryigenga rya St RITAH nyuma y’uko inyubako zaryo zisenywe, buri ruhande rugatanga impamvu...
Abanyarwanda bitegura kwizihiza Umunsi Mukuru w’Umuganura ku wa Gatanu, tariki ya 7 Kanama 2026, aho ibikorwa by’uyu mwaka bizahurira ku butumwa bwo gukomeza kubaka...
Babinyujije ku rukuta rwabo rwa X, Umuryango FPR Inkotanyi watanze ubutumwa bwo kwitanya n’Umuryango wa Senateri Mukabarisa Donatilla ndetse no gufata mu mugongo abayoboke...
Ubushakashatsi ku Buzima n’Imibereho y’Abaturage mu Rwanda (RDHS 2025) bugaragaza ko hafi abaturage bose bazi indwara y’igituntu, ariko hakiri icyuho mu gusobanukirwa neza uko...
Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira ku Butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, yahaye impanuro itsinda ry’abasirikare n’abapolisi bitegura kujya mu butumwa bw’amahoro mu Ntara ya...
Mu gihe hategerejwe igihe cy’Umuhindo, Minisiteri Ishinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA) irakangurira Abanyarwanda gufata ingamba hakiri kare zo kwirinda ibiza bishobora guterwa n’imvura nyinshi iteganyijwe....