Rwanda
Ibihugu bigize Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) birimo kuganira ku mushinga mushya ushobora gutuma hashyirwaho ibigo byo hanze y’umugabane w’u Burayi byakwakirirwamo abimukira bananiwe...
Hi, what are you looking for?
Nyuma y’uko Ingabo za RPA Inkotanyi zihagaritse Jenoside yakorewe Abatutsi zikanabohora igihugu ku wa 4 Nyakanga 1994, FPR Inkotanyi yafashe icyemezo cyo gusaranganya ubutegetsi...
Ibihugu bigize Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) birimo kuganira ku mushinga mushya ushobora gutuma hashyirwaho ibigo byo hanze y’umugabane w’u Burayi byakwakirirwamo abimukira bananiwe...
Munezero Jeanne d’Arc Mu gihe Abanyarwanda bakomeje igihe cy’iminsi 100 yo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, abaturage n’abayobozi bo...
Perezida w’Ishyaka Ntangarugero muri Demokarasi (PDI), Sheikh Mussa Fazil Harerimana, yavuze ko u Rwanda rwageze ku iterambere rifatika kubera imiyoborere myiza, asaba Abanyarwanda gukomeza...
Guhera muri Nzeri 2026, abifuza kubona impushya zo gutwara ibinyabiziga bazatangira gukorera ibizamini muri gahunda nshya yashyizweho hagamijwe kunoza imyigishirize no kongera ubuziranenge mu...
Panorama Sosiyete y’u Rwanda ishinzwe ingufu -REG, igaragaza ko izakomeza kwesa imihigo yihaye mu kugeza amashanyarazi yizewe kandi adacikagurika ku Banyarwanda bose muri rusange....
Abapolisi 38 baturutse mu bihugu bitandukanye bya Afurika barangije amasomo mu Ishuri Rikuru rya Polisi y’u Rwanda basabwe gukomeza kwagura ubumenyi no guhangana n’ibibazo...
Abajyanama b’ubuzima bo mu Karere ka Gasabo batangaje ko bagiye kongera imbaraga mu gutanga ubujyanama n’amakuru yizewe ku buzima bw’imyororokere, nyuma yo guhabwa amahugurwa...
U Rwanda rwifatanyije n’ibindi bihugu byo ku Isi kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga wahariwe kurwanya imvugo z’urwango, mu gikorwa cyabereye ku Rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko impinduka zikorwa mu buyobozi zishingira ku mikorere n’ubushobozi bwo kuzuza inshingano, agaragaza ko hari igihe...
Perezida Paul Kagame yongeye kwibutsa abayobozi ko imikorere ishingiye ku bufatanye, ubunyangamugayo no gushyira imbere inyungu rusange ari byo bifasha inzego za Leta kugera...
Munezero Jeanne d’Arc Abagize urugaga rw’abagore bo mu ishyaka riharanira Demokarasi n’imibereho myiza y’abaturage (PSD), bagaraza ko Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bibafasha...
Itsinda ry’abaganga b’inzobere mu kuvura indwara z’umutima ku bana ryaturutse muri Israel ryageze i Kigali, aho riteganya kumara icyumweru rifatanya n’abaganga b’Abanyarwanda mu kuvura...
Our Reporter KIGALI, RWANDA – June 11, 2026 – Government leaders, researchers, seed companies, farmers’ organizations, development partners, and financial institutions gathered today at...
Guverinoma y’u Rwanda yemeje ingengo y’Imari y’umwaka wa 2026/2027 izakoreshwa mu bikorwa bitandukanye by’iterambere n’imikorere ya Leta, igera kuri miliyari 7.796,3 Frw. Iyi ngengo...
Panorama Perezida Paul Kagame yakoze impinduka muri Guverinoma ku wa 10 Kamena 2026, ashyiraho abayobozi bashya muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo, iy’Ubucuruzi n’Inganda n’iy’Abakozi ba Leta...